• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi

Israel Mbonyi agiye gusubira mu Bubiligi ashingiye ku mateka meza yasize mu bitaramo yabahaye, cyane cyane icyo yakoze mu 2024.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 3, 2026
in Imyidagaduro
0
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, akomeje kwerekana ko ari umwe mu bahanzi nyarwanda bafite izina rikomeye ku Mugabane w’u Burayi, nyuma y’uko hamenyekanye ko agiye kongera gutaramira mu Bubiligi ku nshuro ya gatatu yikurikiranya.

Iki gitaramo giteganyijwe ku wa Gatandatu tariki ya 6 Kamena 2026, kizabera mu Mujyi wa Bruxelles, kikaba cyateguwe na Team Production, kompanyi imenyerewe mu gutegura ibitaramo bikomeye by’abahanzi b’indirimbo zo kuramya Imana mu bihugu by’i Burayi. Biteganyijwe ko iki gitaramo kizitabirwa n’abantu b’ingeri zitandukanye, barimo Abanyarwanda n’inshuti zabo batuye mu Bubiligi no mu bindi bihugu byegereyeho.

Israel Mbonyi agiye gusubira mu Bubiligi ashingiye ku mateka meza yasize mu bitaramo yabahaye, cyane cyane icyo yakoze mu 2024, cyabereye ahazwi nka Docks (Dome Events Hall), cyari cyitabiriwe n’abantu benshi cyane ku buryo aho cyari cyabereye hari huzuye. Icyo gitaramo cyabaye ikimenyetso gikomeye cy’uko umuziki wo kuramya Imana ukomeje gukundwa n’Abanyarwanda baba mu mahanga.

Muri icyo gitaramo, Mbonyi yanakiriwe ku rubyiniro na Burugumesitiri wa Bruxelles, Philippe Close, wagaragaje ko uyu muhanzi ari umwe mu bahanzi bo muri Afurika y’Iburasirazuba bafite izina rikomeye ku Mugabane w’u Burayi. Yanahawe kandi ishimwe ryashimiye umusanzu atanga mu kumenyekanisha umuco nyarwanda n’indirimbo zo kuramya Imana.

Iki gitaramo gishya kitezweho gukomeza gusiga amateka, by’umwihariko nyuma y’uko Israel Mbonyi aherutse gushyira ku isoko Album ye ya Gatanu, yakiriwe neza n’abakunzi b’umuziki we hirya no hino ku Isi.

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi
Israel Mbonyi agiye gusubira mu Bubiligi ashingiye ku mateka meza yasize mu bitaramo yabahaye, cyane cyane icyo yakoze mu 2024

ADVERTISEMENT
Previous Post

Mu Rwanda haje iduka ry’akataraboneka rigiye gucuruza ibikoresho bya electronic (Honore Shop)

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi

February 3, 2026
Mu Rwanda haje iduka ry’akataraboneka rigiye gucuruza ibikoresho bya electronic (Honore Shop)

Mu Rwanda haje iduka ry’akataraboneka rigiye gucuruza ibikoresho bya electronic (Honore Shop)

February 3, 2026
Burera: Abaturage babangamiwe no kubura amarimbi rusange

Burera: Abaturage babangamiwe no kubura amarimbi rusange

February 3, 2026
Abacuruzi bo muri Duhahirane Gisozi baratakamba kubera amategeko abagonga yashyizweho batabanje kugishwa inama

Abacuruzi bo muri Duhahirane Gisozi baratakamba kubera amategeko abagonga yashyizweho batabanje kugishwa inama

February 2, 2026

Recent News

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi

February 3, 2026
Mu Rwanda haje iduka ry’akataraboneka rigiye gucuruza ibikoresho bya electronic (Honore Shop)

Mu Rwanda haje iduka ry’akataraboneka rigiye gucuruza ibikoresho bya electronic (Honore Shop)

February 3, 2026
Burera: Abaturage babangamiwe no kubura amarimbi rusange

Burera: Abaturage babangamiwe no kubura amarimbi rusange

February 3, 2026
Abacuruzi bo muri Duhahirane Gisozi baratakamba kubera amategeko abagonga yashyizweho batabanje kugishwa inama

Abacuruzi bo muri Duhahirane Gisozi baratakamba kubera amategeko abagonga yashyizweho batabanje kugishwa inama

February 2, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi

February 3, 2026
Mu Rwanda haje iduka ry’akataraboneka rigiye gucuruza ibikoresho bya electronic (Honore Shop)

Mu Rwanda haje iduka ry’akataraboneka rigiye gucuruza ibikoresho bya electronic (Honore Shop)

February 3, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com