• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Karabaye

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

Semuhungu Eric yatangaje ko yifuza kubyara impanga z'abahungu babiri, cyangwa abakobwa babiri ariko atigeze aryamana n’igitsina gore.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 14, 2025
in Karabaye
0
Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Semuhungu Eric, umwe mu bantu bakunze kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, yongeye gutungura benshi ubwo yatangarizaga imbaga ubwo yari mu kiganiro hamwe n’umunyamakuru Julias Chita kuri Chita Magic yatangaje ko yifuza kubyara impanga z’abahungu babiri, cyangwa abakobwa babiri ariko atigeze aryamana n’igitsina gore.

Ibi ngo abiteganya mu gihe azifashwa n’uburyo bugezweho mu by’ubuvuzi, aho byose byakorerwa muri laboratwari.

Yagize ati: “Ndifuza ko nzagira abana b’impanga ariko sinifuza kunyura mu nzira y’ubusanzwe, ahubwo mbona igihe kigeze ngo twemere ko isi iri gutera imbere, kandi iyo ubonye ubushobozi, ntacyo biba bitwaye gukoresha uburyo bugezweho mu ikoranabuhanga.”

Semuhungu yakomeje kuvuga ko amaze igihe areba aho ubushakashatsi bugeze ku bijyanye no gukubyara abana hifashishijwe ‘IVF’ (In Vitro Fertilization), aho intanga z’umugabo n’iz’umugore ziteranyirizwa muri laboratwari, hatabayeho imibonano mpuzabitsina isanzwe.

Yongeyeho ati: “Abantu bashobora kumbona nk’uhabanye n’umuco, ariko ntabwo ari ukwirengagiza Imana cyangwa umuco, ahubwo ni ugukoresha amahirwe y’ibihe tugezemo. Sinifuza gushyingirwa ubu, ariko nkeneye abana.”

Ibi bitekerezo bye byatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga bamwe bamushigikira, abandi bamushinja kudaha agaciro urukundo nyarwo n’umubano hagati y’umugabo n’umugore. Nyamara Semuhungu we aracyashikama ku bitekerezo bye, asaba abantu kwihugura no kwagura imitekerereze yabo.

Ibi bitekerezo bye byatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga bamwe bamushigikira, abandi bamushinja kudaha agaciro urukundo nyarwo n’umubano hagati y’umugabo n’umugore
Semuhungu Eric, umwe mu bantu bakunze kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, yongeye gutungura benshi
Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

ADVERTISEMENT
Previous Post

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

July 14, 2025
Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

July 14, 2025
Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

July 14, 2025
João Pedro yerekanye ko shampiyona nitangira azakora ibirenze

João Pedro yerekanye ko shampiyona nitangira azakora ibirenze

July 14, 2025

Recent News

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

July 14, 2025
Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

July 14, 2025
Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

July 14, 2025
João Pedro yerekanye ko shampiyona nitangira azakora ibirenze

João Pedro yerekanye ko shampiyona nitangira azakora ibirenze

July 14, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

July 14, 2025
Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

July 14, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com