• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Zelensky avuga ko Ukraine izatsindwa intambara niba Amerika igabanije inkunga

JaySqueezer by JaySqueezer
November 20, 2024
in Amakuru
0
Zelensky avuga ko Ukraine izatsindwa intambara niba Amerika igabanije inkunga
0
SHARES
6
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ku wa kabiri, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangarije Fox News ko Ukraine izatsindwa intambara mu gihe Washington, umuterankunga mukuru w’ingabo zayo, igagaritse inkunga.

Umuyobozi wa Ukraniya yavuze ko “byaba ari akaga cyane turamutse dutakaje ubumwe mu Burayi, kandi icy’ingenzi ni ubumwe hagati ya Ukraine na Amerika”.

Perezida w’Amerika watowe, Donald Trump yiyamamaje avugako agiye guhagarika uruhare rw’Amerika mu ntambara ya Ukraine ahubwo aga koresha
amafaranga y’abasoreshwa mu kuzamura imibereho y’Abanyamerika.
Yavuze ko azarangiza intambara y’Uburusiya na Ukraine mu masaha 24, atavuze uko azabijyenza.

Abajijwe niba Trump izashobora kugira uruhare kuri Putin guhagarika intambara, Zelensky yarashubije ati: “Ntabwo bizaba byoroshye ariko yego arabishobora kuko akomeye kurusha Putin.

Ku wa kabiri, Ukraine yarashe misile ndende zitangwa na Amerika ku butaka bw’Uburusiya ku nshuro ya mbere, nyuma y’umunsi umwe Amerika itanze uruhushya rwo kuzikoresha.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Kiliziya Gatolika yanze amadorari 40,000 ya Perezida wa Kenya

Next Post

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda bagaragaye mu rukiko rwa gisirikare

JaySqueezer

JaySqueezer

Next Post
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda bagaragaye mu rukiko rwa gisirikare

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda bagaragaye mu rukiko rwa gisirikare

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

January 3, 2026
Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

January 3, 2026
Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

January 3, 2026
Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo

Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo

January 3, 2026

Recent News

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

January 3, 2026
Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

January 3, 2026
Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

January 3, 2026
Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo

Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo

January 3, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

FERWAFA yagabanyije ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

January 3, 2026
Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

Ubuhamya bukomeye bw’uwahunze amabi ya FDLR na FARDC

January 3, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com