• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Yolo The Queen yagarutse ku mbuga nkoranyambaga, atangazwa n’urukundo akomeje kugaragarizwa n’abafana be

Umunyarwandakazi Phionah Kirenga, wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Yolo The Queen, amaze iminsi agarutse ku mbuga nyuma y’igihe kitari gito ataboneka cyane.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 26, 2025
in Imyidagaduro
0
Yolo The Queen yagarutse ku mbuga nkoranyambaga, atangazwa n’urukundo akomeje kugaragarizwa n’abafana be
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyarwandakazi Phionah Kirenga, wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Yolo The Queen, amaze iminsi agarutse ku mbuga nyuma y’igihe kitari gito ataboneka cyane.

Uyu mukobwa usanzwe azwiho ubuhanga mu bijyanye n’imyidagaduro no gukora udushya dukurura abantu kuri internet, yatangaje ko yatunguwe cyane n’ubutumwa bwinshi yakiriye ubwo yongeye kugaragara ku mbuga.

Yolo The Queen yavuze ko atari yiteze ko abantu bakimwitayeho cyane, ahubwo akumva ko igihe yamaze acecetse cyari cyaratumye bamwibagirwa.

Nyamara siko byagenze, kuko ubwo yongeye gushyira ibintu kuri konti ze akoresha ku mbuuga nkoranyambaga, abantu benshi batangiye kumwandikira, abandi batangira kumwoherereza amafaranga mu buryo butunguranye.

Mu butumwa yashyize kuri konti ye ya Instagram, Yolo yagize ati: “Sinzi niba ari urukundo rw’ukuri mungaragariza cyangwa niba hari ababa babeshya, ariko ndatangaye. Hari n’uwanyoherereje amafaranga nta n’impamvu dufitanye, ambwira ko yifuzaga gusa ko menya ko ankunda.”

Yakomeje avuga ko nubwo yari yarafashe igihe cyo kwitekerezaho no kuruhuka ku mbuga, atigeze atekereza ko azasanga hari abantu bagikurikirana ibyo akora ku buryo bwimbitse.

Yagize ati: “Ntabwo nigeze ntekereza ko nzasanga abantu banyitaho gutya. Nari nkeneye akanya ko kuruhuka, nkitekerezaho, no kongera gushyira ibintu ku murongo.”

Uyu mwanditsi w’ibiganiro ndetse n’umwe mu bakobwa bamenyekanye cyane mu rubyiruko kubera uburyo avuga ibitekerezo bye mu buryo butajenjeka, yavuze ko agiye kongera gusangiza abantu ibitekerezo n’ubuzima bwe bwa buri munsi, kuko yabonye ko hari benshi babikeneye.

Yolo The Queen asoza ashimira abamugaragarije urukundo, abasaba gukomeza kumuba hafi kuko agiye gutangira umushinga mushya w’ubuzima bwe, yibanda ku kubaka imibanire myiza n’ukwigisha urubyiruko kwiyubaha no kwigirira icyizere.

Yolo The Queen yagarutse ku mbuga nkoranyambaga, atangazwa n’urukundo akomeje kugaragarizwa n’abafana be
ADVERTISEMENT
Previous Post

“Kanye West ashenguwe n’amateka: Yifuje kubyarana na Paris Hilton aho kuba na Kim Kardashian!”

Next Post

Ferland Mendy umwe mu bakinnyi Real iribwifashije mu mukino, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Ferland Mendy umwe mu bakinnyi Real iribwifashije mu mukino, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

Ferland Mendy umwe mu bakinnyi Real iribwifashije mu mukino, nyuma y'imvune yaramaranye iminsi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

June 27, 2025
Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

June 27, 2025

Recent News

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

June 27, 2025
Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

June 27, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com