• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Muhanga: Hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 31, 2026
in Amakuru
0
Muhanga: Hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu Murenge wa Shyogwe, mu Karere ka Muhanga, hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo, ariko ntibabone aho babisobanurira. Aba bagabo bagaragaza ko n’ubwo baba bahuye n’ihohoterwa rishingiye ku mubiri cyangwa ku mitekerereze, iyo bageze mu nzego z’ubuyobozi bashaka ubutabera, akenshi ntibahabwe amatwi.

Bavuga ko hari igihe bashinja abagore babo kubakubita, kubatuka cyangwa kubatesha agaciro, ariko bakisanga ari bo bahindurwa abanyabyaha. Bamwe bavuga ko bashinjwa gusinda cyangwa kutita ku nshingano z’urugo, ibintu bavuga ko bidahura n’ukuri kw’ibyo baba bagejeje mu buyobozi.

Umwe muri bo atarigeze ashaka ko dutangaza amazina ye yagize ati: “Ujya kurega usanga ari wowe utangira kubazwa ibibazo byinshi, ukabura uwumva ikibazo cyawe.” Ibi ngo bituma benshi bahitamo guceceka, bakihanganira ihohoterwa aho gushaka ubutabera.

Hari abagaragaza ko imyumvire rusange igifata abagabo nk’abakomeye ituma bigorana kwemera ko na bo bashobora kuba abahohotewe. Ibi ngo bituma n’inzego zimwe na zimwe zitabafata nk’abakwiye gufashwa, ahubwo zikabafata nk’abanyamakosa.

Abasesenguzi mu by’imibanire y’abashakanye bavuga ko ihohoterwa ryo mu ngo ritareba igitsina runaka, ko buri wese ashobora kuba uwahohotewe. Basaba ko habaho uburinganire mu gutanga ubutabera, aho ibibazo by’abagabo n’abagore byakwitabwaho kimwe, hagamijwe kubaka imiryango itekanye kandi irangwa n’ubwubahane.

Muhanga: Hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo
ADVERTISEMENT
Previous Post

Gicumbi: Inzu zubakiwe abatishoboye zikomeje guteza impungenge ku baturage

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Muhanga: Hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo

Muhanga: Hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo

March 31, 2026
Gicumbi: Inzu zubakiwe abatishoboye zikomeje guteza impungenge ku baturage

Gicumbi: Inzu zubakiwe abatishoboye zikomeje guteza impungenge ku baturage

March 31, 2026
TMC yishimiye kwakira Ruti Joel mu rugo iwe

TMC yishimiye kwakira Ruti Joel mu rugo iwe

March 31, 2026
Haringingo Francis yongeye kuyobora Rayon Sports, nyuma y’imyaka isaga itatu ayivuyemo

Haringingo Francis yongeye kuyobora Rayon Sports, nyuma y’imyaka isaga itatu ayivuyemo

March 31, 2026

Recent News

Muhanga: Hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo

Muhanga: Hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo

March 31, 2026
Gicumbi: Inzu zubakiwe abatishoboye zikomeje guteza impungenge ku baturage

Gicumbi: Inzu zubakiwe abatishoboye zikomeje guteza impungenge ku baturage

March 31, 2026
TMC yishimiye kwakira Ruti Joel mu rugo iwe

TMC yishimiye kwakira Ruti Joel mu rugo iwe

March 31, 2026
Haringingo Francis yongeye kuyobora Rayon Sports, nyuma y’imyaka isaga itatu ayivuyemo

Haringingo Francis yongeye kuyobora Rayon Sports, nyuma y’imyaka isaga itatu ayivuyemo

March 31, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Muhanga: Hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo

Muhanga: Hari abagabo bavuga ko bahura n’ihohoterwa rikorerwa mu ngo zabo

March 31, 2026
Gicumbi: Inzu zubakiwe abatishoboye zikomeje guteza impungenge ku baturage

Gicumbi: Inzu zubakiwe abatishoboye zikomeje guteza impungenge ku baturage

March 31, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com