• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Miss Jolly yashyizeho umucyo ku byari byatumye hakekwa ko yaba ari mu rukundo n’umunyemari

Miss Jolly yasobanuye neza ku bihuha bikomeje kuvugwa henshi by’uko ari mu rukundo n’umunyemari, yavuze impamvu atari byo.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 10, 2025
in Imyidagaduro
0
Miss Jolly yashyizeho umucyo ku byari byatumye hakekwa ko yaba ari mu rukundo n’umunyemari
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Miss Jolly yatanze umucyo ku byari byatumye abantu bakeka ko ari mu rukundo n’umunyemari Mutesi Jolly yavuze ko konti ye ya Instagram yibwe, nyuma yuko bigaragaye ko hari uwayikoresheje mu kwandikirana amagambo y’urukundo n’umuherwe wo muri Tanzaniya.

Ibi byatumye habaho impaka mu baturage no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bibajije niba koko Miss Jolly yaba ari mu rukundo n’uwo munyemari.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Jolly yasobanuye ko atigeze ajya mu rukundo n’umunyemari uwo ari we wese, ahubwo yamenye ko konti ye yakoreshejwe mu buryo butari bwo.

Yagize ati: “Ndagira ngo mbwire abantu ko konti yanjye yibwe kandi sinigeze nkorana n’uwo muntu. Ntabwo ari njye wakoresheje amagambo arimo urukundo kuri Instagram.”

Iyi nkuru yatumye abasangiza ku mbuga nkoranyambaga batangira gukwirakwiza amakuru atandukanye, ariko Jolly yavuze ko ari ikinyoma, ndetse yiseguye ku buryo ibintu byagiye bihungabanya ubuzima bwe. Miss Jolly kandi yavuze ko hakomeje gukorwa iperereza kuri icyo gikorwa cyo kwiba konti ye, kugira ngo hagaragare abakoze ubwo buriganya.

Miss Jolly yatanze umucyo ku byari byatumye hakekwa ko ari mu rukundo n’umunyemari.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Uwicyeza Pamella n’umugabo we The Ben bongeye kugaragaza amashusho berekana ko inda ikuriwe

Next Post

Harmonize yikomye abanenga ibisuko bye bishya

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Harmonize yikomye abanenga ibisuko bye bishya

Harmonize yikomye abanenga ibisuko bye bishya

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

January 3, 2026
Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

January 3, 2026
Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

January 3, 2026
Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo

Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo

January 3, 2026

Recent News

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

January 3, 2026
Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

January 3, 2026
Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

January 3, 2026
Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo

Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo

January 3, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

January 3, 2026
Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

January 3, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com