• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Ibindi

Abasaza bashiriyeyo, serivisi yo kozwa mu mutwe nyuma yo kogoshwa ikomeje kuvugisha abatari bake

Abasaza bacu bashiriyeyo, bahora bavuga ko abakobwa bakora akazi ko koza abantu mu mutwe mu gihe barangije ku kogosha badakora gusa ku bw’isuku, ahubwo binyuze mu buryo bw’imitekerereze.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
September 1, 2025
in Ibindi
0
Abasaza bashiriyeyo, serivisi yo kozwa mu mutwe nyuma yo kogoshwa ikomeje kuvugisha abatari bake
0
SHARES
47
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Abasaza bacu bashiriyeyo, bahora bavuga ko abakobwa bakora akazi ko koza abantu mu mutwe mu gihe barangije ku kogosha badakora gusa ku bw’isuku, ahubwo binyuze mu buryo bw’imitekerereze. Iyo urangije kogoshwa inyogosho wifuzaga, bahita bakwinjiza mu kumba gato gakorerwamo amasuku bagahita batangira ku kwitaho mu buryo bwo ku koza mu mutwe.

Abo bakobwa bagukorera amasuku yo ku koza mu mutwe wawe begetseho umuryango. Iyo udafite umutima ukomeye, ushiduka wisanze mu makosa, rimwe na rimwe ntuba uzi aho wanyuze cyangwa ibyo wagiye utekereza.

Hari abavuga ko bakunyuramo no mu ntekerezo zawe ukisanga bakwicaye no kubibero cyangwa bakagukoza agatoki mu matwi, doreko uhita wumva ibinyugunyugu byinshi bikuzamukamo, nk’aho buri gitekerezo cyose ari igisubizo ku bibazo byawe.

Bamwe bavuga ko akazi ko koza mu mutwe akenshi gakorwa n’abakobwa gatuma umuntu yumva amerewe neza iyo amaze gukorerwa amasuku mu mutwe.

Umwe mu bo twaganiriye utifuje gutangaza amazina ye yagize icyo atangariza Kasuku Media ati: “Iyo umukobwa akora akazi ke neza, usanga umuntu ahora yibuka wa mukobwa wamukoze mu mutwe bityo bigatuma ushobora kuba wasubira kwiyogoshesha kandi nta n’umusatsi ufite, kaba niyo waba uherereye i Rubavu kandi uwo mukobwa wagukoreye amasuku yo mu mutwe ari i Kigali ujyayo ntakabuza icyikujyanyeyo ari ukwiyogoshesha gusa kugira uhabwe na serivisi yo kozwa mu mutwe.”

Gusa impamvu abasaza bavuga ko umukobwa aba akwiriye kuboza ku mutwe n’uko baba bumva bashaka kwitabwaho haba mu buryo bw’bitekerezo. Ni nk’uko umubyeyi wita ku mwana we cyangwa nk’uko abakobwa bakora akazi ko koza ku mutwe batanga umutekano w’amarangamutima y’umuntu.

Abasaza bacu bashiriyeyo, bahora bavuga ko abakobwa bakora akazi ko koza abantu mu mutwe mu gihe barangije ku kogosha badakora gusa ku bw’isuku, ahubwo binyuze mu buryo bw’imitekerereze
bashiriyeyo, serivisi yo kozwa mu mutwe nyuma yo kogoshwa ikomeje kuvugisha abatari bake
ADVERTISEMENT
Previous Post

Abazungu baje kudutambamira amateka, batwigisha ko Umwami Ruganzu II Ndoli yari igicucu

Next Post

Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

Abaturage ba Twishorezo baratabaza kubera ruhurura itenguka umunsi ku wundi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

December 11, 2025
Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

December 10, 2025
Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

December 10, 2025
Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye

Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye

December 10, 2025

Recent News

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

December 11, 2025
Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

December 10, 2025
Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

December 10, 2025
Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye

Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye

December 10, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

December 11, 2025
Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

December 10, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com