• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Muyoboke Alexis yazanye Voxa TV na Studio mu rwego rwo guteza imbere abahanzi

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 31, 2026
in Imyidagaduro
0
Muyoboke Alexis yazanye Voxa TV na Studio mu rwego rwo guteza imbere abahanzi
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Muyoboke Alexis, umwe mu bantu bamaze igihe kinini bagaragara mu ruhando rw’imyidagaduro mu Rwanda, yatangije ku mugaragaro umuyoboro wa Televiziyo ukorera kuri murandasi witwa Voxa TV, anawushingira na studio igezweho izajya ifasha abahanzi mu bikorwa byabo bya buri munsi.

Uyu mugabo uzwi cyane nk’umujyanama w’abahanzi batandukanye, yavuze ko iki gitekerezo cyaturutse ku bunararibonye bwe amaze imyaka myinshi mu muziki, aho yabonye impinduka nyinshi zagiye ziba mu nganda ndangamuco, ariko hakigaragara imbogamizi zituma bamwe mu bahanzi batagera kure uko bikwiye.

Yasobanuye ko Voxa TV igamije kuba urubuga rutanga amahirwe ku bahanzi bose, cyane cyane abakizamuka, kugira ngo babashe kumenyekanisha ibihangano byabo no kugera ku bakunzi benshi b’umuziki n’indi myidagaduro. Iyi studio izafasha mu gutunganya amajwi n’amashusho ku rwego rwiza, bityo abahanzi babashe guhangana ku isoko mpuzamahanga.

Izina “Voxa” rifite inkomoko mu rurimi rw’Ikigereki, risobanura ijwi, bikaba bihura n’intego y’uyu mushinga wo gutuma ijwi ry’umuhanzi rigera kure hashoboka.

Muyoboke Alexis yasanze guteza imbere impano z’abakiri bato ari imwe mu nzira zikomeye zo guteza imbere inganda ndangamuco, bityo Voxa TV na studio yayo bikazaba igisubizo ku bifuza urubuga rubafasha kuzamura impano zabo no kugera ku rwego rwo hejuru.

Muyoboke Alexis yazanye Voxa TV na Studio mu rwego rwo guteza imbere abahanzi
ADVERTISEMENT
Previous Post

Kuri Captain Ndinzabera Mayunga inshingano zikomeje kwiyongera kubera intambara ziri kubera mu Burasirazuba bwa RDC

Next Post

Haringingo Francis yongeye kuyobora Rayon Sports, nyuma y’imyaka isaga itatu ayivuyemo

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Haringingo Francis yongeye kuyobora Rayon Sports, nyuma y’imyaka isaga itatu ayivuyemo

Haringingo Francis yongeye kuyobora Rayon Sports, nyuma y’imyaka isaga itatu ayivuyemo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Enzo Fernández yavuze ku bihano yahawe n’ikipe ya Chelsea ko bidafite ishingiro

Enzo Fernández yavuze ku bihano yahawe n’ikipe ya Chelsea ko bidafite ishingiro

April 3, 2026
Kageyo: Abaturage baracyategereje ubufasha bw’amabati bemerewe imyaka ibiri ishize

Kageyo: Abaturage baracyategereje ubufasha bw’amabati bemerewe imyaka ibiri ishize

April 3, 2026
RBC yateguye abajyanama n’urubyiruko gutabara abahura n’ihungabana mu gihe cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

RBC yateguye abajyanama n’urubyiruko gutabara abahura n’ihungabana mu gihe cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

April 3, 2026
Hakozwe inama ku izamuka ry’ibiciro bya peterole bishobora gukoma mu nkokora ubukungu

Hakozwe inama ku izamuka ry’ibiciro bya peterole bishobora gukoma mu nkokora ubukungu

April 3, 2026

Recent News

Enzo Fernández yavuze ku bihano yahawe n’ikipe ya Chelsea ko bidafite ishingiro

Enzo Fernández yavuze ku bihano yahawe n’ikipe ya Chelsea ko bidafite ishingiro

April 3, 2026
Kageyo: Abaturage baracyategereje ubufasha bw’amabati bemerewe imyaka ibiri ishize

Kageyo: Abaturage baracyategereje ubufasha bw’amabati bemerewe imyaka ibiri ishize

April 3, 2026
RBC yateguye abajyanama n’urubyiruko gutabara abahura n’ihungabana mu gihe cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

RBC yateguye abajyanama n’urubyiruko gutabara abahura n’ihungabana mu gihe cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

April 3, 2026
Hakozwe inama ku izamuka ry’ibiciro bya peterole bishobora gukoma mu nkokora ubukungu

Hakozwe inama ku izamuka ry’ibiciro bya peterole bishobora gukoma mu nkokora ubukungu

April 3, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Enzo Fernández yavuze ku bihano yahawe n’ikipe ya Chelsea ko bidafite ishingiro

Enzo Fernández yavuze ku bihano yahawe n’ikipe ya Chelsea ko bidafite ishingiro

April 3, 2026
Kageyo: Abaturage baracyategereje ubufasha bw’amabati bemerewe imyaka ibiri ishize

Kageyo: Abaturage baracyategereje ubufasha bw’amabati bemerewe imyaka ibiri ishize

April 3, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com