• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Kuri uyu wa Kane taliki 11 Nyakanga 2025, mu gace ka Golosiivsky humvikanye urusaku rw’amasasu menshi nyuma y’uko umwe mu bagize urwego rw’ubutasi bwa Ukraine (SBU) yishwe arashwe n’abantu bataramenyekana.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 11, 2025
in Amakuru
0
Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu
0
SHARES
23
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 11 Nyakanga 2025, mu gace ka Golosiivsky gaherereye mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, humvikanye urusaku rw’amasasu menshi nyuma y’uko umwe mu bagize urwego rw’ubutasi bwa Ukraine (SBU) yicwa arashwe n’abantu bataramenyekana.

Uyu mugabo utatangajwe amazina ku mpamvu z’umutekano, yari ageze muri parikingi y’imodoka ubwo yagab wagaho igitero cy’amasasu menshi byemezwa n’amashusho yafashwe n’icyuma gifata amashusho (camera de surveillance).

Amashusho yerekanaga uwarashe yegera uwo mugabo akamwinjirira atamuhaye umwanya n’umwe wo kugerageza kwirwanaho, nyuma agahita yirukankana na moto yari itegereje aho hafi.

Ibiro bya Perezida wa Ukraine byamaganye aya mahano, bivuga ko ari igikorwa kigayitse cy’ubugizi bwa nabi cyibasira umutekano w’igihugu hagati y’intambara Ukraine ikomeje guhangana na Russia. Umuvugizi w’inzego z’umutekano yavuze ko hakomeje iperereza ryihuse kugira ngo hamenyekane ababiri inyuma y’iki gikorwa, uko cyateguwe n’impamvu yacyo.

Hari amakuru avuga ko uyu wari umukozi wa SBU yari asanzwe ashinzwe imirimo y’iperereza ryihariye ku banyamahanga n’ubutasi mpuzamahanga. Ni igikorwa cyateje ubwoba n’impungenge mu baturage b’i Kyiv, bamwe batangira kwibaza niba umutekano wabo urinzwe uko bikwiye.

Gusa inzego zishinzwe umutekano zijeje abaturage ko ziri gukora ibishoboka byose ngo batabwe muri yombi abakoze ibi, kandi ko ibikorwa nk’ibi bitazakoma mu nkokora umurego igihugu gifite mu guharanira ubwigenge no guhashya abashaka kuwuhungabanya.

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

ADVERTISEMENT
Previous Post

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Next Post

Lilian Mbabazi yavuze ko TikTok yahinduye umuziki w’ubu, indirimbo z’ubu ntizirenza umunota

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Lilian Mbabazi yavuze ko TikTok yahinduye umuziki w’ubu, indirimbo z’ubu ntizirenza umunota

Lilian Mbabazi yavuze ko TikTok yahinduye umuziki w'ubu, indirimbo z’ubu ntizirenza umunota

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
U Rwanda ruri gutera intambwe mu ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire

U Rwanda ruri gutera intambwe mu ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire

March 14, 2026
Tchouaméni yahakanye ubutumwa bwamuvuzweho mu minsi yashize we n’umukunzi we

Tchouaméni yahakanye ubutumwa bwamuvuzweho mu minsi yashize we n’umukunzi we

March 14, 2026
Shaffy agiye gutaramira mu Mujyi wa Ottawa muri Canada

Shaffy agiye gutaramira mu Mujyi wa Ottawa muri Canada

March 14, 2026
Reece James yongereye amasezerano muri Chelsea kugeza mu 2032

Reece James yongereye amasezerano muri Chelsea kugeza mu 2032

March 14, 2026

Recent News

U Rwanda ruri gutera intambwe mu ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire

U Rwanda ruri gutera intambwe mu ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire

March 14, 2026
Tchouaméni yahakanye ubutumwa bwamuvuzweho mu minsi yashize we n’umukunzi we

Tchouaméni yahakanye ubutumwa bwamuvuzweho mu minsi yashize we n’umukunzi we

March 14, 2026
Shaffy agiye gutaramira mu Mujyi wa Ottawa muri Canada

Shaffy agiye gutaramira mu Mujyi wa Ottawa muri Canada

March 14, 2026
Reece James yongereye amasezerano muri Chelsea kugeza mu 2032

Reece James yongereye amasezerano muri Chelsea kugeza mu 2032

March 14, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

U Rwanda ruri gutera intambwe mu ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire

U Rwanda ruri gutera intambwe mu ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire

March 14, 2026
Tchouaméni yahakanye ubutumwa bwamuvuzweho mu minsi yashize we n’umukunzi we

Tchouaméni yahakanye ubutumwa bwamuvuzweho mu minsi yashize we n’umukunzi we

March 14, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com