• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umubyinnyi wa Kendrick Lamar yajyanwe amaguru adakora hasi nyuma yo kwerekana ibendera rya Palestine

Kuba uriya mu byinnyi yagaragaye azanye ibendera rya Palestine nโ€™iryo muri Sudan byahise bituma benshi babifata nkโ€™ubutumwa bwโ€™uko yifatanyije nโ€™abaturage ba Gaza na Sudan bari mu bibazo bikomeye byโ€™intambara nโ€™ubwicanyi.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 10, 2025
in Imyidagaduro
0
Umubyinnyi wa Kendrick Lamar yajyanwe amaguru adakora hasi nyuma yo kwerekana ibendera rya Palestine
0
SHARES
4
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umwe mu babyinnyi ba Kendrick Lamar yajyanywe amaguru adakora hasi nyuma yo kugaragara afite ibendera rya Palestine ryanditseho amagambo “Gaza na Sudan” mu gitaramo cyabereye muri stade yakinirwagamo umukino wa NFL.

Kuba yagaragaye azanye ibendera rya Palestine nโ€™iryo muri Sudan byahise bituma benshi babifata nkโ€™ubutumwa bwโ€™uko yifatanyije nโ€™abaturage ba Gaza na Sudan bari mu bibazo bikomeye byโ€™intambara nโ€™ubwicanyi.

Amakuru dukesha AP avuga ko nta wari uzi ko uyu mubyinnyi yari afite iyi gahunda, ndetse bikekwa ko yabikoze ku giti cye atabihuje n’itsinda ry’abahanzi n’ababyinnyi bari kumwe.

Ibi byatumye afatwa nkโ€™uwigaragambyaga mu ruhame, ibintu byahise bituma abashinzwe umutekano bamufata bamukura aho igitaramo cyaberaga.

Biravugwa ko ubu uyu mubyinnyi ashobora kuzahura nโ€™ibihano bikomeye, birimo no gukumirwa burundu mu bikorwa byose bibera muri stade zikoreshwa na NFL muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Kuba yagaragaye azanye ibendera rya Palestine nโ€™iryo muri Sudan byahise bituma benshi babifata nkโ€™ubutumwa bwโ€™uko yifatanyije nโ€™abaturage ba Gaza na Sudan bari mu bibazo bikomeye byโ€™intambara nโ€™ubwicanyi.

Nk’uko bizwi, ibibera muri Gaza bikomeje kugibwaho impaka nyinshi ku Isi, aho Israel ishinjwa gukoresha imbaraga nyinshi mu bitero byayo, mu gihe na Sudan ihanganye nโ€™intambara yโ€™imitwe ihanganye ishyamiranye nโ€™ubutegetsi bwโ€™icyo gihugu.

Benshi mu bakurikiranira hafi uburenganzira bwa muntu bagaragaje impungenge ko kuba uyu mubyinnyi yafashwe ku ngufu bishobora kuba igihamya cyโ€™uko hari abakumirwa mu kugaragaza ibitekerezo byabo mu ruhame.

Bamwe mu bafana be ndetse nโ€™abaharanira uburenganzira bwa muntu batangiye gusaba ko arekurwa, ndetse bagaragaza ko bidakwiye ko umuntu ahanwa azira ibitekerezo bye cyangwa uburyo agaragazamo ukwitandukanya nโ€™ihohoterwa ribera hirya no hino ku Isi.

Gusa, ku rundi ruhande, hari abavuga ko stade zikoreshwa na NFL atari ahantu hakwiye kwifashishwa mu bikorwa bya politiki, bityo akaba yararenze ku mategeko agenga imyitwarire yโ€™abitabira ibitaramo nโ€™imikino ibera muri izo stade.

Ubu inzego zโ€™ubutabera zirimo kureba niba ibyakozwe nโ€™uyu mubyinnyi bishobora gufatwa nkโ€™ibinyuranyije nโ€™amategeko, cyane ko hari amategeko abuza imyigaragambyo yโ€™inyito iyo ari yo yose ahantu ha rusange hatabugenewe.

Ibi bibaye mu gihe umuziki na siporo bikomeje kuba imiyoboro ikoreshwa nโ€™abahanzi nโ€™abakinnyi mu kugaragaza ibitekerezo byabo kuri politiki nโ€™iyubahirizwa ryโ€™uburenganzira bwa muntu. Nubwo bamwe babifata nkโ€™ubwisanzure bwโ€™abahanzi, abandi bakomeza kubifata nk’ibikorwa bidakwiriye.

Ibi byatumye afatwa nkโ€™uwigaragambya mu ruhame, ibintu byahise bituma abashinzwe umutekano bamufata bamukura aho igitaramo cyaberaga.
Kendrick Lamar yabisobanuye agira ati: “Njye rwose natunguwe no kubona umubyinnyi wanjye akora biriya.”
ADVERTISEMENT
Previous Post

Chloe Bailey yeruriye Burna Boy urukundo mu ruhame, nyuma yโ€™igihe bakwepakwepa

Next Post

Petar Suฤiฤ‡ yerekeje muri Inter Milan, aho yatangiye gukorerwa isuzuma ry’ubuzima

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Petar Suฤiฤ‡ yerekeje muri Inter Milan, aho yatangiye gukorerwa isuzuma ry’ubuzima

Petar Suฤiฤ‡ yerekeje muri Inter Milan, aho yatangiye gukorerwa isuzuma ry'ubuzima

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026

Recent News

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com