• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umunyabigwi mu iteramakofe George Foreman yitabye imana ku myaka 76

Umuryango we urateganya gutangaza gahunda y’imihango yo kumusezeraho mu minsi iri imbere.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 22, 2025
in Imyidagaduro
0
Umunyabigwi mu iteramakofe George Foreman yitabye imana ku myaka 76
0
SHARES
16
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

George Foreman, umwe mu banyabigwi mu mukino w’iteramakofe ku isi, yitabye Imana ku myaka 76. Umuryango we watangaje ko uyu mukinnyi wahize benshi mu myaka ye yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 21 Werurwe 2025.

Foreman azwi cyane ku mateka akomeye yanditse mu mukino w’iteramakofe, cyane cyane ku mukino we w’ibihe byose wahuje na Muhammad Ali mu 1974 i Kinshasa muri Zaire, uzwi nka Rumble in the Jungle.

Foreman yatangiye urugendo rwe mu iteramakofe mu myaka ya za 1960, yegukana umudali wa zahabu mu Mikino Olempike ya 1968 i Mexico City.

Uyu mukino wari witezwe na benshi, warangiye Foreman atsinzwe na Ali, ariko ntiwamuvukije kuba umwe mu banyabigwi bakomeye b’ibihe byose.

Foreman yatangiye urugendo rwe mu iteramakofe mu myaka ya za 1960, yegukana umudali wa zahabu mu Mikino Olempike ya 1968 i Mexico City.

Nyuma yaho, yinjiriye mu iteramakofe nk’uwabigize umwuga, atsindira bwa mbere igikombe cy’isi cy’abakinnyi baremerewe mu 1973, ubwo yatsindaga Joe Frazier.

Nyuma yo gutsindwa na Muhammad Ali, Foreman yagiye asezera no kugaruka mu mukino, aza gukora amateka mu 1994 ubwo yongera kwegukana igikombe cy’isi ku myaka 45, aba umukinnyi mukuru mu myaka wegukanye icyo gikombe.

Nyuma y’iyo ntsinzi, yaretse iteramakofe burundu maze yinjira mu bucuruzi, aho yagize izina rikomeye binyuze muri George Foreman Grill, ibikoresho byo guteka byamamaye ku isi.

Urupfu rwe ni igihombo gikomeye ku mukino w’iteramakofe no ku bakunzi bawo ku isi hose. Bamwe mu banyabigwi b’uyu mukino, barimo Mike Tyson na Lennox Lewis, bamwunamiye bamwita “umwe mu bakomeye babayeho mu iteramakofe.”

Nyuma yaho, yinjiriye mu iteramakofe nk’uwabigize umwuga, atsindira bwa mbere igikombe cy’isi cy’abakinnyi baremerewe mu 1973, ubwo yatsindaga Joe Frazier.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Abanyamakuru 18 bakubiswe n’inzego z’umutekano mu gihe bari mu mirimo yabo muri Kawempe North Uganda

Next Post

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare yitabye Imana azize uburwayi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umunyamakuru Jean Lambert Gatare yitabye Imana azize uburwayi

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare yitabye Imana azize uburwayi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Artin Pro asobanuye ibintu bituma umuziki wa Uganda utagera ku rwego mpuzamahanga.

Artin Pro asobanuye ibintu bituma umuziki wa Uganda utagera ku rwego mpuzamahanga.

July 2, 2025
Victor Wembanyama nyuma yo kugaragaza ko na ruhago ayibasha yateye coup franc y’amateka

Victor Wembanyama nyuma yo kugaragaza ko na ruhago ayibasha yateye coup franc y’amateka

July 2, 2025

Gashumba avuga ko umuziki wa Uganda utarambuka imipaka, ugereranyije n’uw’Abanya-Nijeriya na Amapiano wateye isi yose.

July 1, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025

Recent News

Artin Pro asobanuye ibintu bituma umuziki wa Uganda utagera ku rwego mpuzamahanga.

Artin Pro asobanuye ibintu bituma umuziki wa Uganda utagera ku rwego mpuzamahanga.

July 2, 2025
Victor Wembanyama nyuma yo kugaragaza ko na ruhago ayibasha yateye coup franc y’amateka

Victor Wembanyama nyuma yo kugaragaza ko na ruhago ayibasha yateye coup franc y’amateka

July 2, 2025

Gashumba avuga ko umuziki wa Uganda utarambuka imipaka, ugereranyije n’uw’Abanya-Nijeriya na Amapiano wateye isi yose.

July 1, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Artin Pro asobanuye ibintu bituma umuziki wa Uganda utagera ku rwego mpuzamahanga.

Artin Pro asobanuye ibintu bituma umuziki wa Uganda utagera ku rwego mpuzamahanga.

July 2, 2025
Victor Wembanyama nyuma yo kugaragaza ko na ruhago ayibasha yateye coup franc y’amateka

Victor Wembanyama nyuma yo kugaragaza ko na ruhago ayibasha yateye coup franc y’amateka

July 2, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com