• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umubyinnyi wa Kendrick Lamar yajyanwe amaguru adakora hasi nyuma yo kwerekana ibendera rya Palestine

Kuba uriya mu byinnyi yagaragaye azanye ibendera rya Palestine n’iryo muri Sudan byahise bituma benshi babifata nk’ubutumwa bw’uko yifatanyije n’abaturage ba Gaza na Sudan bari mu bibazo bikomeye by’intambara n’ubwicanyi.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 10, 2025
in Imyidagaduro
0
Umubyinnyi wa Kendrick Lamar yajyanwe amaguru adakora hasi nyuma yo kwerekana ibendera rya Palestine
0
SHARES
3
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umwe mu babyinnyi ba Kendrick Lamar yajyanywe amaguru adakora hasi nyuma yo kugaragara afite ibendera rya Palestine ryanditseho amagambo “Gaza na Sudan” mu gitaramo cyabereye muri stade yakinirwagamo umukino wa NFL.

Kuba yagaragaye azanye ibendera rya Palestine n’iryo muri Sudan byahise bituma benshi babifata nk’ubutumwa bw’uko yifatanyije n’abaturage ba Gaza na Sudan bari mu bibazo bikomeye by’intambara n’ubwicanyi.

Amakuru dukesha AP avuga ko nta wari uzi ko uyu mubyinnyi yari afite iyi gahunda, ndetse bikekwa ko yabikoze ku giti cye atabihuje n’itsinda ry’abahanzi n’ababyinnyi bari kumwe.

Ibi byatumye afatwa nk’uwigaragambyaga mu ruhame, ibintu byahise bituma abashinzwe umutekano bamufata bamukura aho igitaramo cyaberaga.

Biravugwa ko ubu uyu mubyinnyi ashobora kuzahura n’ibihano bikomeye, birimo no gukumirwa burundu mu bikorwa byose bibera muri stade zikoreshwa na NFL muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Kuba yagaragaye azanye ibendera rya Palestine n’iryo muri Sudan byahise bituma benshi babifata nk’ubutumwa bw’uko yifatanyije n’abaturage ba Gaza na Sudan bari mu bibazo bikomeye by’intambara n’ubwicanyi.

Nk’uko bizwi, ibibera muri Gaza bikomeje kugibwaho impaka nyinshi ku Isi, aho Israel ishinjwa gukoresha imbaraga nyinshi mu bitero byayo, mu gihe na Sudan ihanganye n’intambara y’imitwe ihanganye ishyamiranye n’ubutegetsi bw’icyo gihugu.

Benshi mu bakurikiranira hafi uburenganzira bwa muntu bagaragaje impungenge ko kuba uyu mubyinnyi yafashwe ku ngufu bishobora kuba igihamya cy’uko hari abakumirwa mu kugaragaza ibitekerezo byabo mu ruhame.

Bamwe mu bafana be ndetse n’abaharanira uburenganzira bwa muntu batangiye gusaba ko arekurwa, ndetse bagaragaza ko bidakwiye ko umuntu ahanwa azira ibitekerezo bye cyangwa uburyo agaragazamo ukwitandukanya n’ihohoterwa ribera hirya no hino ku Isi.

Gusa, ku rundi ruhande, hari abavuga ko stade zikoreshwa na NFL atari ahantu hakwiye kwifashishwa mu bikorwa bya politiki, bityo akaba yararenze ku mategeko agenga imyitwarire y’abitabira ibitaramo n’imikino ibera muri izo stade.

Ubu inzego z’ubutabera zirimo kureba niba ibyakozwe n’uyu mubyinnyi bishobora gufatwa nk’ibinyuranyije n’amategeko, cyane ko hari amategeko abuza imyigaragambyo y’inyito iyo ari yo yose ahantu ha rusange hatabugenewe.

Ibi bibaye mu gihe umuziki na siporo bikomeje kuba imiyoboro ikoreshwa n’abahanzi n’abakinnyi mu kugaragaza ibitekerezo byabo kuri politiki n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu. Nubwo bamwe babifata nk’ubwisanzure bw’abahanzi, abandi bakomeza kubifata nk’ibikorwa bidakwiriye.

Ibi byatumye afatwa nk’uwigaragambya mu ruhame, ibintu byahise bituma abashinzwe umutekano bamufata bamukura aho igitaramo cyaberaga.
Kendrick Lamar yabisobanuye agira ati: “Njye rwose natunguwe no kubona umubyinnyi wanjye akora biriya.”
ADVERTISEMENT
Previous Post

Chloe Bailey yeruriye Burna Boy urukundo mu ruhame, nyuma y’igihe bakwepakwepa

Next Post

Petar Sučić yerekeje muri Inter Milan, aho yatangiye gukorerwa isuzuma ry’ubuzima

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Petar Sučić yerekeje muri Inter Milan, aho yatangiye gukorerwa isuzuma ry’ubuzima

Petar Sučić yerekeje muri Inter Milan, aho yatangiye gukorerwa isuzuma ry'ubuzima

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

June 22, 2025
Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

June 22, 2025
Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025

Recent News

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

June 22, 2025
Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

June 22, 2025
Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

June 22, 2025
Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

June 22, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com