• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Ubuzima

Ti’Amo Lounge ikomeje kwigwizaho igikundiro cy’abakunda serivisi nziza

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 28, 2026
in Ubuzima
0
Burya indyo nziza niyo soko y’ubuzima buzira umuze
0
SHARES
17
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ibiciro babikubise ishoka, nyuma y’aho bamaze kwikubiraho abakiriya, Ti’Amo Lounge i Remera ikomeje kwigwizaho igikundiro ku rwego rudasanzwe, doreko ikomeje guhinduka ahantu hahurira abantu benshi baba bashaka kurira indyo nziza, kuruhukira no kwishimira serivisi itandukanye n’ahandi. Iyi lounge yamenyekanye cyane kubera uburyo ihuza ubwiza bw’aho ikorera, kwakira neza abakiriya, n’ubuhanga mu gutegura amafunguro aryoshye kandi ahendutse ugereranyije n’ubwiza bwayo.

Mu byo kurya bikomeje gutuma Ti’Amo Lounge ivugwa cyane, harimo Burger ziteguye kinyamwuga, zifite umwimerere wihariye ku bakunda ifunguro ryihuse kandi ryiza. Hari kandi Goat Leg itogosheje neza, ikundwa n’abakunda inyama ziteguye mu buryo bwa kinyafurika kijyanye n’igihe. Platter zitandukanye zituma abakiriya basangira mu byishimo, cyane cyane mu matsinda y’inshuti cyangwa imiryango.

Sandwiches na Pizza nabyo biri mu byihariye, bitegurwa ku buryo bujyanye n’uburyohe n’isuku, bikajyana neza n’ibinyobwa bitandukanye. Ku bakunda amafunguro yuzuye, Whole Chicken ndetse na Chicken with Rice byahindutse amahitamo akunzwe cyane, bitewe n’uko biba byateguwe neza kandi bigahaza.

Mu gihe ibiciro byinshi byazamutse ahandi, Ti’Amo Lounge yahisemo korohereza abakiriya bayo, ikabaha serivisi nziza ku giciro giciriritse. Ibi byatumye ikomeza kwigarurira imitima ya benshi, ikaba ikomeje kwerekana ko ubuhanga, icyerekezo n’ubwitange bishobora gutuma ahantu hahinduka igicumbi cy’ibyishimo i Remera.

Ti’Amo Lounge ikomeje kwigwizaho igikundiro cy’abakunda serivisi nziza
Chicken with Rice yahindutse amahitamo y’indyo ikunzwe cyane, bitewe n’uko iba yateguwe neza kandi ihaza
Ku mafaranga angana n’ibihumbi 25,000 FRW utegurirwa indyo nk’iyi
Pizza nayo iri mu ndyo yihariye, itegurwa mu buryo bujyanye n’igihe
Ku mafaranga ibihumbi 8,000 FRW

ADVERTISEMENT
Previous Post

Chelsea yahungabanyijwe no kumva ko Fermin Lopez agiye kongera amasezerano muri Barcelona

Next Post

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
Burya indyo nziza niyo soko y’ubuzima buzira umuze

Ti’Amo Lounge ikomeje kwigwizaho igikundiro cy’abakunda serivisi nziza

January 28, 2026

Recent News

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
Burya indyo nziza niyo soko y’ubuzima buzira umuze

Ti’Amo Lounge ikomeje kwigwizaho igikundiro cy’abakunda serivisi nziza

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com