• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Vinicius Junior ati: “Iby’abamvuga simbyitayeho, ahubwo nibereye mu munyega w’urukundo”

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 29, 2025
in Imikino
0
Vinicius Junior ati: “Iby’abamvuga simbyitayeho, ahubwo nibereye mu munyega w’urukundo”
0
SHARES
13
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid, Vinicius Junior, ari mu munyenga w’urukundo n’uwitwa Virginia, ufite abana batatu, bikaba byaramuteye gushyira ubuzima bwe bwite mu ruhame nyuma y’igihe kinini akundwa n’abakobwa benshi ariko akabigira ibanga. Amakuru y’urukundo rwa Vinicius na Virginia yatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko bombi bagaragaye mu mafoto bari kumwe mu biruhuko bya nyuma y’umwaka w’imikino.

Virginia, ubusanzwe uzwi nk’umubyeyi witonda kandi wubaha urukundo, ni umwe mu bagore baharaniye kubaka ubuzima bwe nyuma yo kugira abana batatu ku myaka mike, bikaba byaragaragaje imbaraga n’ubutwari bw’umugore wiyemeje kubaho mu kuri.

Mu minsi ishize, Vinicius Junior yagaragaye ku rukuta rwe rwa Instagram asaba Virginia kutumva ibihuha n’amagambo y’abakobwa bamushinja imico mibi, avuga ko ibyo byose ari ibihuha by’abantu bashaka gusenya urukundo rwe n’umugore akunda.

Uyu mukinnyi yagize ati: “Virginia, urukundo rwacu nirwo rufite ukuri. Abavuga byinshi ntibazi ibyo umutima wanjye utekereza. Ibyo bavuga byose ndabyihanganira kuko wowe urabizi ndagukunda.”

Iri jambo ryanyuze imitima ya benshi, bamwe bashima uburyo Vinicius yahisemo kubaha no gushyigikira umugore ufite abana, abandi bavuga ko ari intambwe ikomeye mu buzima bwe bwite, bigaragaza ko atakiri umusore ushyira imbere ubwamamare, ahubwo ari umuntu wiyumvamo urukundo nyarwo.

Bivugwa ko Virginia yigeze kuba umunyamideli mu gihugu cya Espagne, ndetse inshuti za hafi za Vinicius zivuga ko uyu mukobwa yamuhinduriye byinshi mu mibereho ye, amwigisha kuba umuntu wicisha bugufi no guha agaciro umuryango.

Abafana ba Real Madrid bamwe bagaragaje ko bishimiye kubona umusore wabo akunze koko, bavuga ko “urukundo rutuma n’imikinire ye irushaho kuba myiza”, cyane ko muri iyi minsi Vinicius ari mu bihe byiza mu kibuga, aho atsinda kenshi kandi agatanga ibyishimo ku bafana b’i Los Blancos. Nk’uko bivugwa n’abegereye aba bombi, urukundo rwa Vinicius na Virginia ruri gukura buri munsi, kandi hari abemeza ko bishoboka ko uyu mukinnyi ashobora kumwambika impeta mu gihe kiri imbere.

Virginia, ubusanzwe uzwi nk’umubyeyi witonda kandi wubaha urukundo
Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid, Vinicius Junior, ari mu munyenga w’urukundo

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Kinyinya: Umugore yishe umugabo we, ahamagara nyirabukwe amubibwira amakuru y’ibyabaye

Next Post

Menya byinshi kuri Luciano Spalletti ugiye gutangira gutoza ikipe ya Juventus FC

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Menya byinshi kuri Luciano Spalletti ugiye gutangira gutoza ikipe ya Juventus FC

Menya byinshi kuri Luciano Spalletti ugiye gutangira gutoza ikipe ya Juventus FC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ese ni iki cyihishe inyuma kuba benshi bahahira muri N1 Peter Style Rwanda

Ese ni iki cyihishe inyuma kuba benshi bahahira muri N1 Peter Style Rwanda

October 29, 2025
Minisiteri ya Siporo yijeje gufasha umwana ubana n’ubumuga wagaragaje impano idasanzwe yo gukina umupira w’amaguru

Minisiteri ya Siporo yijeje gufasha umwana ubana n’ubumuga wagaragaje impano idasanzwe yo gukina umupira w’amaguru

October 29, 2025
Menya byinshi kuri Luciano Spalletti ugiye gutangira gutoza ikipe ya Juventus FC

Menya byinshi kuri Luciano Spalletti ugiye gutangira gutoza ikipe ya Juventus FC

October 29, 2025
Vinicius Junior ati: “Iby’abamvuga simbyitayeho, ahubwo nibereye mu munyega w’urukundo”

Vinicius Junior ati: “Iby’abamvuga simbyitayeho, ahubwo nibereye mu munyega w’urukundo”

October 29, 2025

Recent News

Ese ni iki cyihishe inyuma kuba benshi bahahira muri N1 Peter Style Rwanda

Ese ni iki cyihishe inyuma kuba benshi bahahira muri N1 Peter Style Rwanda

October 29, 2025
Minisiteri ya Siporo yijeje gufasha umwana ubana n’ubumuga wagaragaje impano idasanzwe yo gukina umupira w’amaguru

Minisiteri ya Siporo yijeje gufasha umwana ubana n’ubumuga wagaragaje impano idasanzwe yo gukina umupira w’amaguru

October 29, 2025
Menya byinshi kuri Luciano Spalletti ugiye gutangira gutoza ikipe ya Juventus FC

Menya byinshi kuri Luciano Spalletti ugiye gutangira gutoza ikipe ya Juventus FC

October 29, 2025
Vinicius Junior ati: “Iby’abamvuga simbyitayeho, ahubwo nibereye mu munyega w’urukundo”

Vinicius Junior ati: “Iby’abamvuga simbyitayeho, ahubwo nibereye mu munyega w’urukundo”

October 29, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ese ni iki cyihishe inyuma kuba benshi bahahira muri N1 Peter Style Rwanda

Ese ni iki cyihishe inyuma kuba benshi bahahira muri N1 Peter Style Rwanda

October 29, 2025
Minisiteri ya Siporo yijeje gufasha umwana ubana n’ubumuga wagaragaje impano idasanzwe yo gukina umupira w’amaguru

Minisiteri ya Siporo yijeje gufasha umwana ubana n’ubumuga wagaragaje impano idasanzwe yo gukina umupira w’amaguru

October 29, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com