• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Selena Gomez na Benny Blanco basohoye indirimbo “Scared of Loving You” nyuma yo kwambikana impeta

Selena Gomez na Benny Blanco bashyize hanze indirimbo "Scared of Loving You" Nyuma y'Ubukwe buri kwegereza.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 14, 2025
in Imyidagaduro
0
Selena Gomez na Benny Blanco basohoye indirimbo “Scared of Loving You” nyuma yo kwambikana impeta
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Selena Gomez, umwe mu bahanzi bakomeye ku Isi, aherutse gushyira hanze indirimbo ye nshya yise Scared of Loving You, aho yahuriyemo nโ€™umukunzi we Benny Blanco. Iyi ndirimbo yatangaje abakunzi babo, cyane cyane nyuma yโ€™uko aba bombi batangaje ko bari mu myiteguro yโ€™ubukwe nyuma y’uko Benny Blanco yambitse impeta ya fianรงailles umukunzi we.

Indirimbo Scared of Loving You ni iyโ€™urukundo, igaruka ku gukunda umuntu ariko ukagira ubwoba bwo kwinjira muri urwo rukundo byeruye.

Selena Gomez yagaragaje ko iyi ndirimbo ifite ubusobanuro bukomeye kuri we, kuko ishingiye ku byiyumviro bye bwite. Mu butumwa yanyujije kuri Instagram, uyu muhanzikazi yavuze ati: “Iyi ni imwe mu ndirimbo zifite uburemere kuri njye. Nanditse iyi ndirimbo nkโ€™inyandiko y’ibyo numvaga mu mutima wanjye.”

Benny Blanco, umuhanga mu gutunganya indirimbo ndetse akaba nโ€™umukunzi wa Selena, yagize uruhare rukomeye muri iyi ndirimbo, haba mu kuyitunganya no kuyiririmbamo.

Abafana babo bishimiye kuba aba bombi bongeye gukorana, nyuma yโ€™igihe kinini bamaze bari inshuti magara mbere yo kwinjira mu rukundo.

Indirimbo Scared of Loving You yakiriwe neza nโ€™abakunzi ba muzika ku isi hose, aho imaze gukusanya ibitekerezo byinshi ku mbuga nkoranyambaga no ku rubuga rwa YouTube. Ni imwe mu ndirimbo zitezweho gukundwa cyane muri uyu mwaka wa 2025.

Ubusabe bwโ€™abafana ni uko Selena Gomez na Benny Blanco bakomeza gukorana, cyane ko ubucuti bwabo bwageze ku rundi rwego. Abenshi bibaza niba iyi ndirimbo ari ubutumwa ku rukundo rwabo ruri mu nzira yo kugera ku mpera nziza yโ€™ubukwe bwiteguwe na benshi.

Selena Gomez na Benny Blanco Bashyize Hanze Indirimbo โ€˜Scared of Loving Youโ€™ Nyuma yโ€™Ubukwe Bwa Fiancaille.
Umuhanzikazi wโ€™icyamamare Selena Gomez nโ€™umukunzi we Benny Blanco, uherutse kumwambika impeta ya fiancaille, bashyize hanze indirimbo nshya yโ€™urukundo bise Scared of Loving You.
Benny Blanco, nawe yashimangiye ko gukorana nโ€™umukunzi we byamushimishije cyane, avuga ko iyi ndirimbo ari impano ku bakunzi babo.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umunyabigwi kuri TikTok “Krystal Joyce” , w’imyaka 20, yatsindiye indishyi za 20,000 euros

Next Post

Gloria Buggie yamaganye ibihembo by’umuziki muri Uganda, ahitamo gutegereza Grammy Awards

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Gloria Buggie yamaganye ibihembo by’umuziki muri Uganda, ahitamo gutegereza Grammy Awards

Gloria Buggie yamaganye ibihembo by'umuziki muri Uganda, ahitamo gutegereza Grammy Awards

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026

Recent News

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com