• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Rufonsina umukinnyi wa filime wabwirwaga ko arwaye SIDA, arenda kwibaruka

Nyuma yโ€™imyaka igera ku 10 yumva amagambo amuca intege, noneho atangaje inkuru ishimishije: ko agiye kwibaruka!

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 9, 2025
in Imyidagaduro
0
Rufonsina umukinnyi wa filime wabwirwaga ko arwaye SIDA, arenda kwibaruka
0
SHARES
113
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Rufonsina, umukinnyi wa filime wamamaye cyane muri sinema nyarwanda, yagaragaye mu kiganiro kuri MIE hamwe na Murindahabi Irene taliki ya 8 Nyakanga 2025, atangaza inkuru ibabaje ariko inatanga icyizere. Nyuma yโ€™imyaka igera ku 10 yumva amagambo amuca intege, noneho atangaje inkuru ishimishije: ko agiye kwibaruka! Ibi yabivuze asa nโ€™ugaruye ikizere nโ€™isoni zโ€™abigeze kumusebya.

Yakomeje kuvuga ko hari umukobwa bakinana filime wamubwiraga amagambo mabi yโ€™ubugome, amukwena amubwira ko arwaye indwara ya SIDA, akongeraho ko afite ibiheri mu maso, bikamugiraho ingaruka ku myitwarire ye.

Uwo mukinnyi wundi ngo yahoraga amubwira amagambo amuca intege, ngo ntiyajya ajya mu bantu abaye ariwe ufite ibiheri mu maso yabaga ari amagambo asebya ubuzima bwe bwite.

Rufonsina yavuze ko yamaze igihe kinini yarazahajwe nโ€™ibyo byose, ariko agenda yisuganya mu mutima, agerageza kutabiha agaciro.

Mu kiganiro, Rufonsina yagize ati: โ€œUmubiri urahinduka. Abanyarwanda baciye umugani ngo: ‘Ntawujya winnyaho abishaka.’ Ibi byose byambayeho si uko nabyifuzaga, ahubwo ni uko ubuzima bwari bumeze gutyo.โ€

Yakomeje avuga ko niba uwo mukinnyi wigeze kumutuka akomeza kumubwira amagambo nkโ€™ariya, bizageraho akamuvuga ku mugaragaro kuko ntababarira uwamwimye amahoro imyaka yose. Yongeyeho ko kugeza ubu, afite amahoro yo mu mutima, nโ€™urukundo rumushyigikiye ari naryo ryamuhaye imbuto, inda atwite ubu, ari nayo itumye ashyira hanze iyi nkuru.

Rufonsina ati: โ€œAbantu benshi bababazwa nโ€™amagambo, kandi ntibakunze kugira abo babibwira. Njye naratuje, ndasenga, none Imana yampaye icyo abandi bambuzaga, ‘urukundo nโ€™ubuzima’.โ€

Yasoje asaba abantu kwirinda gusebanya no kubeshyerana, kuko amagambo mabi ashobora gusenya ubuzima bwโ€™umuntu. Ahamya ko igihe cyose umuntu akomeye mu mutima no mu ntekerezo, nta gisobanuro amagambo yโ€™abantu agira.

Ubu ngo ahanze amaso ejo hazaza he ndetse n’umuryango we, yiteguye gukomeza gukina filime no kurera umwana we wโ€™imfura ndetse n’uwo atwite kugeza ubu, avuga ko azamwita izina rifite icyo risobanuye mu rugendo rwe.

Ati: โ€œNta muntu numwe ukwiriye gucibwa intege ngo kuko afite ibiheri mu maso, cyangwa uko asa. Ibyo byose ni ibisanzwe mu buzima, kandi ntabwo byakagombye gupima agaciro kโ€™umuntu.โ€

Nyuma yโ€™imyaka igera ku 10 yumva amagambo amuca intege, noneho atangaje inkuru ishimishije: ko agiye kwibaruka!
Asaba abantu kwirinda gusebanya no kubeshyerana, kuko amagambo mabi ashobora gusenya ubuzima bwโ€™umuntu
Ubu ahanze amaso ejo hazaza he ndetse n’umuryango we

Rufonsina umukinnyi wa filime wabwirwaga ko arwaye SIDA, arenda kwibaruka

ADVERTISEMENT
Previous Post

U Rwanda rukomeje kunenga BBC igitangazamakuru cyo mu Bwongereza gushyigikira FDLR

Next Post

General Tshiwewe yatawe muri yombi azira imikoranire na AFC

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
General Tshiwewe yatawe muri yombi azira imikoranire na AFC

General Tshiwewe yatawe muri yombi azira imikoranire na AFC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

October 17, 2025
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

October 17, 2025
Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

October 17, 2025
Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

October 17, 2025

Recent News

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

October 17, 2025
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

October 17, 2025
Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

October 17, 2025
Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

October 17, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

October 17, 2025
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

October 17, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com