• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Imyidagaduro

Playboi Carti yashimwe na Barack Obama kubera album ye “I Am Music”

Playboi Carti, umaze imyaka igera kuri icumi mu muziki, ni umwe mu baraperi bafite umwihariko w’injyana n’imiririmbire ye, bikamufasha kugira igikundiro gikomeye ku isi.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 23, 2025
in Imyidagaduro
0
Playboi Carti yashimwe na Barack Obama kubera album ye “I Am Music”
0
SHARES
3
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuraperi w’Umunyamerika Playboi Carti yahishuye ko Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamwandikiye ubutumwa amushimira ku bw’album ye nshya yise I Am Music, avuga ko ikomeje kumushimisha.

Mu butumwa bwe, Barack Obama yabwiye Carti ko iyi album ari imwe mu zikunzwe muri iyi minsi ndetse ko n’umugore we, Michelle Obama, yayikunze cyane.

Yagize ati: “Michelle yamfashije gutahura ko ‘I Am Music’ ari album idasanzwe. Indirimbo ‘TRIM’ ni yo dukunda cyane ndetse buri gitondo ndabyuka ngasanga ari yo iri gucurangwa.”

Si Obama wenyine wagaragaje ko iyi album ari nziza, kuko na Kanye West aherutse gutangaza ko ari imwe mu zifite umwimerere n’ubuhanga buhanitse.

Nubwo yayishimiye, Kanye yavuze ko atumva impamvu umuraperi Kendrick Lamar yayigaragayemo, kuko yumva bitari ngombwa.

Barack Obama akunda umuziki cyane, ndetse akunze kugaragaza urutonde rw’indirimbo zamushimishije mu mwaka runaka.

Buri mpera z’umwaka, ashyira hanze urutonde rw’indirimbo zamunyuze, akagaragaza abahanzi bakomeje gutuma akunda injyana zitandukanye.

Playboi Carti, umaze imyaka igera kuri icumi mu muziki, ni umwe mu baraperi bafite umwihariko w’injyana n’imiririmbire ye, bikamufasha kugira igikundiro gikomeye ku isi. Album ye I Am Music ikomeje kwigarurira imitima ya benshi, bikaba bishimangirwa n’ukuntu abantu bakomeye nka Barack Obama bayikunze.

Umuraperi w’Umunyamerika Playboi Carti yahishuye ko Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamwandikiye ubutumwa amushimira ku bw’album ye nshya yise I Am Music, avuga ko ikomeje kumushimisha.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Lee Kang-in wa PSG Arakomeretse, Asiba Umukino w’Ingenzi wa Koreya y’Epfo na Jordan

Next Post

Bad Rama akomeje kotswa igitutu nyuma yo kunenga itangazamakuru ryo mu Rwanda

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Bad Rama akomeje kotswa igitutu nyuma yo kunenga itangazamakuru ryo mu Rwanda

Bad Rama akomeje kotswa igitutu nyuma yo kunenga itangazamakuru ryo mu Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

May 17, 2025
Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

May 17, 2025

Recent News

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

May 17, 2025
Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

May 17, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com