• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

Raporo zitandukanye zigaragaza ko igihombo cyatewe n’iyimuka ry’aba baherwe gishobora kugera ku gaciro kari hejuru cyane, bikagira ingaruka ku ngengo y’imari ya Leta.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 13, 2026
in Amakuru
0
Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Leta ya California iri mu bibazo bikomeye by’ubukungu nyuma y’aho ishyiriyeho umusoro mushya ugenewe abantu batunze amafaranga arenze miliyari imwe y’amadolari. Uyu musoro uzwi nka “Billionaires tax,” uteganya ko buri muherwe ufite umutungo ubarirwa muri miliyari agomba gutanga 5% by’agaciro k’umutungo we nk’umusoro wa Leta.

Icyakora, iyi gahunda ntiyakiriwe neza na bamwe mu baherwe bakomeye batuye muri California, aho benshi bahise bafata icyemezo cyo kwimukira mu zindi Leta zitabashyiraho imisoro iremereye. Mu bamaze kwimuka harimo Larry Page washinze Google na Mark Zuckerberg uyobora sosiyete Meta (Facebook), bombi bakaba bari mu bafite umutungo munini cyane ku Isi.

Ibi byatumye California ihomba amafaranga menshi cyane, kuko aba baherwe bari mu batanga imisoro minini ifasha Leta gukora ibikorwa remezo no gutera inkunga serivisi zitandukanye. Raporo zitandukanye zigaragaza ko igihombo cyatewe n’iyimuka ry’aba baherwe gishobora kugera ku gaciro kari hejuru cyane, bikagira ingaruka ku ngengo y’imari ya Leta.

Abasesenguzi b’ubukungu bavuga ko n’ubwo umusoro ku baherwe ugamije kugabanya icyuho kiri hagati y’abakire n’abakene, ushobora no gutuma abashoramari bahunga, bigateza igihombo gikomeye mu bukungu bw’aho bavaga. Ibi bituma havuka impaka nyinshi ku kamaro k’iyi misoro n’ingaruka ishobora kugira ku iterambere rirambye rya California.

https://www.reuters.com/resizer/v2/https%3A%2F%2Farchive-images.prod.global.a201836.reutersmedia.net%2F2017%2F02%2F08%2F2017-02-08T122515Z_25714_RC1902519C80_RTRMADP_0_APPLE-CAMPUS.JPG?auth=ccc909cf7d02288241ed75f87e7c54670c7f2e7d4027e4a23cd77ae4a06fa6bb&quality=80&width=1920
Raporo zitandukanye zigaragaza ko igihombo cyatewe n’iyimuka ry’aba baherwe gishobora kugera ku gaciro kari hejuru cyane, bikagira ingaruka ku ngengo y’imari ya Leta.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Igitutu cya Manchester City kiri kwiyongera, nyuma yuko Arsenal yanganyije na Brentford

Next Post

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

February 13, 2026
Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

February 13, 2026
Igitutu cya Manchester City kiri kwiyongera, nyuma yuko Arsenal yanganyije na Brentford

Igitutu cya Manchester City kiri kwiyongera, nyuma yuko Arsenal yanganyije na Brentford

February 13, 2026
Abakinnyi 8 ba Australian Open bategerejwe muri ATP Challenger i Kigali

Abakinnyi 8 ba Australian Open bategerejwe muri ATP Challenger i Kigali

February 13, 2026

Recent News

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

February 13, 2026
Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

February 13, 2026
Igitutu cya Manchester City kiri kwiyongera, nyuma yuko Arsenal yanganyije na Brentford

Igitutu cya Manchester City kiri kwiyongera, nyuma yuko Arsenal yanganyije na Brentford

February 13, 2026
Abakinnyi 8 ba Australian Open bategerejwe muri ATP Challenger i Kigali

Abakinnyi 8 ba Australian Open bategerejwe muri ATP Challenger i Kigali

February 13, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

Lewis Hamilton akomeje gucecekesha abamubaza umubano we na Kim Kardashian

February 13, 2026
Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

Umusoro ku baherwe watumye California ihura n’igihombo gikomeye

February 13, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com