• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Taikun Ndahiro yasabye RIB n’inzego bireba kubaha no kurinda isura y’abahanzi

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 19, 2025
in Imyidagaduro
0
Taikun Ndahiro yasabye RIB n’inzego bireba kubaha no kurinda isura y’abahanzi
0
SHARES
86
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyamakuru akaba n’umunyarwenya Taikun Ndahiro yongeye kuvuga ku kibazo kimaze igihe kivugisha benshi mu ruganda rw’imyidagaduro, aho yasabye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ndetse n’izindi nzego z’umutekano n’ubuyobozi kwiga kubaha no kurinda isura y’abahanzi. Ibi yabivuze ku munsi w’ejo tariki ya 18 Ugushyingo 2025, abinyujije mu butumwa yashyize ku rukuta rwe rwa instagram, aho yavuze ko igihe kigeze ngo inzego bireba zirusheho kumva no guha agaciro umuziki n’abawukora.

Taikun yavuze ko kenshi abahanzi bahura n’ihohoterwa rishingiye ku myumvire itanoze y’abantu babafata nk’abantu badafite agaciro cyangwa batari uburere. Yavuze ko ibi bishobora gutuma impano zishya zicika intege ndetse n’ubuhanzi bw’u Rwanda bugahabwa isura itari yo.

Yagaragaje ko abahanzi baba ari ba ambasaderi b’igihugu, bakwiye guhabwa agaciro no kurindwa nk’abandi bantu bose bafite uruhare mu kubaka igihugu. Ibyo yabivuze nyuma yo gushyira hanze post kuri instagram hanyuma agashyiramo indirimbo y’umuhanzi Bill Ruzima uherutse gutabwa muri yombi k’ucyaha ashinjwa cyo kunywa no kugurisha urumogi.

Yongeyeho ko hari igihe abahanzi bafatwa nabi mu bihe by’iperereza cyangwa mu bikorwa bitandukanye bya polisi, ibintu avuga ko bikwiye gukosorwa vuba cyane kuko bishobora gutuma umuhanzi agira isura mbi kandi akenshi biterwa n’amakuru adafite ishingiro.

Taikun yasabye ko inzego zishinzwe umutekano zatangira gukorana n’abahanzi mu buryo bunoze, bubahiriza uburenganzira bwabo kandi bugamije guteza imbere urwego rw’imyidagaduro. Yanibukije ko kurinda umuhanzi ari n’uburyo bwo kurinda isura y’igihugu.

Taikun Ndahiro yasabye RIB n’inzego bireba kubaha no kurinda isura y’abahanzi

ADVERTISEMENT
Previous Post

Cristiano Ronaldo yafatiye selfie muri White House nyuma yo gusura Perezida Donald Trump

Next Post

Fernandinho yasezeye gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Fernandinho yasezeye gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga

Fernandinho yasezeye gukina umupira w'amaguru nk'uwabigize umwuga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

January 8, 2026
Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

January 8, 2026

Recent News

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

January 8, 2026
Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

Gashinya: Abaturage baratabaza kubera inda ziterwa abangavu

January 8, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com