• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Muhanga: Umusore akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 17 y’amavuko

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) yatangiye ibikorwa byo gushakisha uwo musore kugira ngo ashyikirizwe ubutabera.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 1, 2025
in Amakuru, Karabaye
0
Muhanga: Umusore akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 17 y’amavuko
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yatangarije Kasuku Media ko inzego z’umutekano zatangiye gushakisha umusore ukomoka mu Murenge wa Kibangu, Akarere ka Muhanga, ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko.

Amakuru atangwa n’abaturage avuga ko uwo mukobwa yaburiwe irengero ku wa 27 Nzeri 2025, ariko bukeye bwaho abaturanyi bamusanga yararanye n’uwo musore bikekwa ko ari we wamushutse. Ibi byahise biteza impungenge ku miryango yombi ndetse n’abayobozi b’inzego z’ibanze, bahita batabaza Polisi kugira ngo hakorwe iperereza ryimbitse.

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) yahise itangira ibikorwa byo gushakisha uwo musore kugira ngo ashyikirizwe ubutabera.

Umuvugizi wa Polisi yavuze ko ibyaha byo gusambanya abana bidakwiriye na gato, kuko bihungabanya ubuzima bwabo, bikangiza ejo habo hazaza ndetse bikaba binahanwa n’amategeko y’u Rwanda.

Yakomeje asaba abaturage kudahishira abagizi ba nabi ahubwo bakihutira gutanga amakuru igihe cyose babonye cyangwa bakekeranya ibyaha nk’ibi. Ati: “Gusambanya abana ni icyaha gikomeye. Turasaba abaturage gukomeza kugira uruhare mu gutanga amakuru ku gihe, kugira ngo abafite imigambi mibi nk’iyi batazabona umwanya wo kuyishyira mu bikorwa.”

Ku rundi ruhande, abaturage bo mu Murenge wa Kibangu basabye ko hakazwa ubukangurambaga bwo kwigisha urubyiruko ndetse n’ababyeyi, kugira ngo babashe kumenya akamaro ko kurinda abana babo mu bihe byose. Umwe mu babyeyi yagize ati: “Turasaba ko abakora ibikorwa nk’ibi bahanwa by’intangarugero, kuko gusambanya abana bisiga igikomere gikomeye ku buzima bwabo n’imiryango yabo.”

Amategeko y’u Rwanda ahana mu ngingo y’i 133 ateganya ko umuntu wese usambanyije umwana ahanishwa igihano cy’igifungo kuva ku myaka 20 kugeza ku myaka 25. Ibi bigaragaza ko icyaha gishinjwa uwo musore gifatwa nk’ikiremereye kandi gikeneye gukurikiranwa byihuse.

Inzego zishinzwe umutekano n’ubutabera zatangaje ko ibikorwa byo kumushakisha bikomeje, kandi ko vuba aha azashyikirizwa inkiko kugira ngo aburanishwe.

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) yatangiye ibikorwa byo gushakisha uwo musore kugira ngo ashyikirizwe ubutabera

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Bernardo Silva ntiyigeze atangaza aho azerekeza nyuma yuko amasezerano ye ari kurangira

Next Post

Nyanza: Kanyanga yaturikanye abagabo babiri umwe ahita ahasiga ubuzima

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Nyanza: Kanyanga yaturikanye abagabo babiri umwe ahita ahasiga ubuzima

Nyanza: Kanyanga yaturikanye abagabo babiri umwe ahita ahasiga ubuzima

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

October 3, 2025
Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

October 3, 2025
FIFA yamuritse Trionda, umupira wihariye uzakinishwa mu Gikombe cy’Isi cya 2026

FIFA yamuritse Trionda, umupira wihariye uzakinishwa mu Gikombe cy’Isi cya 2026

October 3, 2025
Byinshi utamenye ku magambo yo gushyogozanya hagati ya Ricard na Kasuku

Byinshi utamenye ku magambo yo gushyogozanya hagati ya Ricard na Kasuku

October 2, 2025

Recent News

Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

October 3, 2025
Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

October 3, 2025
FIFA yamuritse Trionda, umupira wihariye uzakinishwa mu Gikombe cy’Isi cya 2026

FIFA yamuritse Trionda, umupira wihariye uzakinishwa mu Gikombe cy’Isi cya 2026

October 3, 2025
Byinshi utamenye ku magambo yo gushyogozanya hagati ya Ricard na Kasuku

Byinshi utamenye ku magambo yo gushyogozanya hagati ya Ricard na Kasuku

October 2, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

October 3, 2025
Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

October 3, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com