• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Imyidagaduro

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

Yemeje ko atakigirana umubano na Kamenyo, ashimangira ko atakigirira icyizere urukundo kandi yifuza kubaho ari wenyine nk’umubyeyi wigenga.

PRINCE WAZIEL by PRINCE WAZIEL
May 11, 2025
in Imyidagaduro, Urukundo
0
Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Ruth Akoragye

Ruth Akoragye, umugore wabyaranye n’umuraperi Victor Kamenyo, yatangaje ko ubu nta mukunzi afite kandi ko atakibana mu rukundo na Kamenyo.

Mu mezi ashize, ibihuha byagiye bica ibintu ku mbuga nkoranyambaga, bivuga ku mubano w’aba bombi. Abatari bake bibwiraga ko ibyo kumvikana ko batandukanye ari amayeri yo gukurura abantu kugira ngo bibafashe guteza imbere umuziki wa Kamenyo. Gusa, Ruth ubwe yamaze gukura abantu mu rujijo, asobanura ukuri ku bijyanye n’ibiri kuba.

Yagize ati:
“Ubu nta mugabo mfite, ndi ingaragu rwose. Abavuga Kamenyo, ndashaka kubamenyesha ko ari we twabyaranye gusa. Ndamwubaha, kandi na we aranyubaha.”

Yakomeje avuga ko hagati yabo nta makimbirane ahari, kandi ko nta mpamvu yo kugira ibyo byitiranya cyangwa gucukumbura ibitandukanye n’ukuri.

Ruth yanavuze ko abantu bakunda kwivanga mu buzima bwite bw’abandi, ariko we ntacyo bimubwiye kuko ibintu ari bisanzwe kandi bidakwiye guhabwa uburemere budasanzwe.

Mu buryo butunguranye kandi, Ruth yemeye ko atakigaragara mu rukundo ndetse nta n’icyo akirukeneyeho.

“Sinshaka kongera gukunda. Nararuhije. Nta gahunda yo kongera gukundana na muntu.”

Uyu mwanzuro wa Ruth uje ukurikira igihe cy’ijyanye no kuvugwa kwinshi ku rukundo rwe na Kamenyo, ndetse n’amakuru yari amaze iminsi acicikana avuga ko baba baratandukanye ku bushake bwo gushaka indonke mu itangazamakuru. Ariko we yahisemo guca inzira y’ukuri, ashimangira ko ibyo ari byo.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

PRINCE WAZIEL

PRINCE WAZIEL

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

May 11, 2025
Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

May 11, 2025
Sophia Umansky asubije abamunenga: “Nzajya nkoresha imiti igabanya ibiro niba mbishaka!”

Sophia Umansky asubije abamunenga: “Nzajya nkoresha imiti igabanya ibiro niba mbishaka!”

May 11, 2025
FDNB ivuga ko yatsinze ibitero byinshi by’inyashyamba, nubwo nayo yagabweho ibitero bikomeye

FDNB ivuga ko yatsinze ibitero byinshi by’inyashyamba, nubwo nayo yagabweho ibitero bikomeye

May 10, 2025

Recent News

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

May 11, 2025
Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

May 11, 2025
Sophia Umansky asubije abamunenga: “Nzajya nkoresha imiti igabanya ibiro niba mbishaka!”

Sophia Umansky asubije abamunenga: “Nzajya nkoresha imiti igabanya ibiro niba mbishaka!”

May 11, 2025
FDNB ivuga ko yatsinze ibitero byinshi by’inyashyamba, nubwo nayo yagabweho ibitero bikomeye

FDNB ivuga ko yatsinze ibitero byinshi by’inyashyamba, nubwo nayo yagabweho ibitero bikomeye

May 10, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

May 11, 2025
Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

May 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com