• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Amakuru

Perezida Ndayishimiye yashinje abahoze ari abajyanama be kwica amategeko mu rwego rw’Ubutabera

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 21, 2025
in Amakuru
0
Perezida Ndayishimiye yashinje abahoze ari abajyanama be kwica amategeko mu rwego rw’Ubutabera
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yibasiye bikomeye batatu bahoze ari abajyanama be mu rwego rw’ubutabera, nyuma y’aho bafunguje imfungwa atahaye imbabazi. Aba bajyanama ni Baribonekeza Jean Baptiste wari ushinzwe ubutabera n’ubutegetsi, Sibomana Cyrille wari ushinzwe gutegura amategeko, na Harerimana Arcade. Bose batawe muri yombi maze bafungirwa muri gereza ya Mpimba.

Mu kiganiro n’abanyamuryango b’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi cyabereye mu ntara ya Gitega, Perezida Ndayishimiye yagaragaje uburakari bukomeye ashinja aba bantu kutamwubaha no guhonyora inzego z’igihugu.

Yabashinje gukoresha nabi inshingano zabo, maze avuga ko bari barigize “intama kandi ari ibirura.”

Yagize ati: “Mwigira intama muri ibirura. Ni yo mpamvu mvuga ko ubunyangamugayo buterwa no kubura uburyo. None ntimuri kumpemukira mubona? Nta mujyanama wanjye mukuru wampemukiye mubona? Njyewe nari nzi ko ari umuhanga, nari nzi ko ari muzima muhuye, kumbe ni ikirura muhuye, ntubimenye.”

Perezida Ndayishimiye yavuze ko imfungwa zirenga 5000 zahawe imbabazi na we ubwe ari izahamijwe ibyaha bito, ariko ngo abajyanama be bo bafunguje abandi bantu batari bakwiye gufungurwa.

Yavuze ko aho gufunguza abashobora guteza imbere Igihugu, bafunguye abashobora kugisenya no kugihungabanya.

Ati: “Aho kurekura umuntu ujya guteza imbere Igihugu, ukarekura ujya kwica igihugu! …Bitwaje ko bakorera mu biro iwanjye, baragenda bavuga ko ‘hariho amabwiriza duhawe’, aba n’aba bagomba gutaha. Bavuze ngo ‘Rero tubishyire muri raporo’, ngo ‘Oya, iki ni icyitonderwa’ kugira ngo simbimenye.”

Perezida yakomeje asobanura ko ibi bikorwa ari icyaha gikomeye cyo guhungabanya inzego z’Igihugu no kwangiza icyizere abaturage bagirira ubuyobozi.

Yongeyeho ko ibyo bakoze byatumye Igihugu gihura n’ibibazo bitari ngombwa, cyane cyane muri iki gihe ubuyobozi bwari bushyize imbere gukemura ibibazo by’ubutabera no gusigasira ituze n’umutekano w’Igihugu.

Uyu muyobozi yahamagariye abanyamuryango b’ishyaka CNDD-FDD gukomeza gushyigikira gahunda z’ubuyobozi kandi bagafasha kugaragaza abantu bose bashaka gukoresha nabi inshingano zabo cyangwa bakorera mu nyungu zabo bwite.

Yashimangiye ko buri wese ukoresha nabi ubushobozi ahabwa, azakurikiranwa kandi ahanwe by’intangarugero.

Perezida Ndayishimiye yasabye kandi ko hashyirwaho ingamba zikomeye zo kugenzura abakozi bose bo mu nzego za leta kugira ngo ibikorwa nk’ibi bitazasubira ukundi. Yanavuze ko iyi ari intambwe ikomeye mu guharanira ko ubutabera bw’Igihugu butabogamirwa n’inyungu za bamwe, ahubwo bugakomeza kuba igikoresho cyo gusigasira uburenganzira bwa buri wese.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umunsi wa nyuma wa Joseph Robinette Biden Jr. Uzwi nka Joe Biden mu Biro by’umukuru w’Igihugu muri Amerika wageze

Next Post

Perezida Samia Suluhu Hassan yemeje ko habonetse uburwayi bwa Marburg muri Tanzania

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Perezida Samia Suluhu Hassan yemeje ko habonetse uburwayi bwa Marburg muri Tanzania

Perezida Samia Suluhu Hassan yemeje ko habonetse uburwayi bwa Marburg muri Tanzania

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025

Recent News

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com