• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 53 y'amavuko, umaze imyaka 17 akora muri Sinema nyarwanda, yagaragaje ko igikorwa cyo kwambika impeta cyabaye ku wa Gatatu, tariki ya 3 Gashyantare 2026.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 7, 2026
in Imyidagaduro
0
Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umukinnyi w’icyamamare mu Rwanda, Ilunga Longin uzwi nka Tukowote, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we mu birori byihariye, atangaza amazina ye. Tukowote yavuze ko uru rukundo rwe n’uwo barufatikanyije rwatangiye mu mwaka ushize, ubu rukaba rwarageze ku mwaka umwe n’igice. Yavuze ko muri uyu mwaka wa 2026 ari bwo bazakora ubukwe, nk’uko yari yarabivuze mbere.

Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 53 y’amavuko, umaze imyaka 17 akora muri Sinema nyarwanda, yagaragaje ko igikorwa cyo kwambika impeta cyabaye ku wa Gatatu, tariki ya 3 Gashyantare 2026. N’ubwo atashyize hanze amashusho yose y’uyu muhango, yagize ati “byabaye ku wa Gatatu w’iki Cyumweru.” Tukowote yavuze ko amakuru menshi ku rugendo rwabo rw’urukundo azatangazwa mu gihe kiri imbere.

Ku ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze ko agiye ‘kudohoka’, mu mvugo y’ubu isobanura icyemezo cyo kurushinga.

Tukowote amaze gukina muri filime zirenga 160, haba mu Rwanda no hanze y’Igihugu, aho yagiye agaragaza impano idasanzwe ndetse anatsindira ibikombe bitandukanye. Muri iki gihe, azwi cyane ku mbuga nkoranyambaga no muri filime nshya zirimo “Bamenya”, zimugaragaza mu mwihariko we mu mwuga w’ubuhanzi, doreko afite umwihariko w’imvugo akoresha muri filime Bamenya kandi adasanzwe akoresha urwo rurimi.

Uyu munsi, abakunzi be bamufata nk’ikimenyetso cy’urukundo n’ubuhanga mu myidagaduro, bategereje inkuru y’ubukwe bwe izatuma benshi barushaho kumumenya.

Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 53 y’amavuko, umaze imyaka 17 akora muri Sinema nyarwanda, yagaragaje ko igikorwa cyo kwambika impeta cyabaye ku wa Gatatu, tariki ya 3 Gashyantare 2026.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

February 7, 2026
Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

February 7, 2026
Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

February 7, 2026
Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

February 7, 2026

Recent News

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

February 7, 2026
Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

February 7, 2026
Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

Ukomeje kwibaza aho waruhukira wowe n’abawe muri izi mpera z’icyumweru?

February 7, 2026
Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

Minisitiri Ingabire Paula yasobanuye impamvu mu Rwanda imbuga nkoranyambaga zitaratangira guhemba abazikoresha mu buryo bwa Ads

February 7, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

Tukowote yitandukanyije n’abakiri ingaragu, nyuma yo kwambika impeta uwo bamaze iminsi mu rukundo

February 7, 2026
Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

Kamonyi: Abaturage batunguwe no kumva inkuru y’urupfu rw’umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 60 wishwe n’abatahise bamenyekana

February 7, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com