• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Karabaye

Selena Gomez yashavujwe n’icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo kwirukana abimukira

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 28, 2025
in Karabaye
0
Selena Gomez yashavujwe n’icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo kwirukana abimukira
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu marira menshi yuje agahinda, umuhanzikazi wโ€™icyamamare Selena Gomez yagaragaje ko atishimiye na gato politiki ya Perezida Donald Trump yo kwirukana abimukira badafite ibyangombwa byo kuba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu mwanzuro wa politiki y’ubuyobozi bwa Trump, wibasiye cyane cyane abantu benshi bakomoka muri Amerika yโ€™Epfo nโ€™Afurika, warakaje benshi barimo nโ€™uyu muhanzikazi.

Binyuze mu mashusho yashyize ku rubuga rwa Instagram, Selena Gomez yasangije abamukurikira amarangamutima ye. Mu ijwi yuje amarira, yavuze ati: “Birababaje cyane kubona abantu bari hafi yanjye batari buze gukomeza kuba mu buzima bwanjye kubera politiki zitujuje ubunyamuntu. Hari abantu benshi cyane nzatakaza.”

Uyu mukobwa wโ€™imyaka 27, akaba ari nโ€™umukinnyi wa filime, yagaragaje impungenge zโ€™uko abimukira, cyane cyane urubyiruko, bashobora guhura nโ€™ibibazo bikomeye mu gihe bakurwa mu gihugu cyabaye nkโ€™iwabo.

Icyakora, aya mashusho ya Selena Gomez ntamaze igihe kinini kuri Instagram, kuko yaje kuyasiba nyuma yo gusabwa nโ€™abamukurikira ku buryo bukomeye. Bamwe mu batanze ibitekerezo bagaragazaga kutishimira uburyo Selena yashyigikiye abimukira, bavuga ko bikocora umutekano wโ€™igihugu. Hari nโ€™abatangiye kumwibasira ku mbuga nkoranyambaga, bavuga ko ibitekerezo bye bifitanye isano na politiki ziriho, bityo ko bidakwiye nkโ€™umuhanzi kwivanga muri politiki.

Selena Gomez, uzwiho kuba ashyigikira cyane uburenganzira bwa muntu ndetse nโ€™ubwโ€™abatagira kivurira, yongeye kwerekana ko urukundo rwe ku bantu ruruta ibindi byose.

Nubwo hari abatabyishimiye, abakunzi be benshi ku Isi bamushimye ku bwโ€™umutima wโ€™urukundo no kuba yitaye ku bibazo bibangamiye abantu badashobora kwivugira.

Ku rundi ruhande, bamwe mu basesenguzi ba politiki bagaragaje ko ibitekerezo byโ€™ibyamamare nka Selena bishobora kugira ingaruka zikomeye ku buryo politiki zishyirwa mu bikorwa, cyane iyo zigaragaje impande zitandukanye.

Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo kwirukana abimukira cyakomeje guteza impaka nyinshi muri Amerika no hanze yayo, dore ko cyahungabanyije cyane imiryango myinshi. Benshi bakomeje gusaba ko habaho uburyo buhamye bwo gukemura ibibazo byโ€™abimukira aho kubirukana cyangwa kubafata nkโ€™icyago ku gihugu.

Selena Gomez, nubwo yasibye amashusho, yakomeje gukoresha imbaraga ze mu guharanira uburenganzira bwa muntu, abinyujije mu mishinga ye myinshi ishyigikira abari mu kaga.

Umuhanzikazi Selena Gomez Yashavujwe n’Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo Kwirukana Abimukira.

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umuhanzi Meddy yahinduye umuvuno: Yiyeguriye indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana

Next Post

Bruce Melodie yatambamiye abakomeza gukwirakwiza amagambo ya Yampano yamuvuzeho

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Bruce Melodie yatambamiye abakomeza gukwirakwiza amagambo ya Yampano yamuvuzeho

Bruce Melodie yatambamiye abakomeza gukwirakwiza amagambo ya Yampano yamuvuzeho

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026

Recent News

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com