• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

Umuherwe Karomba Gael, uzwi cyane ku izina rya Coach Gael ni muntu ki?

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 14, 2025
in Imyidagaduro
0
Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?
0
SHARES
61
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Amazina ye nyakuri ni Karomba Gael, ariko azwi cyane ku izina rya Coach Gael. Yavutse ku itariki ya 12 Nyakanga 1988 mu gihugu cyโ€™u Burundi, aho yamazeyo imyaka myinshi mbere yo kwimukira mu Rwanda. Kugeza ubu, afite imyaka 37 yโ€™amavuko.

Coach Gael akomoka mu muryango wโ€™abana batanu. Mu bavandimwe be, umwe uzwi cyane ni Kenny, bakunze no gukorana ibiganiro binyura kuri YouTube Channel yabo yitwa โ€œAba VIP TVโ€, imaze kwamamara cyane.

Uyu mugabo ni umwe mu bantu bake bazwi mu Rwanda bafite ubushobozi bwo guhuza ubucuruzi nโ€™imiyoborere, cyane cyane mu byerekeye imyidagaduro, siporo, ubujyanama mu buzima (coaching), nโ€™ishoramari mu bukungu bwifitemo icyerekezo.

Amashuri abanza yayize mu gihugu cyโ€™u Burundi, Nyuma yaje kwimukira mu gihugu cy’u Rwanda ari naho yize amashuri yisumbuye ayasoza neza. Nyuma yaje gukomereza Kaminuza muri Uganda muri Makerere University, aho yize ibijyanye nโ€™ubucuruzi nโ€™imiyoborere.

Ibyo ntibyarangiriye aho, kuko yahise yerekeza mu gihugu cyโ€™u Buhinde, aho yakuye impamyabumenyi yโ€™ikirenga (Masterโ€™s Degree) mu ishami ryโ€™ibarurishamibare (Statistics), ayisoza mu mwaka wa 2013. Ni umwe mu Banyarwanda bake babashije gukomeza kwiga, bakarangiza amashuri makuru yโ€™ikirenga.

Nyuma yo gusoza amasomo ye, Coach Gael yagiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yatangiye ubuzima bushya.

Atangira akazi gasanzwe, akora amasaha ahoraho ku mushahara wa $7 ku isaha. Nubwo atari menshi, yari afite intego imwe gusa: kubyaza ayo mafaranga ubundi bushobozi bwo gutera imbere. Yakoze imirimo itandukanye, ariko we yari afite icyerekezo.

Nyuma yโ€™igihe gito, yaje kwiyubaka buhoro buhoro. Yashinze imishinga yโ€™ubucuruzi yagiye imuhesha izina nโ€™icyizere, ndetse ubu ni umwe mu bantu bafite ibikorwa bikomeye mu Rwanda mu bijyanye nโ€™imyidagaduro, ibikorwa remezo bya siporo, amasosiyete yโ€™ubujyanama no gutegura inama, ndetse nโ€™ibikorwa byโ€™ikoranabuhanga.

Coach Gael kandi akunzwe cyane nโ€™urubyiruko kuko akenshi agira ibiganiro byโ€™inyigisho (motivational talks) kuri YouTube, abwira urubyiruko uburyo ashobora kuva ku busa akagera ku rwego rwo hejuru. Avugamo amagambo yโ€™inkomezi ati: “Ntabwo ari aho utangiriye, ahubwo ni aho ushaka kugera.โ€

Uyu mugabo yashinze kandi imishinga yโ€™imari igamije gufasha urubyiruko rufite ibitekerezo byโ€™ubucuruzi. Yagaragaye mu bikorwa byinshi byo guteza imbere siporo, harimo nโ€™ishoramari mu makipe nka basketball aho yanashoye imari mu ikipe ya UGB.

Nubwo afite ubutunzi, Coach Gael azwiho kwicisha bugufi, kugira umutima wโ€™impuhwe, nโ€™ukwigisha abandi kugera ku nzozi zabo atabaciye intege.

Uyu mugabo yashinze imishinga yโ€™imari igamije gufasha urubyiruko rufite ibitekerezo byโ€™ubucuruzi
Umuherwe Karomba Gael, uzwi cyane ku izina rya Coach Gael ni muntu ki?
Coach Gael akunzwe cyane nโ€™urubyiruko kuko akenshi arugira inama
Nubwo afite ubutunzi, Coach Gael azwiho kwicisha bugufi, kugira umutima wโ€™impuhwe, nโ€™ukwigisha abandi kugera ku nzozi zabo atabaciye intege

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Joรฃo Pedro yerekanye ko shampiyona nitangira azakora ibirenze

Next Post

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo Kโ€™imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo Kโ€™imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo Kโ€™imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

October 17, 2025
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

October 17, 2025
Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

October 17, 2025
Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

October 17, 2025

Recent News

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

October 17, 2025
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

October 17, 2025
Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

October 17, 2025
Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

October 17, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

October 17, 2025
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

October 17, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com