• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Uwase Kelia yifurije isabukuru umugabo we Byiringiro Lague

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 26, 2025
in Imyidagaduro
0
Uwase Kelia yifurije isabukuru umugabo we Byiringiro Lague
0
SHARES
13
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

โ€œNdagusengera ngo Imana iguhe umugisha ukeneye, byose kugira ngo ubeho neza kandi ufite amahoro atangangwa n’Uwiteka. Isabukuru nziza Lague Byiringiro.โ€ Aya ni amagambo yuzuye urukundo nโ€™isengesho Uwase Kelia yandikiye umugabo we Byiringiro Lague wizihije isabukuru yโ€™imyaka 25 yโ€™amavuko ku munsi wejo hashize ku wa gatandatu, taliki ya 25 Ukwakira k’uyu mwaka wa 2025.

Ni ubutumwa bwakoze ku mitima ya benshi ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bashimiye uyu muryango ukiri muto ariko wubatse ku rukundo nโ€™ukwizera Imana. Kelia, umufasha wa Lague, yagaragaje uburyo yishimira kuba afite umugabo uhamye kandi uzi icyo ashaka mu buzima, amwifuriza gukomeza kugira ubuzima burangwa nโ€™amahoro, urukundo nโ€™umugisha uva ku Mana.

Mu mpera y’ukwezi kwa Nzeri 2021 ni bwo Byiringiro Lague na Uwase Kelia basezeranye imbere yโ€™amategeko mu Murenge wa Nyarugenge, mu Karere ka Nyarugenge, basezeranya kubana ubuziraherezo nkโ€™abashakanye mu buryo bwemewe nโ€™amategeko.

Nyuma yโ€™amezi make, ku wa 7 Ukuboza 2021, Lague yagiye gusaba no gukwa Uwase Kelia mu muhango wโ€™akataraboneka wabereye muri Luxury Palace, ahazwi cyane nka Norvรจge, mu Mujyi wa Kigali. Uwo munsi waranzwe nโ€™ibyishimo, indirimbo zโ€™urukundo nโ€™ibisusurutsuro byerekanye uburyo aba bombi bari bahuje umutima nโ€™inzozi.

Kuri ubu, Lague na Kelia bafitanye abana babiri uwitwa Iliza Isla Nessa ndetse na Owen. Benshi mu nshuti zabo bavuga ko Lague na Kelia ari urugero rwiza rwโ€™urukundo rufitemo Imana, kuko igihe cyose baba bari kumwe baba bafitanye urugwiro, bagafatanya mu bikorwa byo mu buzima bwa buri munsi. Kelia yongeye kwibutsa benshi ko isabukuru atari umunsi wo kwishimisha gusa, ahubwo ari umwanya wo gushimira Imana no guha agaciro abo ukunda.

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Hagati yaba bombi ninde uri mu kuri mu byo avuga

Next Post

Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cรฉdric ikomeje kuvugisha abatari bake

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cรฉdric ikomeje kuvugisha abatari bake

Imodoka ya Kapiteni wa Kiyovu Sports Amissi Cรฉdric ikomeje kuvugisha abatari bake

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026

Recent News

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com