• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello

Mu magambo ye, yavuze ko ikipe ya Rayon Sports ari imwe mu yamusize igikomere ku mutima, biturutse ku buryo yavuze ko iyi kipe itigeze ishimira cyangwa ngo igire icyo imuha nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
September 15, 2025
in Imikino
0
Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mucyo Antha Biganiro, umwe mu bamenyekanye cyane mu mwuga w’itangazamakuru ry’imikino mu Rwanda aho yakoreye amaradiyo atandukanye harimo Contact fm, Authantic fm, Flash fm na Radio and Tv10 ari naho yasoreshe umwuga we, nyuma yo gufata umwanzuro wo gusezera kuri uyu mwuga akerekeza mu bijyanye na scouting (gushakisha impano z’abakinnyi), yongeye kugaruka ku byamubabaje mu gihe yakoraga mu itangazamakuru.

Mu magambo ye, yavuze ko ikipe ya Rayon Sports ari imwe mu yamusize igikomere ku mutima, biturutse ku buryo yavuze ko iyi kipe itigeze ishimira cyangwa ngo igire icyo imuha nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello, wakiniraga mu gihugu cya Congo Kinshasa.

Mucyo yavuze ko yari afite icyizere ko Rayon Sports izamuha agaciro gakwiye, dore ko yari yabahuje na Bello ubwe, akabagezaho amakuru yose n’uburyo uyu mukinnyi ashobora kubafasha gukina neza mu kibuga. Nyamara ngo nyuma y’uko Bello agaragaye mu Rwanda, ikipe yakiniye igihe gito nyuma imusubiza i Kinshasa nk’aho nta cyo amaze, dor ko na Bring Bello yivugiye ko nta mipira yahawe yaba ku kuguru cyangwa ku mutwe ari imbere y’izamo ngo maze abereke ko ntacyo ashoboye.

Ati: “Nabahaye umukinnyi wuzuye, nizeye ko ibyo nakoze bizaha agaciro ibyo nkora, ariko byarangiye Rayon Sports itakaje agaciro k’umukinnyi nari nabahaye dore ko ajya no gusubira niwabo ninjye wamwihereye itike y’indege avuga ko bamufashe nabi, ntan’urupfumuye yahawe. Bansigiye agahinda gusa.”

Aya magambo agaragaza uburyo bamwe mu banyamakuru n’abandi bakora ibikorwa byo gushakira amakipe impano, bakunze kugorwa no kutahabwa agaciro cyangwa icyubahiro gikwiye mu byo bakora .

Kuri ubu, Mucyo Antha avuga ko gusezera mu itangazamakuru byari ingenzi kugira ngo ashyire imbaraga mu gice cya scouting, aho afite intego yo gufasha impano z’abakinnyi bato kubona aho zigaragariza impano.

Ni urugendo rushya arimo, nubwo atahisha ko mu mutima we Rayon Sports yamusigiye igikomere gikomeye.

Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello
Bring Bello ati: “ntan’urupfumuye nahawe. Bansigiye agahinda gusa.”
ADVERTISEMENT
Previous Post

Trump yavuze ko guhagarika kugura peteroli iva mu Burusiya byahagarika intambara yo muri Ukraine

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello

Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello

September 15, 2025
Trump yavuze ko guhagarika kugura peteroli iva mu Burusiya byahagarika intambara yo muri Ukraine

Trump yavuze ko guhagarika kugura peteroli iva mu Burusiya byahagarika intambara yo muri Ukraine

September 15, 2025
The Ben na Pamella bifatikanyije n’inshuti n’abandimwe mu birori byo kwerekana imfura yabo

The Ben na Pamella bifatikanyije n’inshuti n’abandimwe mu birori byo kwerekana imfura yabo

September 15, 2025
Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

September 14, 2025

Recent News

Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello

Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello

September 15, 2025
Trump yavuze ko guhagarika kugura peteroli iva mu Burusiya byahagarika intambara yo muri Ukraine

Trump yavuze ko guhagarika kugura peteroli iva mu Burusiya byahagarika intambara yo muri Ukraine

September 15, 2025
The Ben na Pamella bifatikanyije n’inshuti n’abandimwe mu birori byo kwerekana imfura yabo

The Ben na Pamella bifatikanyije n’inshuti n’abandimwe mu birori byo kwerekana imfura yabo

September 15, 2025
Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

Arne Slot yasobanuye icyatumye Isak atagaragara mu mukino

September 14, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello

Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello

September 15, 2025
Trump yavuze ko guhagarika kugura peteroli iva mu Burusiya byahagarika intambara yo muri Ukraine

Trump yavuze ko guhagarika kugura peteroli iva mu Burusiya byahagarika intambara yo muri Ukraine

September 15, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com