• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Filime Squid Game yatangiye gusohoka nyuma y’imyaka isaga 14 yanditswe

Nyuma y’imyaka irenga 14 umwanditsi wayo agerageza kuyimenyekanisha, ‘Squid Game’ yabaye filime y’uruhererekane yakunzwe cyane ku isi hose.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 7, 2025
in Imyidagaduro
0
Filime Squid Game yatangiye gusohoka nyuma y’imyaka isaga 14 yanditswe
0
SHARES
45
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Nyuma y’imyaka irenga 14 umwanditsi wayo agerageza kuyimenyekanisha, ‘Squid Game’ yabaye filime y’uruhererekane yakunzwe cyane ku isi hose, yongeye guteza impaka nyinshi kuri Netflix, aho abantu bavuga ko ari umwe mu mikino mibi, ibabaje ariko inigisha cyane ku buzima bwa muntu.

Uru ruhererekane rwatangiye gukinwaho mu myaka 12 yabanjirije iyi, ariko Hwang Dong-hyuk, umwanditsi warushyize ahagaragara, amaze imyaka 14 atangira ku rutonde rw’ibitaramenyekana kuko amashami menshi y’ikinamico n’abatunganya amafilime bamwangaga.

Ntibabyumvaga uko abantu bashobora kwicwa ku mugaragaro nk’urugamba rwo kurwana n’ubukene, ubusumbane n’ubugambanyi bwo mu buzima bwa buri munsi.

Gusa, ubwo rwamamazwaga ku rubuga rwa Netflix, rwahise rucengera abantu barenga miliyoni 100 mu minsi mike, rukaba rwarabaye imwe muri series zikurikiwe cyane mu mateka y’iyo sosiyete.

‘Final’ yayo yategerejwe n’abakunzi bayo nk’uko umuntu ategereza igisubizo ku bibazo by’ingenzi mu buzima bwe. Igaragaza ishusho y’ukuntu umuntu ashobora guhitamo kubaho atisunze amahame y’isi, cyangwa guhitamo kwigomwa byose kugira ngo arengere abandi.

Ni agace gafunguye imitima y’abantu ku byabaye mu byiciro byabanje, gasiga ibibazo byinshi mu mitwe y’abakunzi ba sinema: Ese kugera ku ntsinzi bisaba iki? Ese umuntu utangiye nabi ashobora kurangiza neza?

‘Squid Game’ ikomeje kuba ishusho ikomeye y’uko ishyari, ubukene n’amaherezo y’ingaruka z’ubuzima busharira, bishobora kugaragazwa binyuze mu mikino y’abana bato igaragaza gukina nk’iyoroshye, ariko yuzuyemo amarira menshi, amaraso, n’ibikomere by’umutima.

Reba agace gato ka Final

ADVERTISEMENT
Previous Post

Abasirikare b’u Burundi n’inyeshyamba za Wazalendo bagaruye Inka bari banyaze

Next Post

Snoop Doggy yafunguriye imbwa ye nshya konti ya Instagram

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Snoop Doggy yafunguriye imbwa ye nshya konti ya Instagram

Snoop Doggy yafunguriye imbwa ye nshya konti ya Instagram

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Vietnam vuba aha irakora amateka yo kubaka stade nini kurusha izindi ku Isi

Vietnam vuba aha irakora amateka yo kubaka stade nini kurusha izindi ku Isi

February 10, 2026
Ballon d’Or 2026: Ninde uzegukana igihembo gikuru cy’umupira w’amaguru ku Isi

Ballon d’Or 2026: Ninde uzegukana igihembo gikuru cy’umupira w’amaguru ku Isi

February 10, 2026
Kamonyi: Umwana w’imyaka itanu y’amavuko akomeje gutabarizwa kubera ikibazo cyo kubyimba inda

Kamonyi: Umwana w’imyaka itanu y’amavuko akomeje gutabarizwa kubera ikibazo cyo kubyimba inda

February 10, 2026
Joan Laporta ari mu bibazo bikomeye, nyuma yo kutishimirwa n’abanyabigwi b’ikipe ya FC Barcelona

Joan Laporta ari mu bibazo bikomeye, nyuma yo kutishimirwa n’abanyabigwi b’ikipe ya FC Barcelona

February 10, 2026

Recent News

Vietnam vuba aha irakora amateka yo kubaka stade nini kurusha izindi ku Isi

Vietnam vuba aha irakora amateka yo kubaka stade nini kurusha izindi ku Isi

February 10, 2026
Ballon d’Or 2026: Ninde uzegukana igihembo gikuru cy’umupira w’amaguru ku Isi

Ballon d’Or 2026: Ninde uzegukana igihembo gikuru cy’umupira w’amaguru ku Isi

February 10, 2026
Kamonyi: Umwana w’imyaka itanu y’amavuko akomeje gutabarizwa kubera ikibazo cyo kubyimba inda

Kamonyi: Umwana w’imyaka itanu y’amavuko akomeje gutabarizwa kubera ikibazo cyo kubyimba inda

February 10, 2026
Joan Laporta ari mu bibazo bikomeye, nyuma yo kutishimirwa n’abanyabigwi b’ikipe ya FC Barcelona

Joan Laporta ari mu bibazo bikomeye, nyuma yo kutishimirwa n’abanyabigwi b’ikipe ya FC Barcelona

February 10, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Vietnam vuba aha irakora amateka yo kubaka stade nini kurusha izindi ku Isi

Vietnam vuba aha irakora amateka yo kubaka stade nini kurusha izindi ku Isi

February 10, 2026
Ballon d’Or 2026: Ninde uzegukana igihembo gikuru cy’umupira w’amaguru ku Isi

Ballon d’Or 2026: Ninde uzegukana igihembo gikuru cy’umupira w’amaguru ku Isi

February 10, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com