• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Umuraperi Offset yanenze bikomeye umuherwe Elon Musk, amushinja gushyigikira irondaruhu

Offset yashinje Elon Musk irondaruhu kubera inkunga ashaka guhesha Derek Chauvin imbabazi mu buryo butumvikana.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 5, 2025
in Imyidagaduro
0
Umuraperi Offset yanenze bikomeye umuherwe Elon Musk, amushinja gushyigikira irondaruhu

Umuraperi Offset yanenze bikomeye umuherwe Elon Musk, amushinja gushyigikira irondaruhu nyuma y’amakuru avuga ko ashaka gutanga imbabazi kuri Derek Chauvin, wahoze ari umupolisi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wahamijwe icyaha cyo kwica umwirabura George Floyd.

0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuraperi Offset yanenze bikomeye umuherwe Elon Musk, amushinja gushyigikira irondaruhu nyuma y’amakuru avuga ko ashaka gutanga imbabazi kuri Derek Chauvin, wahoze ari umupolisi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wahamijwe icyaha cyo kwica umwirabura George Floyd.

Offset, uzwi cyane mu itsinda Migos, yifashishije imbuga nkoranyambaga agaragaza uburakari bukomeye kuri iyi ngingo, atangaza ko atemeranya na gato na Musk, ndetse ashimangira ko irekurwa rya Chauvin ryaba ari ugutesha agaciro uburenganzira bw’abirabura n’ubutabera.

Iyi ngingo yabaye inkuru ikomeye nyuma y’uko byatangajwe ko Elon Musk, umuherwe ufite kompanyi nka Tesla na SpaceX, yaba ashyigikiye ko Chauvin arekurwa.

Umuraperi Offset yanenze bikomeye umuherwe Elon Musk, amushinja gushyigikira irondaruhu nyuma y’amakuru avuga ko ashaka gutanga imbabazi kuri Derek Chauvin, wahoze ari umupolisi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wahamijwe icyaha cyo kwica umwirabura George Floyd.

Ibi byateye uburakari benshi biganjemo Abirabura ndetse n’abandi badashyigikiye ihohoterwa rikorerwa abantu bose, cyane cyane rikozwe n’abashinzwe umutekano.

Derek Chauvin, wahoze ari umupolisi wa Minneapolis, yakatiwe gufungwa imyaka 22 n’amezi atandatu muri Kamena 2021 nyuma yo guhamwa icyaha cyo kwica George Floyd muri Gicurasi 2020.

Icyo gihe, amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje Chauvin ashikamije ivi ku ijosi rya Floyd mu gihe kirenga iminota icyenda, nubwo uyu mugabo yasabaga imbabazi avuga ko abuze umwuka.

Ubu buryo bwasaga n’ubw’iyicarubozo bwatumye Floyd apfa hashize isaha agejejwe kwa muganga.

Urupfu rwa George Floyd rwateje impinduka zikomeye ku Isi, by’umwihariko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho byabyukije imyigaragambyo ikomeye yiswe Black Lives Matter (BLM).

Iyi nkundura, yatangijwe mu 2013 nyuma y’irekurwa ry’umupolisi George Zimmerman warashe umusore w’umwirabura Trayvon Martin, byongeye gukaza umurego mu 2020 nyuma y’urupfu rwa Floyd.

Abantu batari bake basabye ko habaho impinduka mu mikorere y’inzego z’umutekano ndetse no guhana abapolisi bakora ihohoterwa.

Offset kimwe n’abandi barwanya irondaruhu, bemeza ko Chauvin agomba kuguma muri gereza kuko ibyo yakoze bigaragaza urugomo n’ubunyamaswa, kandi irekurwa rye ryaba ari ugusubiza inyuma ubutabera. Kugeza ubu, Elon Musk ntacyo arasubiza ku magambo ya Offset n’abandi bamunenze, ariko iyi ngingo iracyakomeza gukurura impaka nyinshi.

Offset, uzwi cyane mu itsinda Migos, yifashishije imbuga nkoranyambaga agaragaza uburakari bukomeye kuri iyi ngingo, avuga ko bidakwiye ko Derek yarekurwa.
ADVERTISEMENT
Previous Post

I Nairobi habaye imyigaragambyo ikaze nyuma y’urupfu rw’umusore warashwe na Polisi

Next Post

Isoko ry’Imigabane muri Aziya Rizamutse Nyuma y’Itangazo rya Trump ku Misoro

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Isoko ry’Imigabane muri Aziya Rizamutse Nyuma y’Itangazo rya Trump ku Misoro

Isoko ry’Imigabane muri Aziya Rizamutse Nyuma y’Itangazo rya Trump ku Misoro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

June 27, 2025
Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

June 27, 2025

Recent News

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

June 27, 2025
Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

June 27, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com