• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Yolo The Queen yagarutse ku mbuga nkoranyambaga, atangazwa n’urukundo akomeje kugaragarizwa n’abafana be

Umunyarwandakazi Phionah Kirenga, wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Yolo The Queen, amaze iminsi agarutse ku mbuga nyuma y’igihe kitari gito ataboneka cyane.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 26, 2025
in Imyidagaduro
0
Yolo The Queen yagarutse ku mbuga nkoranyambaga, atangazwa n’urukundo akomeje kugaragarizwa n’abafana be
0
SHARES
10
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyarwandakazi Phionah Kirenga, wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Yolo The Queen, amaze iminsi agarutse ku mbuga nyuma y’igihe kitari gito ataboneka cyane.

Uyu mukobwa usanzwe azwiho ubuhanga mu bijyanye n’imyidagaduro no gukora udushya dukurura abantu kuri internet, yatangaje ko yatunguwe cyane n’ubutumwa bwinshi yakiriye ubwo yongeye kugaragara ku mbuga.

Yolo The Queen yavuze ko atari yiteze ko abantu bakimwitayeho cyane, ahubwo akumva ko igihe yamaze acecetse cyari cyaratumye bamwibagirwa.

Nyamara siko byagenze, kuko ubwo yongeye gushyira ibintu kuri konti ze akoresha ku mbuuga nkoranyambaga, abantu benshi batangiye kumwandikira, abandi batangira kumwoherereza amafaranga mu buryo butunguranye.

Mu butumwa yashyize kuri konti ye ya Instagram, Yolo yagize ati: “Sinzi niba ari urukundo rw’ukuri mungaragariza cyangwa niba hari ababa babeshya, ariko ndatangaye. Hari n’uwanyoherereje amafaranga nta n’impamvu dufitanye, ambwira ko yifuzaga gusa ko menya ko ankunda.”

Yakomeje avuga ko nubwo yari yarafashe igihe cyo kwitekerezaho no kuruhuka ku mbuga, atigeze atekereza ko azasanga hari abantu bagikurikirana ibyo akora ku buryo bwimbitse.

Yagize ati: “Ntabwo nigeze ntekereza ko nzasanga abantu banyitaho gutya. Nari nkeneye akanya ko kuruhuka, nkitekerezaho, no kongera gushyira ibintu ku murongo.”

Uyu mwanditsi w’ibiganiro ndetse n’umwe mu bakobwa bamenyekanye cyane mu rubyiruko kubera uburyo avuga ibitekerezo bye mu buryo butajenjeka, yavuze ko agiye kongera gusangiza abantu ibitekerezo n’ubuzima bwe bwa buri munsi, kuko yabonye ko hari benshi babikeneye.

Yolo The Queen asoza ashimira abamugaragarije urukundo, abasaba gukomeza kumuba hafi kuko agiye gutangira umushinga mushya w’ubuzima bwe, yibanda ku kubaka imibanire myiza n’ukwigisha urubyiruko kwiyubaha no kwigirira icyizere.

Yolo The Queen yagarutse ku mbuga nkoranyambaga, atangazwa n’urukundo akomeje kugaragarizwa n’abafana be
ADVERTISEMENT
Previous Post

“Kanye West ashenguwe n’amateka: Yifuje kubyarana na Paris Hilton aho kuba na Kim Kardashian!”

Next Post

Ferland Mendy umwe mu bakinnyi Real iribwifashije mu mukino, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Ferland Mendy umwe mu bakinnyi Real iribwifashije mu mukino, nyuma y’imvune yaramaranye iminsi

Ferland Mendy umwe mu bakinnyi Real iribwifashije mu mukino, nyuma y'imvune yaramaranye iminsi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

January 12, 2026
U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

January 12, 2026
5K Etienne yerekanye umukunzi we mu mboni za rubanda

5K Etienne yerekanye umukunzi we mu mboni za rubanda

January 12, 2026
IShowSpeed yatangarije Isi yose ko u Rwanda kiri mu bihugu bifite uburanga

IShowSpeed yatangarije Isi yose ko u Rwanda kiri mu bihugu bifite uburanga

January 12, 2026

Recent News

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

January 12, 2026
U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

January 12, 2026
5K Etienne yerekanye umukunzi we mu mboni za rubanda

5K Etienne yerekanye umukunzi we mu mboni za rubanda

January 12, 2026
IShowSpeed yatangarije Isi yose ko u Rwanda kiri mu bihugu bifite uburanga

IShowSpeed yatangarije Isi yose ko u Rwanda kiri mu bihugu bifite uburanga

January 12, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

Umukobwa w’imyaka 20 witegura kuzaba Umwamikazi wa Espagne

January 12, 2026
U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

U Burundi bwohereje ingabo nyinshi i Kalemie, umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC urushaho kuzamba

January 12, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com