• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Ubuzima

Umunyatanzaniya Tariq Kipemba wagize ibyago byo gusukwaho aside

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 9, 2025
in Ubuzima
0
Umunyatanzaniya Tariq Kipemba wagize ibyago byo gusukwaho aside
0
SHARES
46
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Inkuru ibabaje ikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga yerekeye ku musore wo muri Tanzania, Tariq Awadhi Kipemba, wahinduriwe ubuzima n’ibyago byo gusukwaho aside n’abagizi ba nabi.

Tariq avuga ko yavutse mu 1991 mu gace ka Moshi, Kilimanjaro, akaba yari afite imyaka 31 igihe ibi byabaga. Yakoraga akazi ko gutembereza ba mukerarugendo muri kompanyi ntoya yitwa Travel Routes Africa, akazi yakundaga kandi kamufashaga kubaho.

Ku wa 5 Werurwe 2022, ubwo yari agiye guhura n’inshuti ze ngo basangire ibyo kurya bya nimugoroba, yahuye n’akaga katumye ubuzima bwe buhinduka burundu. Avuga ko abagabo babiri bari kuri moto bamutunguye mu muhanda, umwe muri bo akamusukaho aside mu maso no ku mubiri wose, ikamutera ububabare budasanzwe.

Inshuti ze, zamubonye mu muhanda ari kwiruka ashaka ubufasha, zahise zimujyana ku bitaro by’i Moshi. Ariko kubera ko nta bushobozi yari afite, ntiyabonye ubuvuzi bwihuse bwari bukenewe. Bategetswe kumukarabya n’amazi y’isuku, bikaba byararushijeho kumusigira ingaruka zikomeye kuko aside yarenze uruhu igera mu maso imbere, bituma ahita ahuma.

Nyuma y’ibyumweru bibiri ari mu bitaro, abaganga batangaje ko ubuvuzi bw’imbere mu gihugu budashobora kumufasha uko bikwiye, bamubwira ko agomba kujya mu Buhinde kugira ngo ahabwe ubuvuzi bwihariye bushobora kumugarurira ubuzima cyangwa kumworohereza ubuzima asigaje.

Inkuru ye yashegeshe imitima y’abenshi, ikaba ikomeza kuba isomo rikomeye ku muryango Nyafurika ku bijyanye no kurwanya ihohoterwa ku kiremwa muntu. Tariq Kipemba, n’ubwo yahuye n’akaga gakomeye, akomeje guharanira gukira no kongera kugira icyizere mu buzima ko azakira vuba.

Uko niko yarameze ataragira ibyago byo gusukwaho aside
Umunyatanzaniya Tariq Kipemba wagize ibyago byo gusukwaho aside

ADVERTISEMENT
Previous Post

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yahawe ikaze na Perezida Isaias Afwerki ndetse atangira inshingano zo guhagararira u Rwanda muri Eritrea

Next Post

Neymar Jr yasobanuye ukuntu yasabye ubufasha bw’uko yasuzumwa mu mutwe

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Neymar Jr yasobanuye ukuntu yasabye ubufasha bw’uko yasuzumwa mu mutwe

Neymar Jr yasobanuye ukuntu yasabye ubufasha bw’uko yasuzumwa mu mutwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

January 31, 2026
Brig Gen Déo Rusanganwa yahaye impamba abakinnyi b’ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Police FC

Brig Gen Déo Rusanganwa yahaye impamba abakinnyi b’ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Police FC

January 31, 2026
Rwamagana: Umugore yatawe muri yombi akekwaho kwica umugabo we

Rwamagana: Umugore yatawe muri yombi akekwaho kwica umugabo we

January 31, 2026
Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

January 31, 2026

Recent News

Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

January 31, 2026
Brig Gen Déo Rusanganwa yahaye impamba abakinnyi b’ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Police FC

Brig Gen Déo Rusanganwa yahaye impamba abakinnyi b’ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Police FC

January 31, 2026
Rwamagana: Umugore yatawe muri yombi akekwaho kwica umugabo we

Rwamagana: Umugore yatawe muri yombi akekwaho kwica umugabo we

January 31, 2026
Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

January 31, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

January 31, 2026
Brig Gen Déo Rusanganwa yahaye impamba abakinnyi b’ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Police FC

Brig Gen Déo Rusanganwa yahaye impamba abakinnyi b’ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Police FC

January 31, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com