• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Zari Hassan arahatwitse, “Tiffah na Nillan ni abawe Diamond, nta DNA izahindura ibyo!”

Nyuma y’amagambo akomeye ya Diamond ku bana be, Zari ahagurutse amwibutsa ukuri kutavanwaho

PRINCE by PRINCE
August 12, 2025
in Imyidagaduro, Karabaye
0
Zari Hassan arahatwitse, “Tiffah na Nillan ni abawe Diamond, nta DNA izahindura ibyo!”
0
SHARES
13
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Zari Hassan

Umuriro mu rukundo rwa kera hagati ya Diamond Platnumz na Zari Hassan wongeye kwaka nyuma y’uko Diamond atangaje amagambo yatunguye isi yose. Mu minsi mike ishize, uyu muhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Iburasirazuba yavuze ko hari abana yitirirwa nk’abe nyamara ngo atari bo, ariko agahitamo kubarera bose kugira ngo atagirana amakimbirane n’ababyeyi babo.

Amagambo ye yahise acicikana ku mbuga nkoranyambaga, akongeza ibihuha by’uko bamwe mu bana be bashobora kuba badafite isano na we.

Ariko se Zari yari guceceka? Oya rwose! Uyu mugore w’ikimenyabose ukomoka muri Uganda yahise ahaguruka, yambika amagambo Diamond, amubwira ko abana bombi bafitanye Tiffah na Nillan ari abe mu buryo budashidikanywaho.

“Nta DNA ishobora guhindura ukuri. Abo ni abana bawe kuva ku munsi wa mbere,” ni ko Zari yateye imbwa muri iyi saga y’amagambo.

Ibi byose bikomeje gucamo ibice abakunzi ba Diamond ku mbuga nkoranyambaga, bamwe bamushyigikira bavuga ko ari uburenganzira bwe gusuzuma ukuri, abandi bakamushinja kwangiza izina ry’abana be no gushyira mu kaga umubano wabo.

Ese ibi bizasiga iyi saga ya Wasafi Family idasenyutse burundu, cyangwa se biracyari intangiriro y’indi myivumbagatanyo?

ADVERTISEMENT
Previous Post

Spice Diana ashyira amabanga hanze ku kwangwa kwa Albums muri Uganda

Next Post

Nyuma y’umwaka w’amakimbirane n’amagambo akomeretsa, Yago ashyira hasi intwaro asaba imbabazi ziturutse ku mutima

PRINCE

PRINCE

Next Post
Nyuma y’umwaka w’amakimbirane n’amagambo akomeretsa, Yago ashyira hasi intwaro asaba imbabazi ziturutse ku mutima

Nyuma y’umwaka w’amakimbirane n’amagambo akomeretsa, Yago ashyira hasi intwaro asaba imbabazi ziturutse ku mutima

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dubai iritegura kumurika imodoka zizajya zitwara abagenzi mu kirere

Dubai iritegura kumurika imodoka zizajya zitwara abagenzi mu kirere

October 15, 2025
Raila Odinga yitabye Imana

Raila Odinga yitabye Imana

October 15, 2025
Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

October 14, 2025
Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

October 14, 2025

Recent News

Dubai iritegura kumurika imodoka zizajya zitwara abagenzi mu kirere

Dubai iritegura kumurika imodoka zizajya zitwara abagenzi mu kirere

October 15, 2025
Raila Odinga yitabye Imana

Raila Odinga yitabye Imana

October 15, 2025
Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

October 14, 2025
Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

October 14, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dubai iritegura kumurika imodoka zizajya zitwara abagenzi mu kirere

Dubai iritegura kumurika imodoka zizajya zitwara abagenzi mu kirere

October 15, 2025
Raila Odinga yitabye Imana

Raila Odinga yitabye Imana

October 15, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com