• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi

Israel Mbonyi agiye gusubira mu Bubiligi ashingiye ku mateka meza yasize mu bitaramo yabahaye, cyane cyane icyo yakoze mu 2024.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 3, 2026
in Imyidagaduro
0
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi
0
SHARES
7
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, akomeje kwerekana ko ari umwe mu bahanzi nyarwanda bafite izina rikomeye ku Mugabane w’u Burayi, nyuma y’uko hamenyekanye ko agiye kongera gutaramira mu Bubiligi ku nshuro ya gatatu yikurikiranya.

Iki gitaramo giteganyijwe ku wa Gatandatu tariki ya 6 Kamena 2026, kizabera mu Mujyi wa Bruxelles, kikaba cyateguwe na Team Production, kompanyi imenyerewe mu gutegura ibitaramo bikomeye by’abahanzi b’indirimbo zo kuramya Imana mu bihugu by’i Burayi. Biteganyijwe ko iki gitaramo kizitabirwa n’abantu b’ingeri zitandukanye, barimo Abanyarwanda n’inshuti zabo batuye mu Bubiligi no mu bindi bihugu byegereyeho.

Israel Mbonyi agiye gusubira mu Bubiligi ashingiye ku mateka meza yasize mu bitaramo yabahaye, cyane cyane icyo yakoze mu 2024, cyabereye ahazwi nka Docks (Dome Events Hall), cyari cyitabiriwe n’abantu benshi cyane ku buryo aho cyari cyabereye hari huzuye. Icyo gitaramo cyabaye ikimenyetso gikomeye cy’uko umuziki wo kuramya Imana ukomeje gukundwa n’Abanyarwanda baba mu mahanga.

Muri icyo gitaramo, Mbonyi yanakiriwe ku rubyiniro na Burugumesitiri wa Bruxelles, Philippe Close, wagaragaje ko uyu muhanzi ari umwe mu bahanzi bo muri Afurika y’Iburasirazuba bafite izina rikomeye ku Mugabane w’u Burayi. Yanahawe kandi ishimwe ryashimiye umusanzu atanga mu kumenyekanisha umuco nyarwanda n’indirimbo zo kuramya Imana.

Iki gitaramo gishya kitezweho gukomeza gusiga amateka, by’umwihariko nyuma y’uko Israel Mbonyi aherutse gushyira ku isoko Album ye ya Gatanu, yakiriwe neza n’abakunzi b’umuziki we hirya no hino ku Isi.

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi
Israel Mbonyi agiye gusubira mu Bubiligi ashingiye ku mateka meza yasize mu bitaramo yabahaye, cyane cyane icyo yakoze mu 2024

ADVERTISEMENT
Previous Post

Mu Rwanda haje iduka ry’akataraboneka rigiye gucuruza ibikoresho bya electronic (Honore Shop)

Next Post

Abarimo Dj Lou, Dj Rice, Mc Pato, Jesca na CYCY ni bamwe mu bazasusurutsa abantu mu gitaramo “SOCIAL THURSDAY”

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Abarimo Dj Lou, Dj Rice, Mc Pato, Jesca na CYCY ni bamwe mu bazasusurutsa abantu mu gitaramo “SOCIAL THURSDAY”

Abarimo Dj Lou, Dj Rice, Mc Pato, Jesca na CYCY ni bamwe mu bazasusurutsa abantu mu gitaramo “SOCIAL THURSDAY”

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Minembwe: Ibitero bya drones bikomeje guteza impungenge n’ihungabana ku baturage

Minembwe: Ibitero bya drones bikomeje guteza impungenge n’ihungabana ku baturage

March 25, 2026
Jay-Z yasobanuye ko ubukire atari bwo bugena umutima w’umuntu

Jay-Z yasobanuye ko ubukire atari bwo bugena umutima w’umuntu

March 25, 2026
Umunyarwanda yasagarariwe i Washington atabarwa n’Ambasade y’u Rwanda

Umunyarwanda yasagarariwe i Washington atabarwa n’Ambasade y’u Rwanda

March 25, 2026
Utubari dukora amasaha arenze ayemewe duhangayikishije abaturage ba Kanama

Utubari dukora amasaha arenze ayemewe duhangayikishije abaturage ba Kanama

March 25, 2026

Recent News

Minembwe: Ibitero bya drones bikomeje guteza impungenge n’ihungabana ku baturage

Minembwe: Ibitero bya drones bikomeje guteza impungenge n’ihungabana ku baturage

March 25, 2026
Jay-Z yasobanuye ko ubukire atari bwo bugena umutima w’umuntu

Jay-Z yasobanuye ko ubukire atari bwo bugena umutima w’umuntu

March 25, 2026
Umunyarwanda yasagarariwe i Washington atabarwa n’Ambasade y’u Rwanda

Umunyarwanda yasagarariwe i Washington atabarwa n’Ambasade y’u Rwanda

March 25, 2026
Utubari dukora amasaha arenze ayemewe duhangayikishije abaturage ba Kanama

Utubari dukora amasaha arenze ayemewe duhangayikishije abaturage ba Kanama

March 25, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Minembwe: Ibitero bya drones bikomeje guteza impungenge n’ihungabana ku baturage

Minembwe: Ibitero bya drones bikomeje guteza impungenge n’ihungabana ku baturage

March 25, 2026
Jay-Z yasobanuye ko ubukire atari bwo bugena umutima w’umuntu

Jay-Z yasobanuye ko ubukire atari bwo bugena umutima w’umuntu

March 25, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com