• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Karabaye

Ubuzima bwa Papa Francis bukomeje kuzamba, Vatican iri kugaragaza impungenge

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 23, 2025
in Karabaye
0
Ubuzima bwa Papa Francis bukomeje kuzamba, Vatican iri kugaragaza impungenge
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ku wa 22 Gashyantare 2025, Vatican yatangaje ko Papa Francis, umaze icyumweru arwariye mu bitaro bya Gemelli i Roma, ari mu bihe bikomeye kubera uburwayi bw’ubuhumekero bwamusabye kongererwa umwuka w’inyongera ku gipimo cyo hejuru.

Papa Francis, w’imyaka 88, yibasiwe n’umusonga wafashe ibihaha byombi, aho abaganga bamwitaho batangaje ko ubu yanasabye kongererwa amaraso. Nubwo akiri maso kandi afite ubushake bwo gukomeza imirimo ye, uburibwe afite bukomeje kwiyongera, ndetse abaganga bagaragaza impungenge ko uburwayi bwe bushobora gukomera kurushaho.

Vatican yatangaje ko ku nshuro ya kabiri yikurikiranya, Papa Francis atazayobora isengesho rya Angelus kubera ubuzima bwe butifashe neza.

Ibibazo by’ubuzima kwa Papa Francis byakomeje kwiyongera mu myaka ishize, aho yagize ibibazo by’amatwi, uruti rw’umugongo, ndetse akaza no kubagwa urura runini.

N’ubwo atigeze agaragaza ubushake bwo kwegura ku buyobozi bwa Kiliziya Gatolika, inkubiri y’ibibazo by’ubuzima byamugarije isize icyuho gikomeye mu miyoborere ye.

Mu minsi ishize, Vatican yashyizeho uburyo bwihariye bwo gukomeza ibikorwa by’Ubupapa mu gihe ubuzima bwa Nyirubutungane butifashe neza.

Ibi byatumye abasesenguzi batangira kwibaza niba Kiliziya itagomba gutangira gutekereza ku hazaza h’ubuyobozi bwayo.

Ku rundi ruhande, abakirisitu Gatolika hirya no hino ku Isi bakomeje gusengera Papa Francis, bamusabira gukira vuba no gukomeza umurimo we wo kuyobora Kiliziya Gatolika n’Isi yose muri rusange.

Papa Francis, w’imyaka 88, yibasiwe n’umusonga wafashe ibihaha byombi, aho abaganga bamwitaho batangaje ko ubu yanasabye kongererwa amaraso.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Ihere ijisho uburanga bw’umukunzi wa Jude Bellingham, Ashlyn Castro, banajyanye kureba umukino wa Real Madrid na Girona

Next Post

Umuhanzi Nyarwanda LiT 404 akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga n’indirimbo ye “Brick by Brick”

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umuhanzi Nyarwanda LiT 404 akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga n’indirimbo ye “Brick by Brick”

Umuhanzi Nyarwanda LiT 404 akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga n’indirimbo ye “Brick by Brick”

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025

Recent News

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com