• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 27, 2025
in Imikino
0
Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Nyuma y’igihe yari amaze hanze y’ikibuga kubera imvune, rutahizamu w’Umunyapoland Robert Lewandowski yongeye kugaragara mu myitozo ya FC Barcelona, ibintu byishimiwe cyane n’abakunzi b’iyi kipe ndetse n’umutoza Hansi Flick. Nk’uko ikinyamakuru Diario Sport cyabitangaje, Lewandowski yifatanyije n’abandi bakinnyi mu myitozo ya mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, taliki 27 Ukwakira 2025, aho yagaragaye afite imbaraga n’akanyamuneza nyuma yo kumara iminsi atagaragara mu mikino.

Iyi ni inkuru nziza cyane ku mutoza Hansi Flick, nyuma y’umukino wa El Clásico waraye ubaye wahuje Barcelona na Real Madrid, aho Barcelona yagaragaje imbaraga ariko ikabura amahirwe yo gutsinda.

Kugaruka kwa Lewandowski bizatuma ikipe ibona ubunararibonye n’ubushobozi bwo gusatira izamu, cyane ko ari umwe mu bakinnyi bafatiye runini ubusatirizi bwa Barça.

Lewandowski, w’imyaka 37 y’amavuko, amaze kugaragaza ko agifite ubushake bwo gufasha ikipe ye, kandi abakunzi ba Barcelona bamaze igihe bamuhamagara ngo agaruke vuba. Ubu biteganyijwe ko ashobora kwifashishwa mu mukino utaha wa La Liga, bitewe n’uko yitwara mu myitozo ikurikiraho. Uko byagenda kose, kugaruka kwe ni intambwe ikomeye mu rugendo rwa Barcelona rwo gukomeza guhatanira igikombe cya shampiyona muri uyu mwaka.

Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

Next Post

Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

October 27, 2025
Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

October 27, 2025
“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

October 26, 2025
Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

October 26, 2025

Recent News

Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

October 27, 2025
Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

October 27, 2025
“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

“Ibyo nkora byose, ni ukubinginga muve mu bukene”

October 26, 2025
Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cédric ikomeje kuvugisha abatari bake

October 26, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroon

October 27, 2025
Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

Robert Lewandowski yagarutse mu myitozo, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

October 27, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com