• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Amakuru

Twirwaneho na M23 bakubise inshuro ingabo za Leta zifatanyije na FDLR na Wazalendo mu Rugezi

Nyuma y’aho ihuriro rigizwe n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC), iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo, rigabye ibitero ku mitwe ya Twirwaneho na M23 mu bice bitandukanye by’akarere ka Rugezi, iyi mitwe yombi yabatsinze bikomeye, ibasubiza inyuma.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
May 19, 2025
in Amakuru
0
Twirwaneho na M23 bakubise inshuro ingabo za Leta zifatanyije na FDLR na Wazalendo mu Rugezi
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Nyuma y’aho ihuriro rigizwe n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC), iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo, rigabye ibitero ku mitwe ya Twirwaneho na M23 mu bice bitandukanye by’akarere ka Rugezi, iyi mitwe yombi yabatsinze bikomeye, ibasubiza inyuma.

Ibitero byagabwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Gicurasi 2025, byibasiye udusozi two muri Rugezi, tumaze iminsi mike tugenzurwa na Twirwaneho hamwe na M23.

Aka gace ka Rugezi, gaherereye mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Muri Werurwe 2025, iyi mitwe yari yaragakuye mu maboko y’ingabo za Leta n’abafatanyabikorwa bazo.

Icyo gihe, Twirwaneho na M23 byari byirukanye ingabo za FARDC, iz’u Burundi, hamwe n’indi mitwe irwana ku ruhande rwa Leta, irimo FDLR na Wazalendo.

Amakuru yizewe agera kuri Kasuku Media avuga ko ubwo izi ngabo zari zagabye ibitero kuri uyu wa mbere, zahuriranye n’akaga gakomeye kuko zahise zicirwa ku rugamba, zigasubira inyuma zivuga induru.

Abenshi mu bagabye ibyo bitero bahasize ubuzima, abandi barakomereka, nk’uko byemezwa n’ayo makuru.

Kuri ubu, ibice byose byarashweho bigaruwe mu maboko ya Twirwaneho na M23, kandi biracyagenzurwa na bo nk’uko byari bimeze mbere y’ibitero.

Ibi bitero byagabwe mu gihe hari hashize iminsi hibazwa ku migambi ya Leta ya Kinshasa, bivugwa ko iri gutegura ibitero ku bice by’Abanyamulenge mu Minembwe no mu nkengero zaho nka Rugezi na Mikenke.

Amakuru yizewe yagaragaje ko Leta igamije kwisubiza uduce twafashwe na Twirwaneho na M23, ndetse hakaba hari impungenge z’uko hashobora gutera intambara ku kibuga cy’indege cya Minembwe n’icya Mikenke, cyane ko Leta ishaka kwirinda ko iyi mitwe y’itwaje intwaro yazabyifashisha mu gihe kiri imbere.

Twirwaneho na M23 bakubise inshuro ingabo za Leta zifatanyije na FDLR na Wazalendo mu Rugezi
ADVERTISEMENT
Previous Post

Agahinda kadasanzwe Semuhungu Eric yatuye akari ku mutima nyuma y’ibyo yakorewe na MC Nario

Next Post

Lt Gen Masunzu yimanukiye ku rugamba i Walikale, ingabo ze zihatsindirwa bikomeye na M23

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Lt Gen Masunzu yimanukiye ku rugamba i Walikale, ingabo ze zihatsindirwa bikomeye na M23

Lt Gen Masunzu yimanukiye ku rugamba i Walikale, ingabo ze zihatsindirwa bikomeye na M23

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

May 21, 2025
CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

May 21, 2025
Matata Ponyo yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato azira kunyereza miliyoni 245$

Matata Ponyo yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato azira kunyereza miliyoni 245$

May 21, 2025

Recent News

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

May 21, 2025
CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

May 21, 2025
Matata Ponyo yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato azira kunyereza miliyoni 245$

Matata Ponyo yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato azira kunyereza miliyoni 245$

May 21, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

May 21, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com