• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Karabaye

Nyanza: Abana baherutse guturikanwa na Grenade

Polisi y’u Rwanda irasaba abaturage kwitondera ibikoresho cyangwa ibyuma babonye batazi inkomoko yabyo, cyane cyane ibishobora kuba bifite akamaro mu bikorwa bya gisirikare cyangwa byarakoreshejwe mu bihe byashize.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
September 24, 2025
in Karabaye
0
Nyanza: Abana baherutse guturikanwa na Grenade
0
SHARES
6
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Polisi y’u Rwanda irasaba abaturage kwitondera ibikoresho cyangwa ibyuma babonye batazi inkomoko yabyo, cyane cyane ibishobora kuba bifite akamaro mu bikorwa bya gisirikare cyangwa byarakoreshejwe mu bihe byashize. Polisi ikomeza isaba abaturage kugira ngo hirindwe impanuka zikomeje kugaragara, zituruka ku gukinisha cyangwa gucokoza ibyo bikoresho.

Abaturage bo basabwe guhita batanga amakuru ku nzego z’umutekano igihe babonye ibyo bikoresho aho biherereye.

Ibi bibaye nyuma y’impanuka yabereye mu Murenge wa Ntyazo, mu Karere ka Nyanza, aho abana bari bakinisha igikoresho cyaje kugaragara ko ari grenade.

Iyo grenade bayikuye mu nzu y’uwahoze ari mu itsinda rya Local Defense, maze iraturika ikomeretsa bamwe muri abo bana. Amakuru atangwa n’inzego z’ibanze avuga ko umwana umwe muri abo ari gukurikiranwa n’abaganga kubera ibikomere bikomeye yatewe niyo grenade.

Polisi ikomeza kwibutsa ko ibyo bikoresho bishobora kuba bisigaye henshi mu gihugu kubera amateka yaranze inzego z’umutekano mu bihe byashize, ari yo mpamvu buri wese agomba kugira ubushishozi no kwirinda kubikoraho.

Yagize iti: “Ni ngombwa ko abaturage bamenya ko gusiga ibikoresho nk’ibi ahagaragara ari ikibazo gikomeye, kandi kubona umuntu abyikojejeho bishobora gutera ibyago bikomeye ku buzima bwe cyangwa n’ubwabandi muri rusange.”

Inzego z’ibanze n’abaturage bose barakangurirwa gukorana n’urwego rwa Polisi y’u Rwanda no gutanga amakuru mu gihe habonetse ahakekwaho kugira ibikoresho nk’ibyo, kugira ngo bikurweho hakiri kare kandi ubuzima bw’abantu bukomeze kurindwa.

Polisi y’u Rwanda irakangurira abaturage kwitondera ibyuma batazi n’inkomoko yabyo
ADVERTISEMENT
Previous Post

Jerome Boateng yasezeye gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga

Next Post

Ngororero: Umuturage arashinja Gitifu kumukubitira mu biro akamuvuna ukuboko

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Ngororero: Umuturage arashinja Gitifu kumukubitira mu biro akamuvuna ukuboko

Ngororero: Umuturage arashinja Gitifu kumukubitira mu biro akamuvuna ukuboko

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Hagati y’ikipe ya Chelsea na Liverpool haraca uwambaye

Hagati y’ikipe ya Chelsea na Liverpool haraca uwambaye

October 4, 2025
Ese ujya wibaza uko byagenda uretse kunywa amazi burundu?

Ese ujya wibaza uko byagenda uretse kunywa amazi burundu?

October 3, 2025
Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

October 3, 2025
Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

October 3, 2025

Recent News

Hagati y’ikipe ya Chelsea na Liverpool haraca uwambaye

Hagati y’ikipe ya Chelsea na Liverpool haraca uwambaye

October 4, 2025
Ese ujya wibaza uko byagenda uretse kunywa amazi burundu?

Ese ujya wibaza uko byagenda uretse kunywa amazi burundu?

October 3, 2025
Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

Bugesera: Umukozi wo mu ruganda rw’Imana Steel Rwanda Ltd yishwe n’ibyuma bishyushye

October 3, 2025
Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

Umunyezamu wa Liverpool Alisson Becker yagize imvune ya ‘hamstring’ 

October 3, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Hagati y’ikipe ya Chelsea na Liverpool haraca uwambaye

Hagati y’ikipe ya Chelsea na Liverpool haraca uwambaye

October 4, 2025
Ese ujya wibaza uko byagenda uretse kunywa amazi burundu?

Ese ujya wibaza uko byagenda uretse kunywa amazi burundu?

October 3, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com