• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 12, 2026
in Imikino
0
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League
0
SHARES
7
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakurikiye umukino ukomeye wa 1/8 cy’irangiza mu irushanwa rya UEFA Champions League, aho ikipe ya Paris Saint‑Germain yanyagiye Chelsea FC ibitego 5-2.

Uyu mukino wabaye ku wa Gatatu kuri stade ya Parc des Princes i Paris mu Bufaransa, mu mikino ibanza ya 1/8 cy’iri rushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi.

PSG yatangiye umukino iri ku muvuduko mwinshi cyane, maze ku munota wa 10 gusa Bradley Barcola afungura amazamu atsinda igitego cya mbere. Ibyishimo by’abafana ba PSG byakomeje kwiyongera ubwo ku munota wa 40 Ousmane Dembélé yatsindaga igitego cya kabiri, igice cya mbere kirangira PSG iyoboye umukino.

Mu gice cya kabiri, Chelsea yagerageje kwisubiraho, maze Malo Gusto atsinda igitego cya mbere cy’iyi kipe ku munota wa 28, nyuma y’aho Enzo Fernández nawe atsinda icya kabiri ku munota wa 57.

Gusa PSG ntiyacitse intege, kuko ku munota wa 74 Vitinha yatsinze igitego cya gatatu, mbere y’uko Khvicha Kvaratskhelia atsinda ibitego bibiri bikurikiranye, byatumye PSG isoza umukino itsinze ibitego 5-2.

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League

Uyu mukino wakurikiwe n’abakunzi benshi b’umupira w’amaguru ku Isi, barimo na Perezida Kagame usanzwe azwiho gukunda cyane siporo cyane cyane ruhago. Intsinzi ya PSG itumye igira amahirwe akomeye yo gukomeza muri 1/4 cy’irangiza mbere y’umukino wo kwishyura uzabera mu Bwongereza.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Imijyi 50 myiza yo gusura mu 2026: Afurika ihagarariwe n’ine

Next Post

Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza

Rekeraho guhangayikishwa n'aho wakura amafunguro ateguwe neza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026
Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

March 17, 2026

Recent News

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026
Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

March 17, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com