• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza

Ti'Amo Lounge ifite ubwoko butandukanye bw’amafunguro arimo ay’iwacu ndetse n’ayo mu mahanga.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 12, 2026
in Amakuru
0
Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza
0
SHARES
11
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu Mujyi wa Kigali ugenda urushaho kuba igicumbi cy’imyidagaduro n’ubukerarugendo, hari ahantu hamaze kumenyekana cyane kubera serivisi nziza n’amafunguro ateguye ku rwego rwo hejuru. Aho ni Ti’Amo Lounge Bar & Resto iherereye i Remera imbere ya gare, hafi ya station ya ORXY.

Abakunda gusohoka bakeneye amafunguro ateguwe neza cyangwa bbakeneye kuruhuka mu mutwe mu buryo butandukanye Ti’Amo Lounge ni hamwe mu hantu heza umuntu ashobora gusangamo amafunguro ateguwe kinyamwuga kandi aryoshye. Ubuyobozi bw’iyi lounge buvuga ko intego yabo ari uguha abakiriya serivisi nziza, amafunguro ateguwe neza ndetse n’ikirere cy’imyidagaduro gituma uwahageze yifuza kongera kuhagaruka.

Ti’Amo Lounge ifite ubwoko butandukanye bw’amafunguro arimo ay’iwacu ndetse n’ayo mu mahanga, ategurwa n’abatetsi babifitiye ubunararibonye. Ibi bituma umuntu wese wahageze abasha kubona ifunguro rimunyura bitewe n’ibyo akunda.

Uretse amafunguro, Ti’Amo Lounge yamenyekanye cyane mu bijyanye n’imyidagaduro. Mu mpera z’icyumweru hakunze kubera ibitaramo by’abahanzi batandukanye, DJ bashyushya igitaramo ndetse n’ibindi bikorwa bishimisha abakiriya. Ibi bituma hahora ibyishimo n’abantu bishimira umwanya wabo.

Abakiliya bakunze kuhagana bavuga ko ikindi gituma bakunda Ti’Amo Lounge ari uburyo bwiza bwo kwakira abantu, isuku ndetse n’aho bicara hatekanye kandi hatuma umuntu aruhuka neza.

Niba rero uri i Kigali ukaba ushaka aho wafatira amafunguro aryoshye cyangwa aho waruhukira usangira n’inshuti zawe mu kirere cy’imyidagaduro, Ti’Amo Lounge i Remera ni hamwe mu hantu utagomba gucikwa. Aho ni ho amafunguro meza ahurira n’imyidagaduro iryoshye muri uyu Mujyi wa Kigali.

Rekeraho guhangayikishwa n’aho wakura amafunguro ateguwe neza
Ti’Amo Lounge ifite ubwoko butandukanye bw’amafunguro arimo ay’iwacu ndetse n’ayo mu mahanga

ADVERTISEMENT
Previous Post

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino PSG yanyagiyemo Chelsea muri 1/8 mu irushanwa rya UEFA Champions League

Next Post

Indege ya Leta Zunze Ubuwe za Amerika yakoreye impanuka mu kirere cya Iraq

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Indege ya Leta Zunze Ubuwe za Amerika yakoreye impanuka mu kirere cya Iraq

Indege ya Leta Zunze Ubuwe za Amerika yakoreye impanuka mu kirere cya Iraq

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026

Recent News

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com