• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Sepp Blatter na Michel Platini bahakanye ibyo baregwa mu rukiko mu kirego cy’uburiganya

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 5, 2025
in Imikino
0
Sepp Blatter na Michel Platini bahakanye ibyo baregwa mu rukiko mu kirego cy’uburiganya
0
SHARES
4
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Nyuma yo kuva mu rukiko barangije umunsi wabo wa mbere wo gusubirishamo urubanza rwabo rwerekeye ku uburiganya, Sepp Blatter wahoze ayobora FIFA na Michel Platini wahoze ayobora UEFA, bahakanye byimazeyo amakosa yose baregwa.

Blatter yagize ati: “Ndaburanira gusa ikibazo cyanjye, kandi na Michel. Ntabwo twakoze ikibi.”

Platini, nawe wari uyoboye UEFA, yasobanuye uko ibintu byagenze, ariko akomeza kuvuga ko ari umwere. Yagize ati: “Biragoye ntacyo nakoze. Kubwamahirwe, hari umusemuzi wansemuriye byose. Ntabwo nakurikiranye byose; biragoye. Noneho ubujurire butera kwibaza ibibazo nk’ubwa mbere, aho twakuweho icyaha burundu. Turimo dusubiramo ibintu gusa. Ntabwo ari ikibazo cy’ibirarane by’imishahara, ntakindi kirimo.”

Blatter na Platini bari bahamijwe ibyaha byo kwakira no gutanga amafaranga atemewe na FIFA, aho Platini yakiriye miliyoni ebyiri z’amayero bivugwa ko zatanzwe ku buryo budasobanutse mu mwaka wa 2011.

Aba bagabo bombi bagizwe abere n’urukiko mu 2022, ariko abashinjacyaha bo mu Busuwisi bajuririye icyo cyemezo, bavuga ko bagomba kongera gukurikiranwa kuri ibyo byaha.

Urubanza rwatangiye rurimo impaka zikomeye, aho abunganira Blatter na Platini bavuga ko abakiriya babo bakurikiranwe inshuro nyinshi ku kirego kimwe, kandi bakomeje kwibasirwa n’abashinjacyaha batabarekera amahoro.

Ku rundi ruhande, abashinjacyaha bavuga ko hagomba gusobanuka impamvu aya mafaranga yatanzwe n’ukuntu Blatter na Platini bayahaye ibisobanuro bidahuye.

Iburanisha rishya rirakomeje, kandi biracyari ibibazo bikomeye ku banyamupira bombi bari barafite izina rikomeye mu buyobozi bwa ruhago ku Isi. Biteganyijwe ko urubanza ruzakomeza mu byumweru biri imbere, aho hazafatwa icyemezo cya nyuma ku bijyanye n’icyaha cy’uburiganya n’ikoreshwa nabi ry’umutungo wa FIFA.

Blatter na Platini bari bahamijwe ibyaha byo kwakira no gutanga amafaranga atemewe na FIFA, aho Platini yakiriye miliyoni ebyiri z’amayero bivugwa ko zatanzwe ku buryo budasobanutse mu mwaka wa 2011.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Banki Nkuru ya Ghana mu Bikorwa byo Kugabanya Izamuka ry’Inguzanyo Zitishyurwa

Next Post

John Amanam umunyabugeni wo muri Nigeria wahinduriye ubuzima bw’abantu bafitemo ubumuga

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
John Amanam umunyabugeni wo muri Nigeria wahinduriye ubuzima bw’abantu bafitemo ubumuga

John Amanam umunyabugeni wo muri Nigeria wahinduriye ubuzima bw'abantu bafitemo ubumuga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

September 3, 2025
Trump arateganya kwakirira irushanwa rya UFC muri White House mu kwizihiza imyaka 250 y’ubwigenge bwa Amerika

Trump: India yemeye gukuraho imisoro ku bicuru­zwa by’Amerika

September 3, 2025
Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

September 3, 2025
Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

September 3, 2025

Recent News

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

September 3, 2025
Trump arateganya kwakirira irushanwa rya UFC muri White House mu kwizihiza imyaka 250 y’ubwigenge bwa Amerika

Trump: India yemeye gukuraho imisoro ku bicuru­zwa by’Amerika

September 3, 2025
Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

September 3, 2025
Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

September 3, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

September 3, 2025
Trump arateganya kwakirira irushanwa rya UFC muri White House mu kwizihiza imyaka 250 y’ubwigenge bwa Amerika

Trump: India yemeye gukuraho imisoro ku bicuru­zwa by’Amerika

September 3, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com