• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umuhanzi wo muri ‘RuPaul’s Drag Race’ Jiggly Caliente yitabye Imana ku myaka 44

Yaguye nyuma yo kubagwa no gukatwa ukuguru kubera uburwayi bukomeye, asiga umurage w’urukundo n'ubutwari.

PRINCE by PRINCE
April 27, 2025
in Uncategorized
0
Umuhanzi wo muri ‘RuPaul’s Drag Race’ Jiggly Caliente yitabye Imana ku myaka 44
0
SHARES
8
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Jiggly Caliente wa ‘RuPaul’s Drag Race’ yitabye Imana afite imyaka 4

Jiggly Caliente  wamamaye cyane muri “RuPaul’s Drag Race” ndetse akaba n’umucamanza muri “Drag Race Philippines” yapfuye.

Umuryango wa Caliente  amazina ye nyakuri akaba ari Bianca Castro ni wo wemeje inkuru y’urupfu rwe mu butumwa bashyize kuri Instagram ye. Bivugwa ko yari amaze iminsi arwaye bikomeye bitewe n’ubwandu bukabije. Yabazwe ndetse anakatwa ukuguru kw’iburyo.

Mu butumwa bwa Instagram handitswe ngo: “Bianca yatabarutse mu mahoro ku wa 27 Mata 2025, saa 4:42 za mu gitondo, azengurutswe n’umuryango we umukunze cyane n’inshuti ze za hafi.”
“Binyuze mu buhanga bwe n’uruhare yagize mu kwamamaza uburenganzira bwa benshi, Jiggly Caliente yashimangiwe nk’umuntu wagaragazaga imbaraga, ubuhanga, no kuba inyangamugayo adategwa.”

Umuryango we wakomeje uti: “Yagize uruhare rukomeye mu buzima bwa benshi binyuze mu buhanzi bwe, ibikorwa bye byo kwamamaza uburenganzira bwa muntu, ndetse n’umubano wihariye yagiranaga n’abafana be bo hirya no hino ku isi. Umurage asize ni uw’urukundo, ubutwari, n’urumuri.”

Jiggly yabaye uwa 8 mu irushanwa rya “RuPaul’s Drag Race” mu mwaka wa 4 w’iri rushanwa. Yagarutse mu mwaka wa 6, aho yaje kwegukana umwanya wa 12. Mu 2022, yinjiye nk’umucamanza mu irushanwa rya “Drag Race Philippines” kandi yakomeje uwo mwanya mu byiciro bitatu byakurikiyeho.

Ntiyagarukiye gusa kuri “RuPaul’s Drag Race.” Yanagaragaye muri “Pose” y’ishyirahamwe FX ndetse no muri “Saturday Night Live.” Jiggly yari afite imyaka 44.

Ruhukire mu mahoro.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Shakib yemeje ko adashobora kumara icyumweru adasohokanye na Zari!

Next Post

Uruganda rw’umuziki muri Uganda rurashinjwa amarozi, Joshua Baraka yibaza ku ngaruka zayo ku bazungu.

PRINCE

PRINCE

Next Post
Uruganda rw’umuziki muri Uganda rurashinjwa amarozi, Joshua Baraka yibaza ku ngaruka zayo ku bazungu.

Uruganda rw’umuziki muri Uganda rurashinjwa amarozi, Joshua Baraka yibaza ku ngaruka zayo ku bazungu.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

January 12, 2026
U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

January 12, 2026
5K Etienne yerekanye umukunzi we mu mboni za rubanda

5K Etienne yerekanye umukunzi we mu mboni za rubanda

January 12, 2026
IShowSpeed yatangarije Isi yose ko u Rwanda kiri mu bihugu bifite uburanga

IShowSpeed yatangarije Isi yose ko u Rwanda kiri mu bihugu bifite uburanga

January 12, 2026

Recent News

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

January 12, 2026
U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

January 12, 2026
5K Etienne yerekanye umukunzi we mu mboni za rubanda

5K Etienne yerekanye umukunzi we mu mboni za rubanda

January 12, 2026
IShowSpeed yatangarije Isi yose ko u Rwanda kiri mu bihugu bifite uburanga

IShowSpeed yatangarije Isi yose ko u Rwanda kiri mu bihugu bifite uburanga

January 12, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

January 12, 2026
U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

January 12, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com