• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Imikino

Rodrygo yemeje gahunda ye yo kuguma muri Real Madrid “mu myaka iri mbere”

Uyu mukinnyi w’imyaka 24 y’amavuko yakomeje ashimangira ko yishimiye gukinira Real Madrid kandi yifuza kugumana na yo igihe kirekire.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 11, 2025
in Imikino
0
Rodrygo yemeje gahunda ye yo kuguma muri Real Madrid “mu myaka iri mbere”
0
SHARES
9
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Rutahizamu w’umunya-Brazil, Rodrygo Silva de Goes, yatangaje ko yishimiye gukinira Real Madrid kandi yifuza kugumana iyi kipe mu gihe kirekire. Ibi yabitangaje mu gihe hari amakuru amuhuza n’amakipe akomeye nka Manchester City ndetse n’amakipe yo muri Arabiya Sawudite ashaka kumugura.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Rodrygo yagize ati: “Manchester City na Arabiya Sawudite baranshaka? Ibi ni ibintu papa wanjye wanyibyariye yambwiye ati sukajarajare mwana wanjye,”. Ayo ni amagambo yerekana ko atitaye cyane ku makuru amuhuza n’andi makipe, ahubwo yibanda ku rugendo rwe muri Real Madrid.

Yakomeje avuga ko yishimiye uko ubuzima bwe bwifashe muri iyi kipe: “Sinzi niba Real Madrid yaranyakiriye neza mu myaka yashize, ariko nishimiye kuba muri iyi kipe byukuri, nizeye ko nzaguma hano indi myaka irimbere”.

Ibi byatumye abakunzi ba Real Madrid bumva bafite icyizere ko uyu mukinnyi azakomeza kwitangira iyi kipe mu myaka iri imbere.

Rodrygo ni umwe mu bakinnyi bafatiye runini Real Madrid, akaba amaze kuyitsindira ibitego byinshi by’ingenzi, birimo ibyafashije iyi kipe kugera ku mukino wa nyuma wa Champions League mu mwaka wa 2022.

Rodrygo ni umwe mu bakinnyi b’ingenzi ba Real Madrid, aho kuva yagera muri iyi kipe avuye muri Santos FC mu 2019, yagiye agaragaza ubuhanga budasanzwe. Uyu mukinnyi ufite imyaka 24, amaze gutsindira Real Madrid ibitego byinshi by’ingenzi, harimo n’ibyo yafashije ikipe kugera ku mikino ya nyuma ya UEFA Champions League.

Mu minsi ishize, hari amakuru yavugaga ko Manchester City na Paris Saint-Germain bashobora kugerageza kumwegukana mu mpeshyi itaha, mu gihe amakipe yo muri Arabiya Sawudite nayo yifuza kumujyana mu marushanwa yabo.

Gusa, Rodrygo yagaragaje ko adatekereza kuva muri Santiago Bernabéu, ahubwo yifuza gukomeza urugendo rwe muri iyi kipe izwiho kugira amateka akomeye muri ruhago.

Uyu mukinnyi wihariye mu gucenga no gutsinda ibitego yagiye afasha Real Madrid cyane, cyane cyane mu mikino ikomeye.

Mu mwaka ushize w’imikino, Rodrygo yagize uruhare rukomeye mu gufasha Real Madrid kwegukana Copa del Rey ndetse no kugera kure muri Champions League.

Ibi byerekana ko uyu mukinnyi afite icyizere cy’ejo hazaza muri Real Madrid, ndetse akaba ashaka gukomeza gukinana n’abandi bakinnyi bakomeye nka Vinícius Jr., Jude Bellingham, na Federico Valverde kugira ngo bafashe iyi kipe gukomeza kwigaragaza nk’imwe mu makipe akomeye ku Isi.

Mu gihe Real Madrid ikomeje kubaka ikipe ikomeye igizwe n’abakinnyi bato bafite impano zidasanzwe, abakunzi bayo bazakomeza kwishimira kubona Rodrygo akomeza kuyikinira, kuko ari umwe mu bakinnyi bafite ahazaza heza muri ruhago y’Isi.

Rutahizamu wa Real Madrid, Rodrygo Goes, yatangaje ko adateganya kuva muri iyi kipe, nubwo amakipe akomeye nka Manchester City na bamwe mu makipe yo muri Arabiya Sawudite amushaka.

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

U Rwanda rwazamuye imisoro ku nzoga n’itabi, hanatangizwa umusoro mushya ku ikoranabuhanga

Next Post

Harerimana Abdul ‘Aziz’ wamenyekanye kubwo gufana SC Kiyovu n’Amavubi yitabye Imana azize uburwayi bw’impyiko

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Harerimana Abdul ‘Aziz’ wamenyekanye kubwo gufana SC Kiyovu n’Amavubi yitabye Imana azize uburwayi bw’impyiko

Harerimana Abdul ‘Aziz’ wamenyekanye kubwo gufana SC Kiyovu n’Amavubi yitabye Imana azize uburwayi bw’impyiko

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025
Umunyarwenya Etienne atumiye Abanyarwanda muri JOY’S COMEDY SHOW mu gitaramo cy’iseka rusange

Umunyarwenya Etienne atumiye Abanyarwanda muri JOY’S COMEDY SHOW mu gitaramo cy’iseka rusange

June 20, 2025
Florian Wirtz yiteguye gusinyira Liverpool vuba bidatinze

Florian Wirtz yiteguye gusinyira Liverpool vuba bidatinze

June 19, 2025

Recent News

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025
Umunyarwenya Etienne atumiye Abanyarwanda muri JOY’S COMEDY SHOW mu gitaramo cy’iseka rusange

Umunyarwenya Etienne atumiye Abanyarwanda muri JOY’S COMEDY SHOW mu gitaramo cy’iseka rusange

June 20, 2025
Florian Wirtz yiteguye gusinyira Liverpool vuba bidatinze

Florian Wirtz yiteguye gusinyira Liverpool vuba bidatinze

June 19, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com