• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Politike

Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 27, 2025
in Politike
0
Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon
0
SHARES
8
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Paul Biya, Perezida wa Cameroun umaze imyaka irenga 40 ayobora icyo gihugu, yongeye kwegukana intsinzi mu matora ya Perezida yabaye muri 2025, aho yagize amajwi 53,66%, nk’uko byatangajwe n’Akanama gashinzwe kurengera Itegeko Nshinga. Uyu mukambwe w’imyaka 92 y’amavuko akomeje kuba umukuru w’igihugu ukuze kurusha abandi ku Isi uri ku butegetsi.

Uwakurikiye Biya mu majwi ni Issa Tchiroma Bakary, wigeze kuba Minisitiri w’Itangazamakuru, wagize 35,19%. Abandi bakandida batandatu basigaye bagize amajwi make cyane atarenze 5%. Akanama gashinzwe amatora kavuze ko amatora yabaye mu mutuzo, nubwo abatavuga rumwe na Leta bavuga ko habayeho amanyanga n’igitugu cy’abashinzwe umutekano mu turere tumwe.

Paul Biya yagiye ku butegetsi mu 1982, asimbura Ahmadou Ahidjo, akaba ari umwe mu bategetsi bamaze igihe kinini ku butegetsi ku Isi.

Ku myaka 92, akomeje kuba icyitegererezo cy’ubutegetsi bwa kera, aho bamwe bamwita “Umwami utajya ahinduka mu gihe cy’amatora”.

Abasesenguzi bavuga ko intsinzi ye yerekana uburyo ishyaka rye, RDPC (Rassemblement Démocratique du Peuple Camerounais), rikifite imbaraga mu gihugu, ariko hakomeje kwibazwa ku hazaza ha politiki y’iki gihugu gikomeje kugorwa n’imvururu mu Burasirazuba no mu Majyaruguru.

Nubwo bamwe bavuga ko Biya akwiye guha urubyiruko amahirwe, abamushyigikiye bo bavuga ko “ari umuyobozi w’amahoro n’ituze” kandi ko Cameroun ikimukeneye.

Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon
ADVERTISEMENT
Previous Post

Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

Next Post

Sherrie Silver yatangaje ko afite inzozi zo kurushinga n’umusore w’Umunyarwanda

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Sherrie Silver yatangaje ko afite inzozi zo kurushinga n’umusore w’Umunyarwanda

Sherrie Silver yatangaje ko afite inzozi zo kurushinga n'umusore w’Umunyarwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Marten de Roon yanditse amateka mashya adasanzwe mu ikipe ya Atalanta Bergamo

Marten de Roon yanditse amateka mashya adasanzwe mu ikipe ya Atalanta Bergamo

March 22, 2026
FERWAFA yakiriye ikipe ya Al Hilal SC, iyizeza ubufasha mu rugendo rwa CAF

FERWAFA yakiriye ikipe ya Al Hilal SC, iyizeza ubufasha mu rugendo rwa CAF

March 22, 2026
Riderman ni umwe mu bahanzi bakomeye basusurukije urubyiruko mu nama ya FPR Inkotanyi

Riderman ni umwe mu bahanzi bakomeye basusurukije urubyiruko mu nama ya FPR Inkotanyi

March 22, 2026
Chelsea ikomeje gutsindwa mpaga, nyuma yo gutsindwa imikino ine yikurikiranya

Chelsea ikomeje gutsindwa mpaga, nyuma yo gutsindwa imikino ine yikurikiranya

March 21, 2026

Recent News

Marten de Roon yanditse amateka mashya adasanzwe mu ikipe ya Atalanta Bergamo

Marten de Roon yanditse amateka mashya adasanzwe mu ikipe ya Atalanta Bergamo

March 22, 2026
FERWAFA yakiriye ikipe ya Al Hilal SC, iyizeza ubufasha mu rugendo rwa CAF

FERWAFA yakiriye ikipe ya Al Hilal SC, iyizeza ubufasha mu rugendo rwa CAF

March 22, 2026
Riderman ni umwe mu bahanzi bakomeye basusurukije urubyiruko mu nama ya FPR Inkotanyi

Riderman ni umwe mu bahanzi bakomeye basusurukije urubyiruko mu nama ya FPR Inkotanyi

March 22, 2026
Chelsea ikomeje gutsindwa mpaga, nyuma yo gutsindwa imikino ine yikurikiranya

Chelsea ikomeje gutsindwa mpaga, nyuma yo gutsindwa imikino ine yikurikiranya

March 21, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Marten de Roon yanditse amateka mashya adasanzwe mu ikipe ya Atalanta Bergamo

Marten de Roon yanditse amateka mashya adasanzwe mu ikipe ya Atalanta Bergamo

March 22, 2026
FERWAFA yakiriye ikipe ya Al Hilal SC, iyizeza ubufasha mu rugendo rwa CAF

FERWAFA yakiriye ikipe ya Al Hilal SC, iyizeza ubufasha mu rugendo rwa CAF

March 22, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com