• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Ubushinjacyaha bwajuriye ifungurwa rya DJ Toxxyk

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
May 13, 2026
in Imyidagaduro
0
Ubushinjacyaha bwajuriye ifungurwa rya DJ Toxxyk
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ubushinjacyaha bwamaze kujuririra icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge cyo kurekura Shema Arnold de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk, nyuma yo kumuhamya ibyaha yari akurikiranyweho ariko ntahite afungwa.

Ni icyemezo cyafashwe ku wa Mbere tariki ya 4 Gicurasi 2026, aho uru rukiko rwategetse ko uyu mu-DJ arekurwa nyuma yo guhanishwa ibihano birimo gutanga ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni imwe n’ibihumbi 50 (1,050,000 Frw), ndetse no gukora imirimo y’inyungu rusange mu gihe kingana n’amezi atatu.

Gusa, urukiko rwategetse ko icyo gihano cy’imirimo y’inyungu rusange gisubikwa mu gihe cy’amezi atandatu, ibintu byatumye DJ Toxxyk ahita arekurwa icyemezo kikimara gusomwa.

Amakuru yamenyekanye nyuma y’iki cyemezo ni uko Ubushinjacyaha butanyuzwe n’imikirize y’urubanza, bwahisemo kujuririra umwanzuro wafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge.

Kwamamaza ubujurire bivuze ko uru rubanza rushobora kongera gusuzumwa n’urukiko rwo ku rwego rwo hejuru, rukazafata umwanzuro wa nyuma ku bihano byahawe DJ Toxxyk ndetse n’ifungurwa rye.

Ubushinjacyaha bwajuriye ifungurwa rya DJ Toxxyk
ADVERTISEMENT
Previous Post

Yamal yaciye ibintu! Imyenda yari yambaye yabarirwaga asaga miliyoni 122 Frw

Next Post

Nicky Dimpoz agarukanye imbaraga nshya muri muzika

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Nicky Dimpoz agarukanye imbaraga nshya muri muzika

Nicky Dimpoz agarukanye imbaraga nshya muri muzika

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

June 9, 2026
Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

June 9, 2026
José Mourinho akomeje kuvugwa i Madrid cyane, bivugwa ko yaba agiye kuba umutoza mushya wa Real Madrid

José Mourinho akomeje kuvugwa i Madrid cyane, bivugwa ko yaba agiye kuba umutoza mushya wa Real Madrid

June 9, 2026
Amerika yageneye RDC na Uganda miliyoni 13$ zo kurwanya Ebola

Amerika yageneye RDC na Uganda miliyoni 13$ zo kurwanya Ebola

May 19, 2026

Recent News

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

June 9, 2026
Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

June 9, 2026
José Mourinho akomeje kuvugwa i Madrid cyane, bivugwa ko yaba agiye kuba umutoza mushya wa Real Madrid

José Mourinho akomeje kuvugwa i Madrid cyane, bivugwa ko yaba agiye kuba umutoza mushya wa Real Madrid

June 9, 2026
Amerika yageneye RDC na Uganda miliyoni 13$ zo kurwanya Ebola

Amerika yageneye RDC na Uganda miliyoni 13$ zo kurwanya Ebola

May 19, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

June 9, 2026
Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

June 9, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com