• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Ti’Amo Bar&Resto ikomeje kuba igicumbi cy’imyidagaduro kubera ibitaramo bihabera

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 1, 2026
in Imyidagaduro
0
Ti’Amo Bar&Resto ikomeje kuba igicumbi cy’imyidagaduro kubera ibitaramo bihabera
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu Mujyi wa Kigali, imyidagaduro ikomeje gufata indi ntera aho abakunzi bayo bagenda babona ahantu heza ho gusohokera no kuruhukira. Muri Bar&Resto zikunze gutegura ibitaramo harimo Ti’Amo Lounge, ikomeje kwigarurira imitima ya benshi kubera serivisi nziza ihatangwa n’ibitaramo bidasanzwe ihora itegura.

Ku munsi wo ku wa Gatanu tariki ya 3 Mata 2026, hazaba igitaramo gikomeye cyiswe “FIRST CLASS FRIDAY”, kikazitabirwa n’abahanga mu kuvanga imiziki barimo DJ Caspi, DJ Cyusa, Zebby na Tania. Aba bose bazafatanya gutanga ibyishimo ku bazitabira iki gitaramo, bakabagezaho umuziki uri ku rwego rwo hejuru ujyanye n’igihe.

Abarimo Dj Caspi, Dj Cyusa, Zebby na Tania ni bamwe mu bazitabira igitaramo kizabera Ti’Amo Lounge i Remera

Si ibyo gusa kuko no ku wa Kane tariki ya 2 Mata 2026, hazaba habanjirijwe igitaramo cyiswe “THURSDAY HANGOUT”, aho DJ Brian azaba ari we ushinzwe kuvanga imiziki, agashyushya ikirori.

Dj Brian ni umwe mu ba Dj bazasusurutsa abazitabira THURSDAY HANGOUT ku munsi wejo

Ti’Amo Lounge iherereye i Remera imbere ya gare, hafi ya station ORXY, ikomeje kuba igicumbi cy’abakunzi b’umuziki, cyane cyane ku bakunda agasembuye ndetse n’abashaka gusohokera ahantu hafite umutekano n’imitunganyirize myiza. Ubuyobozi bwayo buvuga ko buri wese ushaka imyidagaduro irimo ubunyamwuga iyo ahageze ahabonera ibyishimo bidasanzwe.

Niba uri mu bakunda gusohokana n’inshuti, kuruhuka nyuma y’akazi no kwishimira ubuzima umaze kugeraho, Ti’Amo Lounge ni ho hantu hakubereye. Abategura ibi bitaramo barasaba abantu kuza ari benshi, batibagiwe n’inshuti zabo, kugira ngo basangire umunezero udasanzwe.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Wikomeza gutinda kugura itike y’igitaramo Easter Jubilee kuko amatike ari gushira

Next Post

Lamine Yamal yagize ubutumwa agenera abafana bakoze ivangura rishingiye ku idini rye

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Lamine Yamal yagize ubutumwa agenera abafana bakoze ivangura rishingiye ku idini rye

Lamine Yamal yagize ubutumwa agenera abafana bakoze ivangura rishingiye ku idini rye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Lamine Yamal yagize ubutumwa agenera abafana bakoze ivangura rishingiye ku idini rye

Lamine Yamal yagize ubutumwa agenera abafana bakoze ivangura rishingiye ku idini rye

April 1, 2026
Ti’Amo Bar&Resto ikomeje kuba igicumbi cy’imyidagaduro kubera ibitaramo bihabera

Ti’Amo Bar&Resto ikomeje kuba igicumbi cy’imyidagaduro kubera ibitaramo bihabera

April 1, 2026
Wikomeza gutinda kugura itike y’igitaramo Easter Jubilee kuko amatike ari gushira

Wikomeza gutinda kugura itike y’igitaramo Easter Jubilee kuko amatike ari gushira

April 1, 2026
DR Congo yongeye kubona itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi, nyuma y’Imyaka 52

DR Congo yongeye kubona itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi, nyuma y’Imyaka 52

April 1, 2026

Recent News

Lamine Yamal yagize ubutumwa agenera abafana bakoze ivangura rishingiye ku idini rye

Lamine Yamal yagize ubutumwa agenera abafana bakoze ivangura rishingiye ku idini rye

April 1, 2026
Ti’Amo Bar&Resto ikomeje kuba igicumbi cy’imyidagaduro kubera ibitaramo bihabera

Ti’Amo Bar&Resto ikomeje kuba igicumbi cy’imyidagaduro kubera ibitaramo bihabera

April 1, 2026
Wikomeza gutinda kugura itike y’igitaramo Easter Jubilee kuko amatike ari gushira

Wikomeza gutinda kugura itike y’igitaramo Easter Jubilee kuko amatike ari gushira

April 1, 2026
DR Congo yongeye kubona itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi, nyuma y’Imyaka 52

DR Congo yongeye kubona itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi, nyuma y’Imyaka 52

April 1, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Lamine Yamal yagize ubutumwa agenera abafana bakoze ivangura rishingiye ku idini rye

Lamine Yamal yagize ubutumwa agenera abafana bakoze ivangura rishingiye ku idini rye

April 1, 2026
Ti’Amo Bar&Resto ikomeje kuba igicumbi cy’imyidagaduro kubera ibitaramo bihabera

Ti’Amo Bar&Resto ikomeje kuba igicumbi cy’imyidagaduro kubera ibitaramo bihabera

April 1, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com