• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Ibindi

Abasaza bashiriyeyo, serivisi yo kozwa mu mutwe nyuma yo kogoshwa ikomeje kuvugisha abatari bake

Abasaza bacu bashiriyeyo, bahora bavuga ko abakobwa bakora akazi ko koza abantu mu mutwe mu gihe barangije ku kogosha badakora gusa ku bw’isuku, ahubwo binyuze mu buryo bw’imitekerereze.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
September 1, 2025
in Ibindi
0
Abasaza bashiriyeyo, serivisi yo kozwa mu mutwe nyuma yo kogoshwa ikomeje kuvugisha abatari bake
0
SHARES
47
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Abasaza bacu bashiriyeyo, bahora bavuga ko abakobwa bakora akazi ko koza abantu mu mutwe mu gihe barangije ku kogosha badakora gusa ku bw’isuku, ahubwo binyuze mu buryo bw’imitekerereze. Iyo urangije kogoshwa inyogosho wifuzaga, bahita bakwinjiza mu kumba gato gakorerwamo amasuku bagahita batangira ku kwitaho mu buryo bwo ku koza mu mutwe.

Abo bakobwa bagukorera amasuku yo ku koza mu mutwe wawe begetseho umuryango. Iyo udafite umutima ukomeye, ushiduka wisanze mu makosa, rimwe na rimwe ntuba uzi aho wanyuze cyangwa ibyo wagiye utekereza.

Hari abavuga ko bakunyuramo no mu ntekerezo zawe ukisanga bakwicaye no kubibero cyangwa bakagukoza agatoki mu matwi, doreko uhita wumva ibinyugunyugu byinshi bikuzamukamo, nk’aho buri gitekerezo cyose ari igisubizo ku bibazo byawe.

Bamwe bavuga ko akazi ko koza mu mutwe akenshi gakorwa n’abakobwa gatuma umuntu yumva amerewe neza iyo amaze gukorerwa amasuku mu mutwe.

Umwe mu bo twaganiriye utifuje gutangaza amazina ye yagize icyo atangariza Kasuku Media ati: “Iyo umukobwa akora akazi ke neza, usanga umuntu ahora yibuka wa mukobwa wamukoze mu mutwe bityo bigatuma ushobora kuba wasubira kwiyogoshesha kandi nta n’umusatsi ufite, kaba niyo waba uherereye i Rubavu kandi uwo mukobwa wagukoreye amasuku yo mu mutwe ari i Kigali ujyayo ntakabuza icyikujyanyeyo ari ukwiyogoshesha gusa kugira uhabwe na serivisi yo kozwa mu mutwe.”

Gusa impamvu abasaza bavuga ko umukobwa aba akwiriye kuboza ku mutwe n’uko baba bumva bashaka kwitabwaho haba mu buryo bw’bitekerezo. Ni nk’uko umubyeyi wita ku mwana we cyangwa nk’uko abakobwa bakora akazi ko koza ku mutwe batanga umutekano w’amarangamutima y’umuntu.

Abasaza bacu bashiriyeyo, bahora bavuga ko abakobwa bakora akazi ko koza abantu mu mutwe mu gihe barangije ku kogosha badakora gusa ku bw’isuku, ahubwo binyuze mu buryo bw’imitekerereze
bashiriyeyo, serivisi yo kozwa mu mutwe nyuma yo kogoshwa ikomeje kuvugisha abatari bake
ADVERTISEMENT
Previous Post

Abazungu baje kudutambamira amateka, batwigisha ko Umwami Ruganzu II Ndoli yari igicucu

Next Post

Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
β€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

β€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
JoΕ‘ko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

JoΕ‘ko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026
Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

March 17, 2026

Recent News

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026
Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

March 17, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

Β© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

Β© 2024 KasukuMedia.com