• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Rodrygo yemeje gahunda ye yo kuguma muri Real Madrid “mu myaka iri mbere”

Uyu mukinnyi wโ€™imyaka 24 yโ€™amavuko yakomeje ashimangira ko yishimiye gukinira Real Madrid kandi yifuza kugumana na yo igihe kirekire.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 11, 2025
in Imikino
0
Rodrygo yemeje gahunda ye yo kuguma muri Real Madrid “mu myaka iri mbere”
0
SHARES
16
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Rutahizamu wโ€™umunya-Brazil, Rodrygo Silva de Goes, yatangaje ko yishimiye gukinira Real Madrid kandi yifuza kugumana iyi kipe mu gihe kirekire. Ibi yabitangaje mu gihe hari amakuru amuhuza nโ€™amakipe akomeye nka Manchester City ndetse nโ€™amakipe yo muri Arabiya Sawudite ashaka kumugura.

Mu kiganiro yagiranye nโ€™itangazamakuru, Rodrygo yagize ati: โ€œManchester City na Arabiya Sawudite baranshaka? Ibi ni ibintu papa wanjye wanyibyariye yambwiye ati sukajarajare mwana wanjye,”. Ayo ni amagambo yerekana ko atitaye cyane ku makuru amuhuza nโ€™andi makipe, ahubwo yibanda ku rugendo rwe muri Real Madrid.

Yakomeje avuga ko yishimiye uko ubuzima bwe bwifashe muri iyi kipe: โ€œSinzi niba Real Madrid yaranyakiriye neza mu myaka yashize, ariko nishimiye kuba muri iyi kipe byukuri, nizeye ko nzaguma hano indi myaka irimbereโ€.

Ibi byatumye abakunzi ba Real Madrid bumva bafite icyizere ko uyu mukinnyi azakomeza kwitangira iyi kipe mu myaka iri imbere.

Rodrygo ni umwe mu bakinnyi bafatiye runini Real Madrid, akaba amaze kuyitsindira ibitego byinshi byโ€™ingenzi, birimo ibyafashije iyi kipe kugera ku mukino wa nyuma wa Champions League mu mwaka wa 2022.

Rodrygo ni umwe mu bakinnyi bโ€™ingenzi ba Real Madrid, aho kuva yagera muri iyi kipe avuye muri Santos FC mu 2019, yagiye agaragaza ubuhanga budasanzwe. Uyu mukinnyi ufite imyaka 24, amaze gutsindira Real Madrid ibitego byinshi byโ€™ingenzi, harimo nโ€™ibyo yafashije ikipe kugera ku mikino ya nyuma ya UEFA Champions League.

Mu minsi ishize, hari amakuru yavugaga ko Manchester City na Paris Saint-Germain bashobora kugerageza kumwegukana mu mpeshyi itaha, mu gihe amakipe yo muri Arabiya Sawudite nayo yifuza kumujyana mu marushanwa yabo.

Gusa, Rodrygo yagaragaje ko adatekereza kuva muri Santiago Bernabรฉu, ahubwo yifuza gukomeza urugendo rwe muri iyi kipe izwiho kugira amateka akomeye muri ruhago.

Uyu mukinnyi wihariye mu gucenga no gutsinda ibitego yagiye afasha Real Madrid cyane, cyane cyane mu mikino ikomeye.

Mu mwaka ushize wโ€™imikino, Rodrygo yagize uruhare rukomeye mu gufasha Real Madrid kwegukana Copa del Rey ndetse no kugera kure muri Champions League.

Ibi byerekana ko uyu mukinnyi afite icyizere cyโ€™ejo hazaza muri Real Madrid, ndetse akaba ashaka gukomeza gukinana nโ€™abandi bakinnyi bakomeye nka Vinรญcius Jr., Jude Bellingham, na Federico Valverde kugira ngo bafashe iyi kipe gukomeza kwigaragaza nkโ€™imwe mu makipe akomeye ku Isi.

Mu gihe Real Madrid ikomeje kubaka ikipe ikomeye igizwe nโ€™abakinnyi bato bafite impano zidasanzwe, abakunzi bayo bazakomeza kwishimira kubona Rodrygo akomeza kuyikinira, kuko ari umwe mu bakinnyi bafite ahazaza heza muri ruhago yโ€™Isi.

Rutahizamu wa Real Madrid, Rodrygo Goes, yatangaje ko adateganya kuva muri iyi kipe, nubwo amakipe akomeye nka Manchester City na bamwe mu makipe yo muri Arabiya Sawudite amushaka.

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

U Rwanda rwazamuye imisoro ku nzoga nโ€™itabi, hanatangizwa umusoro mushya ku ikoranabuhanga

Next Post

Harerimana Abdul โ€˜Azizโ€™ wamenyekanye kubwo gufana SC Kiyovu nโ€™Amavubi yitabye Imana azize uburwayi bwโ€™impyiko

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Harerimana Abdul โ€˜Azizโ€™ wamenyekanye kubwo gufana SC Kiyovu nโ€™Amavubi yitabye Imana azize uburwayi bwโ€™impyiko

Harerimana Abdul โ€˜Azizโ€™ wamenyekanye kubwo gufana SC Kiyovu nโ€™Amavubi yitabye Imana azize uburwayi bwโ€™impyiko

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
Burya indyo nziza niyo soko yโ€™ubuzima buzira umuze

Tiโ€™Amo Lounge ikomeje kwigwizaho igikundiro cyโ€™abakunda serivisi nziza

January 28, 2026

Recent News

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
Burya indyo nziza niyo soko yโ€™ubuzima buzira umuze

Tiโ€™Amo Lounge ikomeje kwigwizaho igikundiro cyโ€™abakunda serivisi nziza

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com