• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 85 yugarijwe n’ingaruka zo kutagira indangamuntu

Umukecuru ubana n'ubumuga bwo kutabona avuga ko kuba adafite indangamuntu bimubuza amahirwe yo kubona ubufasha butangwa na Leta bugenerwa abageze mu izabukuru batishoboye.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 1, 2025
in Amakuru
0
Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 85 yugarijwe n’ingaruka zo kutagira indangamuntu
0
SHARES
8
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu Karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Kagano, hari umukecuru witwa Mukarubuga Daphrose uri mu kigero cy’imyaka 85. Uyu mukecuru ubana n’ubumuga bwo kutabona ndetse akaba atakibasha kwjyana hanze kubera izabukuru. Avuga ko kuba adafite indangamuntu bimubuza amahirwe yo kubona ubufasha butangwa na Leta bugenerwa abageze mu izabukuru batishoboye.

Mukarubuga asobanura ko kuva kera yagiye abaho mu buzima bugoye, uko imyaka igenda yihirika niko ibibazo birushaho kumubera ihurizo rikomeye.

Kuba nta ndangamuntu agira, bituma atabasha kwiyandikisha mu bikorwa by’ubudehe cyangwa ngo ashyirwe ku rutonde rw’abahabwa inkunga y’ingoboka, ibiribwa cyangwa ubundi bufasha buhabwa abageze mu zabukuru badafite amikoro ahagije.

Abaturanyi be bavuga ko bagira impungenge ko ashobora gukomeza gusigara inyuma mu gihe abandi bagezwaho imishinga ya Leta igamije guteza imbere imibereho myiza. Umwe mu baturanyi be yagize ati: “Ni umukecuru tubana neza, ariko tubona ko kubura indangamuntu bimubera ikibazo gikomeye. Iyo ubuyobozi bugeze mu mudugudu gutanga ubufasha, we asigara mu rugo.”

Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bugaragaza ko hari gahunda zashyizweho zo gufasha abageze mu izabukuru kubona indangamuntu byihuse, ariko hakiri inzitizi mu gusohoza neza icyo gikorwa. Bavuga ko ikibazo cya Mukarubuga kizwi kandi ko hateganywa uburyo bwo kugifatira umwanzuro kugira ngo adakomeza kubura uburenganzira bwe nk’umuturage w’u Rwanda.

Uyu mukecuru we arasaba ko yakwemererwa kubona indangamuntu kugira ngo na we abashe gukoresha uburenganzira bwe, bityo yinjizwe mu bikorwa byo gufashwa nk’abandi baturage bose. Yagize ati: “Nifuza ko banshyira ku rutonde nk’abandi, kuko nanjye ndi Umunyarwanda. Kuba ntabona ubufasha ntibikwiye kuntandukanya n’abandi.”

Ibi byerekana ko ikibazo cy’abantu bageze mu izabukuru badafite indangamuntu gikwiye kwitabwaho byihariye, kuko bituma basigara inyuma mu bikorwa bya Leta bigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.

Umukecuru ubana n’ubumuga bwo kutabona avuga ko kuba adafite indangamuntu bimubuza amahirwe yo kubona ubufasha butangwa na Leta bugenerwa abageze mu izabukuru batishoboye

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Rutsiro: Abatishoboye ba Kageyo barasaba ubufasha bwo kwigisha abana babo

Next Post

Bernardo Silva ntiyigeze atangaza aho azerekeza nyuma yuko amasezerano ye ari kurangira

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Bernardo Silva ntiyigeze atangaza aho azerekeza nyuma yuko amasezerano ye ari kurangira

Bernardo Silva ntiyigeze atangaza aho azerekeza nyuma yuko amasezerano ye ari kurangira

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

March 23, 2026
Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

March 23, 2026
Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

March 23, 2026
Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

March 23, 2026

Recent News

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

March 23, 2026
Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

March 23, 2026
Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

March 23, 2026
Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

March 23, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

March 23, 2026
Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

March 23, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com