• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Amakuru

Séraphin Twahirwa wahamijwe n’ibyaha bya Jenoside, yapfuye ubwo yari mu Bubiligi

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 4, 2025
in Amakuru
0
Séraphin Twahirwa wahamijwe n’ibyaha bya Jenoside, yapfuye ubwo yari mu Bubiligi
0
SHARES
94
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Amakuru yatangajwe n’umunyamategeko we, Me Vincent Lurquin, avuga ko Séraphin Twahirwa yari aherutse kuvanwa aho yari afungiye, ajya kwitabwaho mu bitaro bya Saint Luc i Bruxelles kubera uburwayi bukomeye.

Uyu mugabo yari arwaye kanseri mu kuguru yatewe n’ingaruka z’impanuka yakoze mu myaka ya za 1980. Yanarwaraga diyabete kandi yari asigaye agendera ku kuguru k’ubuterano (prothèse).

Uburwayi bwe bwakajije umurego ubwo yashyirwaga muri gereza. Twahirwa yari mubyara wa Agathe Kanziga, umugore wa Perezida Juvénal Habyarimana.

Mu Ukuboza 2023, Urukiko rwa Rubanda rw’i Bruxelles rwahamije Twahirwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, ibyaha by’intambara, kwica abigambiriye, no gusambanya abagore ku gahato.

Ibi byaha byakorewe mu duce twa Gatenga n’i Gikondo mu Mujyi wa Kigali, aho yari umuyobozi w’Interahamwe mu 1994.

Ubwo yaburanaga, amazina y’Abatutsi bishwe na Twahirwa ku giti cye cyangwa biciwe ku mabwiriza ye yashyizwe ahagaragara mu rukiko. Hari abatanze ubuhamya bagaragaza ubugome bwe, harimo abagore bafashwe ku ngufu kandi bagakoreshwa ibya mfura mbi n’interahamwe ku bw’amabwiriza ye.

Umugore wa Twahirwa, ubu uba muri Kenya hamwe n’abakobwa babo babiri, yagaragarije urukiko ko yashyingiranwe na we ku ngufu. Yavuze ko mbere ya Jenoside, Twahirwa yari azwiho gukoresha ubwoba Abatutsi, kunywa inzoga nyinshi, no gutunga intwaro ntoya mu buryo butari bwemewe.

Yashimangiye ko umugabo we yari mu bikorwa byo gutera ubwoba no kwica Abatutsi, ndetse yakunze kumva yigamba gufata abagore ku ngufu. Mu gihe cya Jenoside, Twahirwa yabaga ari kumwe n’interahamwe mu bikorwa byo gusahura no kwica.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Abanyeshuri bemerewe kwinjira ku buntu mu mukino uhuza u Rwanda na Sudani y’Epfo

Next Post

Umunyamakuru w’imikino Sam Karenzi yasezeye kuri radiyo Fine FM nyuma y’imyaka itatu ayikorera

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umunyamakuru w’imikino Sam Karenzi yasezeye kuri radiyo Fine FM nyuma y’imyaka itatu ayikorera

Umunyamakuru w'imikino Sam Karenzi yasezeye kuri radiyo Fine FM nyuma y'imyaka itatu ayikorera

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Diddy mu nkiko: Urubanza rwe rwinjiye mu rwego rukakaye mu birego by’ubucuruzi bw’abantu n’ubusambanyi.

Diddy mu nkiko: Urubanza rwe rwinjiye mu rwego rukakaye mu birego by’ubucuruzi bw’abantu n’ubusambanyi.

May 12, 2025
Cristiano Ronaldo Jr yatangiye urugendo rushya mu ikipe y’igihugu yabato Portugal batarengeje imyaka15

Cristiano Ronaldo Jr yatangiye urugendo rushya mu ikipe y’igihugu yabato Portugal batarengeje imyaka15

May 12, 2025
Lamine Yamal amaze kugira uruhare mu bitego 40 muri Barça muri uyu mwaka w’imikino 24/25

Lamine Yamal amaze kugira uruhare mu bitego 40 muri Barça muri uyu mwaka w’imikino 24/25

May 12, 2025
Umuhanzi Nyarwanda Djazmir ubarizwa muri USA akomeje kugaragaza ubuhanga bwe mu Nganzo

Umuhanzi Nyarwanda Djazmir ubarizwa muri USA akomeje kugaragaza ubuhanga bwe mu Nganzo

May 12, 2025

Recent News

Diddy mu nkiko: Urubanza rwe rwinjiye mu rwego rukakaye mu birego by’ubucuruzi bw’abantu n’ubusambanyi.

Diddy mu nkiko: Urubanza rwe rwinjiye mu rwego rukakaye mu birego by’ubucuruzi bw’abantu n’ubusambanyi.

May 12, 2025
Cristiano Ronaldo Jr yatangiye urugendo rushya mu ikipe y’igihugu yabato Portugal batarengeje imyaka15

Cristiano Ronaldo Jr yatangiye urugendo rushya mu ikipe y’igihugu yabato Portugal batarengeje imyaka15

May 12, 2025
Lamine Yamal amaze kugira uruhare mu bitego 40 muri Barça muri uyu mwaka w’imikino 24/25

Lamine Yamal amaze kugira uruhare mu bitego 40 muri Barça muri uyu mwaka w’imikino 24/25

May 12, 2025
Umuhanzi Nyarwanda Djazmir ubarizwa muri USA akomeje kugaragaza ubuhanga bwe mu Nganzo

Umuhanzi Nyarwanda Djazmir ubarizwa muri USA akomeje kugaragaza ubuhanga bwe mu Nganzo

May 12, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Diddy mu nkiko: Urubanza rwe rwinjiye mu rwego rukakaye mu birego by’ubucuruzi bw’abantu n’ubusambanyi.

Diddy mu nkiko: Urubanza rwe rwinjiye mu rwego rukakaye mu birego by’ubucuruzi bw’abantu n’ubusambanyi.

May 12, 2025
Cristiano Ronaldo Jr yatangiye urugendo rushya mu ikipe y’igihugu yabato Portugal batarengeje imyaka15

Cristiano Ronaldo Jr yatangiye urugendo rushya mu ikipe y’igihugu yabato Portugal batarengeje imyaka15

May 12, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com