• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Amarushanwa ya CAF iratangirana n’umukino urahuza ES Tunis na Djoliba AC

Amarushanwa ya CAF mu matsinda iratangira kuri uyu wa 26 Ugushyingo.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 26, 2024
in Imikino
0
Amarushanwa ya CAF iratangirana n’umukino urahuza ES Tunis na Djoliba AC
0
SHARES
3
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ku wa mbere 25 Ugushyingo, umutoza mushya wa ES Tunis, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, yavuze ku bijyanye n’uko iyi kipe yiteguye imikino.

Laurențiu Reghecampf ati: “Ndatekereza ko abakinnyi bose biteguye umukino wejo kandi ndatekereza ko abari bagize itangazamakuru ryari aho batigeze bumva ibyo navuze mbere y’umukino uheruka”.

“Gusa navuze ko nta bakinnyi mfite bahagije. Ntabwo nabonye umwanya nanjye uhagije wo gutegura ikipe yanjye hamwe nabakinnyi bose kuko abakinnyi benshi bari kumwe n’ikipe y’Igihugu.

Espérance de Tunis ishaka ivugurura y’ikipe nshya nyuma yo gutsindwa ku mukino wanyuma wa CAF Champions League.

ES Tunis kugeza ubu iri ku mwanya wa gatandatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu.

Umutoza Mbemba Traore ati: ” Kuri ayamarushanwa, tugomba kuba duhagaze neza kur’urutonde.

Muri shampiyona tugomba kuba dufite amayeri yose ashoboka.

Umukino uhuza ES Tunis na Djoliba AC uratangira kuri uyu wa 26 Ugushyingo ku isaha y’isaa 8:00 AM kuri stade Olympique Hammadi Agrebi i Rades, muri Tuniziya.

Kugeza ubu amakipe 16 yujuje ibyangombwa byo gukina uyu mwaka wa CAF Champions League.

Amakipe yombi ayoboye buri tsinda muri kimwe cya kane kizakinwa kuva 17 kugeza 19 Mutarama.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Inkongi y’umuriro muri Philippines yasenye amazu, abantu bamwe bahasiga ubuzima abandi barakomereka

Next Post

Mohamed Salah yavuze ko atishimiye ikipe ya Liverpool itaramuha amasezerano mashya

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Mohamed Salah yavuze ko atishimiye ikipe ya Liverpool itaramuha amasezerano mashya

Mohamed Salah yavuze ko atishimiye ikipe ya Liverpool itaramuha amasezerano mashya

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Abarimo Dj Kiss, Dj Lou, Dj Pinky, Dj Benda, na Jesca ni bamwe mu bazasusurutsa igitaramo “SOCIAL THURSDAY”

Abarimo Dj Kiss, Dj Lou, Dj Pinky, Dj Benda, na Jesca ni bamwe mu bazasusurutsa igitaramo “SOCIAL THURSDAY”

January 21, 2026
Burera: Inzego z’umutekano ziri gushakisha umugabo ukekwaho kwica umugore we

Burera: Inzego z’umutekano ziri gushakisha umugabo ukekwaho kwica umugore we

January 21, 2026
Mozambique: Mu ntara ya Maputo, abantu barenga ibihumbi 36 bagizweho ingaruka n’imyuzure

Mozambique: Mu ntara ya Maputo, abantu barenga ibihumbi 36 bagizweho ingaruka n’imyuzure

January 21, 2026
Igitaramo “TAKEOVER” kiraba kirimo umunezero udasanzwe iri joro Ti’Amo i Remera

Igitaramo “TAKEOVER” kiraba kirimo umunezero udasanzwe iri joro Ti’Amo i Remera

January 21, 2026

Recent News

Abarimo Dj Kiss, Dj Lou, Dj Pinky, Dj Benda, na Jesca ni bamwe mu bazasusurutsa igitaramo “SOCIAL THURSDAY”

Abarimo Dj Kiss, Dj Lou, Dj Pinky, Dj Benda, na Jesca ni bamwe mu bazasusurutsa igitaramo “SOCIAL THURSDAY”

January 21, 2026
Burera: Inzego z’umutekano ziri gushakisha umugabo ukekwaho kwica umugore we

Burera: Inzego z’umutekano ziri gushakisha umugabo ukekwaho kwica umugore we

January 21, 2026
Mozambique: Mu ntara ya Maputo, abantu barenga ibihumbi 36 bagizweho ingaruka n’imyuzure

Mozambique: Mu ntara ya Maputo, abantu barenga ibihumbi 36 bagizweho ingaruka n’imyuzure

January 21, 2026
Igitaramo “TAKEOVER” kiraba kirimo umunezero udasanzwe iri joro Ti’Amo i Remera

Igitaramo “TAKEOVER” kiraba kirimo umunezero udasanzwe iri joro Ti’Amo i Remera

January 21, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Abarimo Dj Kiss, Dj Lou, Dj Pinky, Dj Benda, na Jesca ni bamwe mu bazasusurutsa igitaramo “SOCIAL THURSDAY”

Abarimo Dj Kiss, Dj Lou, Dj Pinky, Dj Benda, na Jesca ni bamwe mu bazasusurutsa igitaramo “SOCIAL THURSDAY”

January 21, 2026
Burera: Inzego z’umutekano ziri gushakisha umugabo ukekwaho kwica umugore we

Burera: Inzego z’umutekano ziri gushakisha umugabo ukekwaho kwica umugore we

January 21, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com