• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Tom Cruise ashimira uwahoze ari umugore we Nicole Kidman hagati mu ibihuha by’urukundo na Ana De Armas

Hagati mu bihuha by’urukundo na Ana de Armas, Tom Cruise avuga ko Nicole ari "umukinnyi w’umuhanga cyane" ubwo yibukaga filime "Eyes Wide Shut".

PRINCE WAZIEL by PRINCE WAZIEL
May 10, 2025
in Imyidagaduro
0
Tom Cruise ashimira uwahoze ari umugore we Nicole Kidman hagati mu ibihuha by’urukundo na Ana De Armas
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Nicole Kidman

Tom Cruise yagaragaje ko agifitiye icyubahiro uwahoze ari umugore we, Nicole Kidman  nubwo batandukanye hashize imyaka irenga 20 nyuma yo kumushimira cyane ubwo yavugaga ku mukino wabo w’inkuru “Eyes Wide Shut” wo mu 1999, wavuzweho cyane.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru gishya cya Sight and Sound cy’umuryango British Film Institute, Cruise yavuze ko ari we wasabye umuyobozi w’uyu mukino, Stanley Kubrick, ko Nicole Kidman yaba ari we mukinnyi wamuhanganye na we muri filime, avuga ati: “Byari ukuri ko ari umukinnyi w’umuhanga cyane.”

Icyo cyemezo cyaje kugaragara ko cyari gikwiye nubwo hari abantu batishimiye amwe mu mashusho y’iyo filime yagaragayemo ubusambanyi, Nicole na Tom bashimiwe cyane ku buryo bitwaye. Ariko, byaje kurangira batandukanye hashize imyaka mike gusa.

Aya magambo ya Tom Cruise ku wahoze ari umugore we, bari bamaze imyaka 11 babana, aje mu gihe hibazwa byinshi ku bucuti budasanzwe yaba afitanye na Ana de Armas, umukinnyi wa filime nawe uzwi cyane.

Bombi bamaze igihe baboneka bari kumwe mu bice bitandukanye aheruka kugaragara bari kugera i London n’indege y’akataraboneka mbere gato y’isabukuru ye y’amavuko.

Nta makuru yemeza ko bari mu rukundo aratangazwa ku mugaragaro … ariko ibimenyetso by’uko bamara igihe kinini bari kumwe biriyongera. Guma hafi kugira ngo wumve ibizakurikiraho.

 

Umukinnyi w’umunya-Cuba w’amazina azwi muri sinema, Ana de Armas.
Umukinnyi w’umunya-Cuba w’amazina azwi muri sinema, Ana de Armas na Tom cruise

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Impamvu Papa wa mbere w’umunyamerika yahisemo kwitwa Leo wa XIV.

Next Post

Abaturage ba Kabembe muri Kaziba basabye Ingabo za FARDC n’abafatanyabikorwa bazo kurekera imirwano

PRINCE WAZIEL

PRINCE WAZIEL

Next Post
Abaturage ba Kabembe muri Kaziba basabye Ingabo za FARDC n’abafatanyabikorwa bazo kurekera imirwano

Abaturage ba Kabembe muri Kaziba basabye Ingabo za FARDC n’abafatanyabikorwa bazo kurekera imirwano

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Twirwaneho yashinje Ingabo z’u Burundi umugambi wo gutera Abanyamulenge

Twirwaneho yashinje Ingabo z’u Burundi umugambi wo gutera Abanyamulenge

June 26, 2025
General Sultan Makenga, yasuye inzira M23 iri kubaka

General Sultan Makenga, yasuye inzira M23 iri kubaka

June 26, 2025
“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

June 25, 2025
Abasirikare b’u Burundi bavuye Bibogobogo berekeza i Baraka

Inka zibarirwa muri mirongo z’Umunyamulenge, zanyazwe zigurishwa kuri make make

June 25, 2025

Recent News

Twirwaneho yashinje Ingabo z’u Burundi umugambi wo gutera Abanyamulenge

Twirwaneho yashinje Ingabo z’u Burundi umugambi wo gutera Abanyamulenge

June 26, 2025
General Sultan Makenga, yasuye inzira M23 iri kubaka

General Sultan Makenga, yasuye inzira M23 iri kubaka

June 26, 2025
“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

June 25, 2025
Abasirikare b’u Burundi bavuye Bibogobogo berekeza i Baraka

Inka zibarirwa muri mirongo z’Umunyamulenge, zanyazwe zigurishwa kuri make make

June 25, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Twirwaneho yashinje Ingabo z’u Burundi umugambi wo gutera Abanyamulenge

Twirwaneho yashinje Ingabo z’u Burundi umugambi wo gutera Abanyamulenge

June 26, 2025
General Sultan Makenga, yasuye inzira M23 iri kubaka

General Sultan Makenga, yasuye inzira M23 iri kubaka

June 26, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com