• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 22, 2025
in Imyidagaduro
0
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”
0
SHARES
6
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umukinnyi wa filime Nyarwanda Micky yongeye kugaragaza agahinda, ubwo yagarukaga ku byamubayeho mu rukundo rwe na Regis, wamamaye nka Captain Regis. Mu magambo ye yuzuye uburakari bwinshi, Micky yavuze ko uyu wahoze ari umukunzi we yamugiriye nabi ku buryo bizafata imyaka myinshi kugira ngo amubabarire.

Mu butumwa bwe ubwo yagiranaga ikiganiro na Sabin kuri channel ya Youtube Isimbi TV, yagize ati: “Captain Regis niba urimo kundeba, warampemukiye cyane ku rwego ntashobora kugusobanurira n’umunwa wange ngo ubyumve. Wavuze ibintu bitaribyo urabeshya, nyine warampemukiye ubyumve, rero imbabazi zange bizantwara nk’imyaka 20 kugira ngo numve nabohoka nkubabarire.”

Micky yavuze ko icyamubabaje kurusha ibindi ari uko Regis yamusebeje ndetse akamugerekaho icyaha cyo gufungisha nyina, umuntu afata nk’umutima w’ubuzima bwe.

Yagize ati: “Niko kuri urabizi sinjya ndya indimi, Regis yansebereje mama ariwe muntu wambere nkunda. Ntabwo namubabarira pe. Iyo umuntu akugirira nabi ariko akareka umuryango wawe, wabitekerezaho ukamubabrira; ariko kumfata ukanteranya n’umubyeyi wange? Oya, ibyo sinzabyibagirwa.”

Benshi mu bafana ba Micky batangajwe n’ayo magambo, bamwe bamuhumuriza bamubwira ko igihe kibi cyangwa cyiza cyigeraho cyikarangira, abandi bakavuga ko byaba byiza aramutse ashoboye gukira ibikomere byo mu mutima. Ubu, amagambo ye akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga, aho abakunzi b’ibyamamare batandukanye bagenda batanga ibitekerezo ku kibazo gikomeje kuba urujijo hagati ya Micky na umunyarwenya Regis.

“Sinasubirana n’umuntu wafungishije nyina”
“Bizamfata nk’imyaka 20 kugira ngo mubabarire”

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umusifuzikazi Umutoni Aline kubw’amagambo yamuvuzweho agiye kurega KNC

Next Post

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

October 22, 2025
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

October 22, 2025
Umusifuzikazi Umutoni Aline kubw’amagambo yamuvuzweho agiye kurega KNC

Umusifuzikazi Umutoni Aline kubw’amagambo yamuvuzweho agiye kurega KNC

October 22, 2025
Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

October 22, 2025

Recent News

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

October 22, 2025
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

October 22, 2025
Umusifuzikazi Umutoni Aline kubw’amagambo yamuvuzweho agiye kurega KNC

Umusifuzikazi Umutoni Aline kubw’amagambo yamuvuzweho agiye kurega KNC

October 22, 2025
Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

October 22, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

October 22, 2025
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

October 22, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com