Hari abaturage bo mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza basaba inzego z’umutekano, kubafasha guhangana n’ikibazo cy’imbwa, zadutse muri ako gace batazi aho zaturutse, zikaba zikomeje kubarira amatungo bityo bakagira impungenge ko zishobora no kurya n’abantu.