• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 14, 2026
in Imyidagaduro
0
Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara
0
SHARES
3
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Uwihoreye Jean Bosco uzwi cyane ku izina rya Ndimbati, umwe mu bakinnyi ba sinema bamenyekanye cyane mu Rwanda, ari mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rwa nyina umubyara witabye Imana kuri uyu wa 14 Mutarama 2026.

Ibi byemejwe na Ndimbati ubwe, aho yavuze ko ayo makuru ababaje ari ukuri. Nubwo yari mu bihe bikomeye, yagerageje gutanga ibisobanuro bigufi, avuga ko umubyeyi we yitahiye Imana ari mu rugo iwe, aho yari amaze iminsi ahatuye. Yagize ati: “Ni byo koko, umubyeyi wanjye yitahiye Imana yari mu rugo iwanjye, aho yari amaze iminsi.”

Ndimbati ntiyigeze ajya mu bisobanuro birambuye ku cyateye urupfu rw’umubyeyi we, ashimangira ko ari igihe cyo guhumuriza umuryango no kwakira ibyabaye mu mutuzo.

Amakuru yizewe avuga ko uyu mubyeyi yaguye mu rugo ruherereye mu Mujyi wa Kigali, mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Kigali, mu gace kazwi nka Norvège, aho Ndimbati atuye. Urupfu rwe rwabaye ku manywa yo kuri uyu munsi, bikaba byashenguye cyane umuryango n’inshuti.

Mu mwaka wa 2023, Ndimbati yari yarerekanye nyina mu itangazamakuru ubwo yitabiraga igikorwa cyo kwibuka se umubyara, wari umaze imyaka 11 yitabye Imana. Icyo gihe, benshi bari bashimishijwe no kubona umubano mwiza yagiranye n’umubyeyi we.

Ndimbati azwi cyane muri sinema y’u Rwanda, by’umwihariko muri filimi “Papa Sava” ya Niyitegeka Gratien, yamugize icyamamare mu gihugu. Ubu, abakunzi be n’abakurikiranira hafi sinema y’u Rwanda bakomeje kumwihanganisha muri ibi bihe bikomeye arimo.

ADVERTISEMENT
Previous Post

U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica gufasha gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga ‘Melissa’

Next Post

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

January 14, 2026
Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

January 14, 2026
U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica gufasha gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga ‘Melissa’

U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica gufasha gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga ‘Melissa’

January 14, 2026
Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026

Recent News

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

January 14, 2026
Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

January 14, 2026
U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica gufasha gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga ‘Melissa’

U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica gufasha gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga ‘Melissa’

January 14, 2026
Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

January 14, 2026
Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

January 14, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com