• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umuhanzikazi Musabyimana Gloriose umenyerewe ku izina rya Gogo yitabye Imana

Umuhanzikazi Musabyimana Gloriose uzwi cyane ku izina rya Gogo yitabye Imana afite ku myaka 36 y'amavuko ubwo yari mu gihugu cya Uganda, aho yari amaze igihe ari mu bikorwa by’ivugabutumwa n’ibiterane by’ivugurura.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
September 4, 2025
in Imyidagaduro
0
Umuhanzikazi Musabyimana Gloriose umenyerewe ku izina rya Gogo yitabye Imana
0
SHARES
36
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzikazi Musabyimana Gloriose uzwi cyane ku izina rya Gogo yitabye Imana afite ku myaka 36 y’amavuko ubwo yari mu gihugu cya Uganda, aho yari amaze igihe ari mu bikorwa by’ivugabutumwa n’ibiterane by’ivugurura. Inkuru y’urupfu rwe yatunguye benshi mu bakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’abakirisitu bamumenyereye mu murimo w’Imana.

Amakuru aturuka mu nshuti ze za hafi avuga ko Gogo yari yagiye muri Uganda mu ntangiriro z’uku kwezi, aho yari yatumiwe mu giterane cy’amasengesho cyateguwe n’itorero ryo mu mujyi wa Kampala.

Nyuma yo kuririmba indirimbo ze zakundwaga cyane n’abakirisitu, harimo iyo benshi bazi nka Mana yanjye ndagukunda, yasubiye mu icumbi ariko aza guhita arwara bitunguranye. Abamwakiraga n’abari kumwe na we bavuze ko yari umuntu uhorana akanyamuneza, ugira umutima wo gufasha no gukunda abantu bose.

Umuryango we watangaje ko urupfu rwa Gogo ari igihombo gikomeye, ntibashidikanya ko azibukwa nk’umwe mu bahanzi batanze ubutumwa mu ndirimbo ze no gukomeza kuruhura imitima y’abari mu bihe bikomeye. Abari bamumenyereye mu ndirimbo bavuga ko yari afite impano.

Abahanzi bagenzi be mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’abapasiteri banyuranye bamaze gutanga ubutumwa bwo kwihanganisha umuryango we, bakavuga ko Gogo yari intangarugero mu gukoresha impano ye mu murimo w’Imana, aho yitangiye nta buryarya kugeza ku munota wa nyuma w’ubuzima bwe.

Imihango yo kumusezeraho biteganyijwe ko izabera i Kigali, aho umuryango we wifuje ko ashyingurwa mu gihugu cye cy’amavuko. Abakunzi be basabwe kumusabira ngo Imana imuhe iruhuko ridashira, ndetse banibukirwe gukomeza umurimo yari yaratangiye wo kwamamaza Imana mu ndirimbo.

Umuhanzikazi Musabyimana Gloriose umenyerewe ku izina rya Gogo yitabye Imana

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Nyabikokora: Abaturage bavuga ko amavomero ahari ari aya baringa kuko amazi aza rimwe na rimwe

Next Post

𝐋𝐢𝐨𝐧𝐞𝐥 𝐌𝐞𝐬𝐬𝐢 𝐲𝐚𝐬𝐮𝐭𝐬𝐞 𝐚𝐦𝐚𝐫𝐢𝐫𝐚 𝐮𝐛𝐰𝐨 𝐲𝐚𝐬𝐞𝐳𝐞𝐫𝐚𝐠𝐚 𝐚𝐛𝐚𝐟𝐚𝐧𝐚 𝐛’𝐈𝐤𝐢𝐩𝐞 𝐲’𝐈𝐠𝐢𝐡𝐮𝐠𝐮 𝐲𝐚 𝐀𝐫𝐠𝐞𝐧𝐭𝐢𝐧𝐞

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
𝐋𝐢𝐨𝐧𝐞𝐥 𝐌𝐞𝐬𝐬𝐢 𝐲𝐚𝐬𝐮𝐭𝐬𝐞 𝐚𝐦𝐚𝐫𝐢𝐫𝐚 𝐮𝐛𝐰𝐨 𝐲𝐚𝐬𝐞𝐳𝐞𝐫𝐚𝐠𝐚 𝐚𝐛𝐚𝐟𝐚𝐧𝐚 𝐛’𝐈𝐤𝐢𝐩𝐞 𝐲’𝐈𝐠𝐢𝐡𝐮𝐠𝐮 𝐲𝐚 𝐀𝐫𝐠𝐞𝐧𝐭𝐢𝐧𝐞

𝐋𝐢𝐨𝐧𝐞𝐥 𝐌𝐞𝐬𝐬𝐢 𝐲𝐚𝐬𝐮𝐭𝐬𝐞 𝐚𝐦𝐚𝐫𝐢𝐫𝐚 𝐮𝐛𝐰𝐨 𝐲𝐚𝐬𝐞𝐳𝐞𝐫𝐚𝐠𝐚 𝐚𝐛𝐚𝐟𝐚𝐧𝐚 𝐛'𝐈𝐤𝐢𝐩𝐞 𝐲'𝐈𝐠𝐢𝐡𝐮𝐠𝐮 𝐲𝐚 𝐀𝐫𝐠𝐞𝐧𝐭𝐢𝐧𝐞

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026

Recent News

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com